NI MWITEGEREZE UKO MUMEZE!

« Uku ni ko Uhoraho Nyen’ingabo agize ati: ‘Ni mwitegereze uko mumeze!’ »
(Igitabu ca Hagayi 1:7)

Rimwe na rimwe turibaza igituma utwigoro twacu twama tuvamwo umwimbu muke.
Turakora cane, ariko amahoro akaba make.
Turaronka amafaranga, ariko ntihagire igisigara.
Turabandanya gutera imbere, ariko tutagira uguhazwa nyakuri.

Mu Igitabu ca Hagayi, Imana yeretse ubwoko bwayo ko ikibazo kitari mu bihe barimwo gusa, ahubwo ko cari no mu mibereho yabo no mu vyo bashira imbere.

Imana yarababwiye iti:
“Ni mwitegereze uko mumeze!”

Mu yandi majambo: suzuma ubuzima bwawe.
Amahitamwo yawe, ingeso zawe n’ubucuti bwawe n’Imana bigira ico bikoze ku mibereho yawe.

Abantu benshi bipfuza ubuzima butandukanye n’ubwo barimwo, ariko ntibashake guhindura uko bameze canke inzira bacamwo.
Ariko nta mpinduka nyazo zibaho hatabanje kwisuzuma.

Imbere yo kwagiriza abandi canke ibihe urimwo, banza wihweze neza uko umeze.

• Suzuma uburyo uvuga.
• Suzuma abo mugendana.
• Suzuma amahitamwo yawe yo mu mpisho.
• Suzuma uko uhagaze imbere y’Imana.
• Suzuma ivyo wirukira mu buzima bwawe.

Kuko uko tumeze bigira uruhara ku kazoza kacu.

Ubuzima buri kure y’Imana bwama busiga ikinogo ata kintu na kimwe co muri iyi si gishobora kwuzuza.

IGISABISHO
Mwami, mfasha kwisuzuma mu kuri no kugaruka mu nzira zawe. Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

NIMWIBUKE IBYO MUKORA

“Uwiteka Nyiringabo aravuga ati: ‘Nimwibuke ibyo mukora.’”
(Igitabo cya Hagayi 1:7)

Rimwe na rimwe twibaza impamvu imihati yacu itera umusaruro muke.
Dukora cyane, ariko amahoro akaba make.
Tubona amafaranga, ariko ntihagire igikomera.
Dukomeza gutera imbere, ariko tudafite kunyurwa nyakuri.

Mu Igitabo cya Hagayi, Imana yeretse ubwoko bwayo ko ikibazo kitari mu bihe barimo gusa, ahubwo ko kiri no mu mibereho yabo no mu byo bashyira imbere.

Imana yarababwiye iti:
“Nimwibuke ibyo mukora.”

Mu yandi magambo: suzuma ubuzima bwawe.
Amahitamo yawe, ingeso zawe n’imibanire yawe n’Imana bigira ingaruka ku mibereho yawe.

Abantu benshi bifuza ubuzima butandukanye ariko badashaka guhindura icyerekezo.
Nyamara nta mpinduka nyazo zibaho hatabanje kwisuzuma.

Mbere yo gushinja abandi cyangwa ibihe urimo, fata umwanya urebe neza ibyo ukora.

• Suzuma uburyo uvuga.
• Suzuma abo ugenderamo n’abakugiraho ingaruka.
• Suzuma amahitamo yawe yihishe.
• Suzuma uko uhagaze imbere y’Imana.
• Suzuma ibyo wiruka inyuma mu buzima bwawe.

Kuko ibyo dukora bigira uruhare ku iherezo ryacu.

Ubuzima buri kure y’Imana buhora busiga icyuho nta kintu na kimwe cyo mu isi gishobora kuzuza.

