TWICISHE BUGUFI

« Uwiteka arakenesha agakenura,Acisha bugufi agashyira hejuru. »(1 Samweli 2:7)

Uwo Imana yashyize hejuru yirinde (ye) kugira ubwibone kandi adasuzugura abandi, kugira ngo atarakaza Imana ngo imucishe bugufi.

« Umuntu wese w’ubwibone bwo mu mutima ni ikizira ku Uwiteka,Ni ukuri rwose ntazabura guhanwa. »(Imigani 16:5)
Imana yacu yicisha bugufi kandi izira abantu b’ubwibone n’agasuzuguro.

Uwo Imana yacishije bugufi nawe ntayireke kandi ntayituke, kuko niyicisha bugufi, Imana izamushyira hejuru.

Bibiliya itubwira ko « Imana irwanya abibone naho abicisha bugufi ikabahera ubuntu. »(1 Petero 5:5)
Imana yacu ikunda kandi izamura abantu bicisha bugufi.

Nimureke twicishe bugufi, kuko, « kuko uwishyira hejuru azacishwa bugufi, ariko uwicisha bugufi azashyirwa hejuru. »(Luka 18:14)

Intumwa SINDAYIGAYA Jean-Claude

TWICISHE BUGUFI

« Uhoraho ni we amukenesha kandi ni we amukenura, Ni we amucisha bugufi kandi ni we amushira hejuru. »(1 Samweli 2:7)

Uwo Imana yashize hejuru yirinde kugira ubgibone no gusuzugura abandi, kugira ngo ntababaze Imana ngo bitume imucisha bugufi.

« Umuntu wese w’ubgibone mu mutima n’igisesema k’Uhoraho; Vy’ukuri akazobura guhanwa! »(Imigani 16:5)
Imana yacu yicisha bugufi kandi izira abantu b’ubgibone n’agasuzuguro.

Uwo Imana yacishije bugufi nawe ntayihebe kandi ntayituke, kuko niyemera agaca bugufi, Imana izomushira hejuru.

Bibiliya itubwira ko « Imana irwanya abibona, arikw abicisha bugufi ikabaha ubuntu. »(1 Petero 5:5)
Imana yacu ikunda kandi ishira hejuru abantu bicisha bugufi.

Nimureke twicishe bugufi, kuko, « kuk’ uwishira hejuru wese azocishwa bugufi, arik’ uwicisha bugufi azoshirwa hejuru.(Luka 18:14)

Intumwa SINDAYIGAYA Jean-Claude

LET’S BE HONEST

If man hides himself to commit certain sins, it is to protect his notoriety in his community and deceive those who respect him.

Indeed, it is in vain that we try to deceive men because they end up revealing or discovering us although they do not always dare to tell it to us.

In addition, although we hide ourselves, our God Himself sees us.
He says:
« I am the Lord who search the heart, and prove the reins: who give to every one according to his way, and according to the fruit of his devices. » (Jeremiah 17:10)
And He adds:
« These things hast thou done, and I was silent. Thou thoughtest unjustly that I should be like to thee: but I will reprove thee, and set before thy face. »(Psalms 50:21)

Instead of trying to appear honest in front of people while we are bad and hypocrites, we should rather try to be sincerely honest in the eyes of God.

PRAYER :
Lord our God, help us to be honest in your eyes and in the eyes of men.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

Apostle Jean-Claude SINDAYIGAYA

SOYONS INTÈGRES

Si l’homme se cache pour commettre certains péchés, c’est pour protéger sa notoriété dans sa communauté et tromper ceux qui le respectent.

En effet, c’est en vain que nous tentons de tromper les gens, parce qu’ils finissent par nous dévoiler, bien qu’ils n’osent pas toujours nous le dire.
En plus, quoique nous nous cachions, notre Dieu Lui, nous voit.
Il dit:
« Moi, l’Éternel, j’éprouve le coeur, je sonde les reins, Pour rendre à chacun selon ses voies, Selon le fruit de ses oeuvres. »(Jérémie 17:10)
Et Il dit encore:
« Voilà ce que tu as fait, et je me suis tu. Tu t’es imaginé que je te ressemblais; Mais je vais te reprendre, et tout mettre sous tes yeux. »(Psaumes 50:21)

Au lieu de chercher à paraître intègres devant les gens alors que nous sommes mauvais, malhonnêtes et hypocrites, nous devrions plutôt chercher à être sincèrement intègres aux yeux Dieu.

PRIÈRE:
Éternel notre Dieu, donnez-nous d’être intègres à vos yeux et aux yeux des hommes.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

Apôtre Jean-Claude SINDAYIGAYA

TUBE INYANGAMUGAYO

Niba umuntu yihisha agiye gukora ibyaha bimwe na bimwe, ni ukugira ahishe ingeso mbi ze, akomeze agaragara nk’umuntu mwiza mu bandi, by’umwihariko aho atuye.

Muby’ukuri, n’iby’ubusa kubeshya abantu, tukabiyereka uko tutari, kuko birangira batuvumbuye n’ubwo badahora batinyuka kubitubwira.
Byongeye, n’ubwo twihisha, Imana yacu yo ubwayo iratubona.
Imana igira iti:
« Jye Uwiteka ni jye urondora umutima nkawugerageza, nkitura umuntu wese ibihwanye n’inzira ze, uko imbuto ziva mu mirimo ye ziri. »(Yeremiya 17:10)
Kandi irongera ikagira iti:
« Ibyo bintu wabikoze, ndaceceka. Watekereje kurenganya ko ngomba kumera nkawe, ariko nzagucyaha, mbishyire imbere yawe. »(Zaburi 50:21)

Aho guhora dushaka kugaragara nk’abakiranutsi mu maso y’abantu, twigira abakiranutsi kandi turi babi, twagomba gukiranuka nyabyo mu maso y’Imana, noneho, tukaba inyangamugayo nyazo.

ISENGESHO:
Uwiteka Mwami Mana yacu, dushoboze kuba inyangamugayo mu maso yawe no mu maso y’abantu.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu Kristo tubisabye, Amen.

Intumwa Jean-Claude SINDAYIGAYA

TUBE ABANYAKURI

Agasangwa umuntu ahora yihisha iyo agiye gukora ivyaha bimwe bimwe, kuba ari kugira ahishe ingeso mbi ziwe, agume agaragara nk’umuntu mwiza mu bandi, na cane cane aho aba.

Muvy’ukuri, n’ivy’ubusa kubesha abantu tukabiyereka uko tutari, kuko, impera n’imperuka baruhira kuduhinyura.
Vyongeye, n’ubwo twihisha, Imana yacu yo iratubona.
Imana ivuga iti:
« Ni jewe Uhoraho nsesa umutima, nkagerageza umushaha, kugira ngo ngerere umuntu wese ibikwiranye n’ingeso ziwe, n’ibikwiranye n’ivy’ ibikorwa vyiwe vyeze. »(Yeremiya 17:10)
Kandi irongera ikavuga iti:
« Ivyo urabikora, nanje ngahora, Ukiyumvira yuko mpwanye nawe rwose: Ariko nzoguhana, mbishire imbere y’amaso yawe, uko bikurikirana. »(Zaburi 50:21)

Ha guhora turondera kwiyeza mu maso y’abantu, twigira intungane kandi turi babi, twari dukwiriye kurondera kwera mu maso y’Imana, tukaba abanyakuri nyabo.

IGISABISHO:
Uhoraho, Mwami Imana yacu, dushoboze kuba abanyakuri nyabo mu maso yawe no mu maso y’abantu.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu Kristo tubisavye, Amen.

Intumwa Jean-Claude SINDAYIGAYA

WHO LIKES HYPOCRISY ?

Nobody, even the hypocrites themselves, does not like hypocrisy.
If hypocrites do not like others to be hypocritical towards them, it is because hypocrisy is dangerous.

« Woe to you, teachers of the low and Pharisees, you hypocrites! You clean the outside of the cup and dish, but inside they are full of greed and self-indulgence. »(Matthew 23:25)

Outwardly the behavior of the Pharisees and teachers of the low was impeccable, but inwardly they lacked a truly lawful mind; they were « filled with greed and self-indulgence ».

Jesus reminds us that it is useless to appear outwardly good or kind if inwardly we remain bad and wicked.

In my own life, am I like those whom Jesus rebukes? And in my attitudes, how am I outwardly, and inwardly?
May God help us to be people of integrity.