ISENGESHO:
Mwami, mfasha kwisuzuma mu kuri no kugaruka mu nzira zawe. Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

SET YOUR HEARTS UPON YOUR WAYS

“Thus says the Lord of hosts: Set your hearts upon your ways.” (Book of Haggai 1:7)

Sometimes we wonder why our efforts produce so little.
We work hard, yet peace is missing.
We earn money, yet nothing seems to last.
We keep moving forward, yet without real satisfaction.

In the Book of Haggai, God shows His people that the problem was not only their circumstances, but also their conduct and priorities.

God said to them:
“Set your hearts upon your ways.”

In other words: examine your life.
Your choices, your habits, and your relationship with God all have an impact on the way you live.

Many people want a different life without changing direction.
But real change is impossible without self-examination.

Before blaming others or your circumstances, take a moment to honestly examine your ways.

• Examine the way you speak.
• Examine your relationships and influences.
• Examine your hidden choices.
• Examine your relationship with God.
• Examine what you are truly pursuing in life.

For our ways influence our destiny.

A life far from God will always create a void that nothing else can fill.

PRAYER:
Lord, help me to examine my life sincerely and return to Your ways. Amen.

Apostle Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

CONSIDÉREZ ATTENTIVEMENT VOS VOIES

«Ainsi parle l’Éternel des armées: Considérez attentivement vos voies !» (Livre d’Aggée 1:7)

Parfois, nous nous demandons pourquoi nos efforts produisent peu de résultats.
Nous travaillons beaucoup, mais la paix manque.
Nous gagnons, mais rien ne dure.
Nous avançons, mais sans véritable satisfaction.

Dans le Livre d’Aggée, Dieu montre au peuple que le problème ne vient pas seulement des circonstances, mais aussi de leur conduite et de leurs priorités.

Dieu leur dit:
«Considérez attentivement vos voies.»

Autrement dit: examinez votre vie.
Vos choix, vos habitudes et votre relation avec Dieu ont un impact sur votre manière de vivre.

Beaucoup veulent une vie différente sans changer de direction. Mais aucun changement réel n’est possible sans prise de conscience.

Avant d’accuser les autres ou les circonstances, prends un moment pour regarder honnêtement tes voies.

• Examine ta manière de parler.
• Examine tes fréquentations.
• Examine tes choix cachés.
• Examine ta relation avec Dieu.
• Examine ce que tu poursuis réellement dans la vie.

Car nos voies influencent notre destinée.

Une vie éloignée de Dieu finit toujours par produire un vide que rien ne peut remplir.

PRIÈRE
Seigneur, aide-moi à examiner ma vie avec sincérité et à revenir dans Tes voies. Amen.

Apôtre Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

NTIWIBAGIRE UWO URI MU MANA

Muri Bibiliya dusangamwo inkuru idufasha gutahura uburyo ivyiyumviro bimwebimwe n’ingene umutima umeze bishobora gutuma twibagira ko turi abana b’Imana.

Muri Luka 15, Yesu yavuze umugani w’umugabo yari afise abahungu babiri.
Umuhungu mutoya yasavye se umugabane w’itunga ryiwe, ava muhira aja kubaho mu bwigenge no mu buzima bw’ubuhumbu.
Ariko amaze gutakaza vyose, yagarutse kwa se, maze se amwakirana umunezero mwinshi kandi amutegurira umunsi mukuru.

Umuhungu mukuru abonye ukuntu se yanezerewe kubera ukugaruka kwa murumuna wiwe yari yazimiye, yagize ishari maze abwira se ati:
“Raba iyi myaka ingana irtya ngukorera…” (Luka 15:29)

Kubera ishari, yari yibagiye ko yari umuhungu kandi ko yari umuragwa.
Yiyumvira ko ari umusuku gusa.

Ni ko bimeze no kuri bamwe mu bana b’Imana: bibagira ko ari abana b’Imana maze bakabaho nk’abasuku, kandi ari abaragwa b’amasezerano y’Imana.

Ariko Imana “yagabiye kera ko duheshwa na Yesu Kristo gucika abana bayo kubgayo, nk’uko yabigomvye bikayihimbara.” (Abanyefeso 1:5)

Kandi Bibiliya ivuga iti:
“Mpwemu ubgiwe abgiririkanya n’impwemu yacu, ar’ icabona, yuko tur’ abana b’Imana.” (Abaroma 8:16)

Ariko hari ivyiyumvo bishobora gutuma twibagira abo turi mu Mana.

Ishari
Ishari rituma twama turaba imigisha y’abandi aho kuraba Imana.
Rituma twiyumvira ko tudafise agaciro canke ko Imana yatwibagiye.

Ubwoba
Ubwoba buraduhagarika kandi bugatuma tubaho nk’abaja: ubwoba bwo kwankwa, gutsindwa canke ubw’ejo hazoza.
Butuma twibagira ko Imana ari Data wa twese.

“Kukw Imana itaduhaye umutima w’ubujora: ariko yaduhaye uw’ ubushobozi n’urukundo n’ukwirinda.” (2 Timoteyo 1:7)

Ibindi vyiyumvo bibi n’ibi:
– Isoni
Isoni zituma twiyumvira ko tutagikwiye kwitwa abana b’Imana.
– Kwiyagiriza birenze urugero
Kwiyagiriza birenze urugero bituma duhunga Imana aho kuyigarukako nk’umwana asanga se.
– Ubwibone
Ubwibone butuma tubaho tutisunze Imana, nk’aho twokwibeshaho twenyene.
– Kwankwa
Kwankwa bituma twiyumvira ko nimba abantu badutaye, n’Imana yadutaye.
– Gucika intege
Gucika intege bituma twibagira amasezerano n’umurage Imana yateguriye abana bayo.
– Kwigereranya n’abandi
Kwigereranya n’abandi bituma dusuzugura ivyo Imana yashize muri twebwe.
– Umubabaro n’inzigo vyo mu mutima
Umubabaro n’inzigo vyo mu mutima bidutandukanya n’ubusabane dufitaniye n’Imana.
– Gukekeranya
Gukekeranya bituma dukekeranya urukundo n’ubwizigirwa bw’Imana.
– Gukunda ivy’isi
Gukunda ivy’isi bituma twibagira ubuzima bwacu bwo mu mpwemu.

Kenshi:
– ishari rituma turaba abandi;
– ubwoba bugatuma turaba ibibazo;
– ariko ukwizera gutuma turaba Imana.

Ukuri kwa Bibiliya kuguma ari kumwe:
“Murabe urukundo uko rungana Data wa twese yatugiriye, ko twitwa abana b’Imana; kandi ni ko turi.” (1 Yohana 3:1)

Intambara yo mu buryo bw’impwemu akenshi itangurira aho: kudutuma twibagira abo turi mu Mana.

ISENGESHO:
Mwami, dufashe kutazokwigera twibagira ko turi abana bawe. Kiza imitima yacu ishari, ubwoba, ugukekeranya n’ibindi vyose bidutandukanya nawe. Twigishe kubaho mu kwizera no mu kwizigira urukundo rwawe. Mw’izina rya Yesu Kristo. Amen.

Intumwa Dr. Jean-Claude SINDAYIGAYA

NTIWIBAGIRWE UWO URI WE MU MANA

Muri Bibiliya dusangamo inkuru idufasha kumva uburyo amarangamutima n’imimerere y’umutima bishobora gutuma twibagirwa ko turi abana b’Imana.

Muri Luka 15, Yesu yavuze inkuru y’umugabo wari ufite abahungu babiri.
Umwana muto yasabye umugabane w’umurage we, ava mu rugo ajya kubaho mu busambanyi no mu byaha.
Ariko amaze gutakaza byose, yagarutse kwa se, maze se amwakirana ibyishimo byinshi ndetse amutegurira ibirori.

Umuhungu mukuru abonye uko se yishimiye kugaruka kwa murumuna we wari warazimiye, yagize ishyari maze abwira se ati:
“Maze imyaka myinshi ngukorera…” (Luka 15:29)

Kubera ishyari, yibagiwe ko yari umuhungu n’umuragwa. Yitekerezaga nk’umugaragu gusa.