PRAYER:
Lord our God, give us integrity and protect us from the wicked acts of hypocrites.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

Apostle Jean-Claude SINDAYIGAYA

QUI AIME L’HYPOCRISIE ?

Personne, même les hypocrites eux-mêmes, n’aime pas l’hypocrisie.
Si alors les hypocrites eux-mêmes n’aiment pas que les autres soient hypocrites envers eux, c’est parce que l’hypocrisie est dangereuse.

« Malheur à vous, scribes et pharisiens hypocrites! parce que vous nettoyez le dehors de la coupe et du plat, et qu’au dedans ils sont pleins de rapine et d’intempérance. »(Matthieu 23:25)

De l’extérieur, le comportement des pharisiens et des scribes était impeccable, mais intérieurement, ils n’avaient pas un esprit véritablement conforme à la Loi ; ils étaient « remplis de cupidité et d’intempérance ».

Jésus nous rappelle qu’il ne sert à rien de paraître extérieurement bon ou gentil si intérieurement l’on reste mauvais et méchant.

Dans ma propre vie, suis-je semblable à ceux-là que Jésus réprimande?
Et dans mes attitudes, comment suis-je extérieurement, et intérieurement?
Que Dieu nous aide à être des personnes intègres.

PRIÈRE:
Seigneur notre Dieu, donnez-nous d’être intègres et protégez-nous contre les actes méchants des hypocrites.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

Apôtre Jean-Claude SINDAYIGAYA

NINDE UTANGA UBURYARYA ?

Nta muntu n’umwe ukunda uburyarya, ndetse n’abantu b’indyarya ubwabo, ntabwo bakunda uburyarya.
Niba indyarya zidakunda ko abandi bazibera indyarya, ni ukubera ko uburyarya ari akaga.

« Mwebwe banditsi n’Abafarisayo, mwa ndyarya mwe, muzabona ishyano kuko mwoza inyuma y’igikombe n’imbehe, ariko imbere yabyo huzuye ubwambuzi bwanyu no kutirinda. »(Matayo 23:25)

Inyuma, imyitwarire y’Abafarisayo n’abanditsi bari ntamakemwa, ariko imbere ntibari bafite ubwenge bwemewe n’amategeko; bari « buzuye ubwambuzi no kutirinda ».

Yesu aratwibutsa ko ntacyo bimaze kugaragara inyuma neza cyangwa nk’abantu beza niba imbere dukomeje kuba abantu babi kandi b’inabi.

Ese mu buzima bwanjye, naba meze nkabo Yesu yacyashye?
Ese mu myitwarire yanjye, meze nte inyuma n’imbere?
Imana idufashe kuba abantu b’inyangamugayo.

ISENGESHO:
Mwami Mana yacu, duhe ubunyangamugayo kandi uturinde ibikorwa bibi by’indyarya.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu Kristo tubisabye, Amen.

Intumwa Jean-Claude SINDAYIGAYA

NINDE ATANKA UBURYARYA ?

Nta muntu n’umwe akunda uburyarya, mbere n’abantu b’indyarya ubwabo, ntibakunda uburyarya.
Niba abantu b’indyarya badakunda ko abandi bababera indyarya, n’uko uburyarya ari bubi.

« Muzobona ibara, mwebge abanyabgenge b’ivyanditswe n’Abafarisayo, mwa ndyarya mwe, kuko mwoza igikombe n’inkoko inyuma, arikw imbere vyuzuye ubgambuzi n’ukutigarura. »(Matayo 23:25)

Abafarisayo n’abanyabgenge b’ivyanditswe bari ba bera hino.
Inyuma, bagaragara nk’abantu beza, basonera amategeko y’ivyanditswe, ariko imbere bari babi, kuko barangwa n’ubgambuzi n’ukutigarura.

Yesu aratwibutsa ko ataco bimaze kugaragara inyuma neza canke nk’abantu beza kandi imbere tuguma turi abantu babi kandi b’ikibi.

None mu buzima bwanje, noba meze nkabo Yesu yanka? canke mu myitwarire yanje, meze nte inyuma n’imbere?
Imana idufashe kuba abantu batagira ubudyarya.

IGISABISHO:
Mwami Mana yacu, duhe kuba intungane kandi uturinde ibikorwa bibi vy’abantu b’indyarya.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu Kristo tubisavye, Amen.

Intumwa Jean-Claude SINDAYIGAYA