Ni ko bimeze no kuri bamwe mu bana b’Imana: bibagirwa ko ari abana bayo maze bakabaho nk’abagaragu, kandi ari abaragwa b’amasezerano y’Imana.

Nyamara Imana “yagambiriye kera ku bw’urukundo rwayo ko duhinduka abana bayo, tubiheshejwe na Yesu Kristo ku bw’ineza y’ubushake bwayo.” (Abefeso 1:5)

Kandi Bibiliya iravuga iti:
“Umwuka w’Imana ubwe ahamanya n’umwuka wacu yuko turi abana b’Imana.” (Abaroma 8:16)

Ariko hari amarangamutima menshi ashobora gutuma twibagirwa abo turi bo mu Mana.

Ishyari
Ishyari rituma tureba imigisha y’abandi aho kureba Imana. Rituma twumva ko tudafite agaciro cyangwa ko Imana yatwibagiwe.

Ubwoba
Ubwoba buraduparaliza, bugatuma tubaho nk’abacakara: gutinya kwangwa, gutsindwa cyangwa ejo hazaza. Butuma twibagirwa ko Imana ari Data wa twese.

“Kuko Imana itaduhaye umwuka w’ubwoba, ahubwo yaduhaye uw’imbaraga n’urukundo no kwirinda.” (2 Timoteyo 1:7)

Andi marangamutima mabi ni aya:
– Isoni
Zituma twumva tutagikwiriye kwitwa abana b’Imana.
– Kwicira urubanza bikabije
Bituma duhunga Imana aho kuyigarukaho nk’umwana ugarukira se.
– Ubwibone
Butuma tubaho tudakeneye Imana.
– Kwangwa
Bituma twumva ko niba abantu badutaye, Imana nayo yadutaye.
– Gucika intege
Bituma twibagirwa amasezerano n’umurage Imana yaduteguriye.
– Kwigereranya n’abandi
Bituma dusuzugura ibyo Imana yashyize muri twe.
– Umujinya n’agahinda byimbitse
Byangiza ubusabane bwacu n’Imana.
– Gushidikanya
Bituma dushidikanya ku rukundo n’ubudahemuka bw’Imana.
– Gukunda iby’isi
Bituma twibagirwa ko turi abantu b’ubwami bw’Imana.

Akenshi:
– Ishyari rituma tureba abandi;
– Ubwoba bugatuma tureba ibibazo;
– ariko Kwizera gutuma tureba Imana.

Ukuri kwa Bibiliya kuguma ari kwa kundi:
“Nimurebe urukundo ruhebuje Data wa twese yadukunze, rwatumye twitwa abana b’Imana kandi ni ko turi.” (1 Yohana 3:1)

Intambara yo mu mwuka akenshi itangirira aho: kudutera kwibagirwa uwo turi we mu Mana.

ISENGESHO
Mwami, dufashe kutazigera twibagirwa ko turi abana bawe. Kiza imitima yacu ishyari, ubwoba, gushidikanya n’ibindi byose bitwigiza kure yawe. Twigishe kubaho mu kwizera no mu byiringiro by’urukundo rwawe.
Mu izina rya Yesu Kristo. Amen.

Intumwa Dr. Jean-Claude SINDAYIGAYA

DON’T FORGET WHO YOU ARE IN GOD

In the Bible, we find a story that helps us understand how certain feelings and conditions of the heart can make us forget our identity as children of God.

In Luke 15, Jesus tells the story of a man who had two sons.
The younger son asked for his share of the inheritance, left his family, and went away to live in debauchery.
But after losing everything, he returned to his father, who welcomed him with joy and organized a celebration for him.

When the older son saw how happy his father was about the return of his lost younger brother, he became jealous and said to his father:
“Behold, I have been serving you for so many years…” (Luke 15:29)

Because of jealousy, he forgot that he was a son and an heir. He saw himself as nothing more than a servant.

The same happens to some children of God: they forget their identity as God’s children and live like servants, even though they are heirs of the divine promises.

Yet God has “predestined us to adoption as sons, through Jesus Christ, in himself, according to the purpose of his will.”
(Ephesians 1:5)

And the Bible declares:
« The Spirit himself renders testimony to our spirit that we are the sons of God. » (Romans 8:16)

However, many feelings can make us forget this identity.

Jealousy
Jealousy pushes us to look at the blessings of others instead of looking to God. It makes us believe that we are less valuable or that God has forgotten us.

Fear
Fear paralyzes us and makes us live like slaves: fear of rejection, failure, or the future. It makes us forget that God is our Father.

“For God has not given us a spirit of fear, but of virtue, and of love, and of self-restraint.” (2 Timothy 1:7)

Other dangerous feelings
– Shame makes us believe that we are no longer worthy to be called children of God.
– Excessive guilt pushes us to run away from God instead of returning to Him like a child to his father.
– Pride pushes us to live without depending on God, as though we could move forward on our own.
– Rejection makes us believe that if people abandon us, then God has abandoned us as well.
– Discouragement makes us forget the promises and inheritance God has prepared for His children.
– Comparison causes us to despise what God has placed within us by constantly looking at others.
– Bitterness fills the heart with wounds and gradually distances us from fellowship with the Father.
– Doubt questions God’s love, faithfulness, and even His presence in our lives.
– Love for the world attaches us so strongly to earthly things that we forget our spiritual identity.

Very often:
– jealousy makes us look at others;
– fear makes us look at problems;
– but faith makes us look at God.

The biblical truth remains the same:
“See what kind of love the Father has given to us, that we would be called, and would become, the sons of God. Because of this, the world does not know us, for it did not know him.” (1 John 3:1)

Spiritual warfare often begins there: making us forget who we truly are in God.

PRAYER:
Lord, help us never to forget that we are Your children. Heal our hearts from jealousy, fear, doubt, and everything that draws us away from You.
Teach us to live in faith and in the assurance of Your love. In the name of Jesus Christ. Amen.

Apostle Dr. Jean-Claude SINDAYIGAYA

N’OUBLIE PAS QUI TU ES EN DIEU

Dans la Bible, nous retrouvons une histoire qui peut nous aider à comprendre comment certains sentiments et états du cœur peuvent nous faire oublier notre identité d’enfant de Dieu.

En Luc 15, Jésus raconte l’histoire d’un homme qui avait deux fils.
Le plus jeune demanda sa part d’héritage, quitta sa famille et partit vivre dans la débauche.
Mais après avoir tout perdu, il retourna vers son père, qui l’accueillit avec joie et organisa une fête pour lui.

En voyant cela, le fils aîné fut jaloux et dit à son père :
«Voici, il y a tant d’années que je te sers…» (Luc 15:29)

À cause de la jalousie, il avait oublié qu’il était un fils et un héritier.
Il se considérait comme un simple serviteur.

Il en est de même pour certains enfants de Dieu : il leur arrive d’oublier leur identité d’enfants de Dieu et de vivre comme des serviteurs, alors qu’ils sont héritiers des promesses divines.

Pourtant, Dieu nous a:
« prédestinés dans son amour à être ses enfants d’adoption par Jésus-Christ.» (Éphésiens 1:5)

Et la Bible déclare que:
«L’Esprit lui-même rend témoignage à notre esprit que nous sommes enfants de Dieu.»
(Romains 8:16)

Mais plusieurs sentiments peuvent nous faire oublier cette identité.

La jalousie
La jalousie nous pousse à regarder les bénédictions des autres au lieu de regarder à Dieu.
Elle nous fait croire que nous avons moins de valeur ou que Dieu nous a oubliés.

La peur
La peur paralyse et nous fait vivre comme des esclaves : peur du rejet, de l’échec ou de l’avenir.
Elle nous fait oublier que Dieu est notre Père.
«Dieu ne nous a pas donné un esprit de timidité, mais de force, d’amour et de sagesse.»
(2 Timothée 1:7)

Voici d’autres sentiments dangereux:
– La honte nous fait croire que nous ne sommes plus dignes d’être appelés enfants de Dieu.
– La culpabilité excessive nous pousse à fuir Dieu au lieu de revenir vers Lui comme un enfant vers son père.
– L’orgueil nous fait vivre sans dépendre de Dieu, comme si nous pouvions avancer seuls.
– Le rejet nous fait croire que, puisque les hommes nous abandonnent, Dieu aussi nous abandonne.
– Le découragement nous fait oublier les promesses et l’héritage que Dieu a préparés pour Ses enfants.
– La comparaison nous fait mépriser ce que Dieu a mis en nous en regardant constamment les autres.
– L’amertume remplit le cœur de blessures au point d’éloigner notre communion avec le Père.
– Le doute remet en question l’amour, la fidélité et même la présence de Dieu dans notre vie.
– L’amour du monde nous attache tellement aux choses terrestres que nous oublions notre identité spirituelle.

Très souvent:
– la jalousie nous fait regarder les autres;
– la peur nous fait regarder les problèmes;
– mais la foi nous fait regarder Dieu.

La vérité demeure la même:
«Voyez quel amour le Père nous a témoigné, pour que nous soyons appelés enfants de Dieu !»(1 Jean 3:1)

Le combat spirituel commence souvent là: nous faire oublier qui nous sommes en Dieu.

PRIÈRE:
Seigneur, aide-nous à ne jamais oublier que nous sommes Tes enfants.
Guéris nos cœurs de la jalousie, de la peur, du doute et de tout ce qui nous éloigne de Toi.
Apprends-nous à vivre dans la foi et dans l’assurance de Ton amour.
Au nom de Jésus-Christ. Amen.

Apôtre Dr. Jean-Claude SINDAYIGAYA

TWE GUCOGORERA GUKORA NEZA UKO BYAGENDA KOSE

Ijambo ry’Imana ridushishikariza gukora ibyiza tudacogora.

« Twe gucogorera gukora neza, kuko igihe nigisohora tuzasarura nitutagwa isari. » (Abagalatiya 6:9)

Nubwo abo dukorera ibyiza batadushimira ku ineza yacu cyangwa nubwo bitwitura ikibi ku cyiza, ntidukwiye gucika intege, tugomba guhora dukora ibyiza uko byagenda kose.

Nta kintu na kimwe kigomba kutubuza gukora ibyiza, kuko Imana ishaka ko tubikora igihe cyose, kandi nayo iduha umugisha ku byiza byose dukora.

ISENGESHO:
Mwami Mana yacu, duhe ubutwari bwo guhora dukora ibyiza.
Ni mu izina ryiza ry’Umwana wawe Yesu Kristo tubisabye. Amen.

Intumwa Dr. Jean-Claude SINDAYIGAYA

TWAME DUKORA IVYIZA UKO BIRI KWOSE

Ijambo ry’Imana ridusaba gukora ivyiza tudacitse intege.

«Twame dukora ivyiza, ntiducobogore, kukw igihe ni cashika tuzokwimbura, ni tutarambirwa.» ( Ab’i Galatiya 6:9 )

Naho abo tugirira neza boba badakenguruka ineza tubagirira canke boba badusubiza ikibi ku ciza twabagiriye, ntibikwiriye kuduca intege, dukwiriye guhora dukora iciza uko biri kwose.

Nta kintu na kimwe gikwiye kuduca intege mu gukora ivyiza, kuko Imana ishaka ko twama tubikora, nayo ikadusukako imihezagiro ku vyiza vyose dukora.

IGISABISHO:
Mukama Mana yacu, duhe ubutwari bwo guhora dukora ivyiza. Ni mw’izina ridasanzwe ry’Umwana wawe Yezu Kristo tubisavye. Amen.

Intumwa Dr. Jean-Claude SINDAYIGAYA