UMUTIMA UDASHIMA WIBAGIRWA IBYIZA WAKOREWE

Akenshi ikosa rito rituma umutima w’umuntu wibagirwa imyaka myinshi y’ineza yakorewe.
Ijambo rimwe ry’akababaro cyangwa kutumvikana bihita bisiba byose.
Ni intege nke y’umutima: wibagirwa vuba ibyiza ukorerwa.

«Urukundo …rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose, rwihanganira byose.» (1 Abakorinto 13:5-7)

Kenshi ducira abandi urubanza vuba iyo batabashije kuzuza ibyifuzo byacu.
Tukibagirwa ibyo badukoreye byiza, amasengesho yabo, n’ubudahemuka bwabo.
Nyamara Ijambo ry’Imana ridushishikariza kutibagirwa ibyiza twagiriwe n’Imana ndetse n’abantu.

Umwanditsi wa Zaburi yaririmbye agira ati:
“Mutima wanjye himbaza Uwiteka,Ntiwibagirwe ibyiza yakugiriye byose.” (Zaburi 103:2)

Ingero za Bibiliya:

Abisirayeli bibagiye Imana yabakijije mu Misiri.
«Bibagirwa Imana Umukiza wabo,Yakoreye ibikomeye muri Egiputa.» (Zaburi 106:21)

Petero yahakanye Yesu, ariko Yesu ntiyamwibagiwe.
«Umwami Yesu arakebuka yitegereza Petero, nuko Petero yibuka amagambo Umwami yari yamubwiye ati “Uyu munsi inkoko itarabika, uri bunyihakane gatatu.”» (Luka 22:61)

Yozefu yagiriwe nabi n’abavandimwe be, ariko yarabababariye.
«Ku bwanyu mwari mushatse kungirira nabi, ariko Imana yo yashakaga kubizanisha ibyiza…» (Intangiriro 50:20)

Urukundo nyakuri ntirwibagirwa; rufata mu mutima ibyiza.
Umugenzi w’ukuri ntahunga mu gihe cy’amakuba, ahubwo ahora hafi.

«Incuti zikundana ibihe byose,Kandi umuvandimwe avukira gukūra abandi mu makuba.» (Imigani 17:17)

ISENGESHO:
Mwami,
Nyigisha kwibuka ibyiza,
no gukunda n’igihe abandi bananiwe.
Shyira mu mutima wanjye ishimwe n’imbabazi, nk’uko biri mu mutima wawe.
Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

UMUTIMA UDASHIMA URIBAGIRA IVYIZA WAKOREWE

Akenshi, ikosa rimwe, rimwe gusa umuntu akorewe riratuma umutima wiwe wibagira imyaka myinshi y’ineza yakorewe.
Ijambo rimwe ritewe n’ishavu, canke ukutumvikana, birahindura vyose!
Uko niko umutima w’imtashima umeze: wibagira vuba ivyiza wakorewe.

«Urukundo…rurenzako muri vyose, rwizera vyose, rwizigira vyose, rwihanganira vyose.» (1 Abakorinto 13:5-7)

Kenshi turacira abandi urubanza rwihuse iyo batabashije kudukorera ivyo tubaronderako.
Twibagira ivyiza badukoreye, amasengesho yabo n’ubudahemuka bwabo.
Ariko Ijambo ry’Imana riduhimiriza kutibagira ivyiza twagiriwe n’Imana hamwe n’abantu.

Umwanditsi wa Zaburi yaririmvye, ati:
«Mutima wanje, himbaza Uhoraho;
Ntiwibagire ivyiza yakugiriye vyose.» ( Zaburi 103:2 ).

Uturorero two muri Bibiliya:

Abisirayeli bibagiye Imana yabakijije muri Egiputa.
«Bibagira Imana, Umukiza wabo,
Yakoreye ibikomeye muri Egiputa.» (Zaburi 106:21)

Petero yihakanye Yesu, ariko Yesu ntiyamwibagiye.
«Umwami Yesu arakebuka, yitegereza Petero. Petero yibuka rya jambo ry’Umwami, ingene yamubgiye, at’ Uyu musi inkoko itarabika, uja kunyihakana gatatu.» (Luka 22:61)

Yozefu yagiriwe nabi n’abavukanyi biwe, ariko yarababariye.
«Kubganyu mwagabiye kungirira nabi, arikw Imana yo yagabiye kubizanisha ivyiza…» (Itanguriro 50:20)

Urukundo rw’ukuri ntirwibagira ivyiza.
Umugenzi w’ukuri aguma hafi y’uwuri mu ngorane, kandi aramushigikira.

«Umukunzi akundana ibihe vyose,
Kandi yavukiye kukubera nk’uwo muvukana mu magorwa.» (Imigani 17:17)

IGISABISHO:
Mwami,
Nyigisha guhora nibuka ivyiza nakorewe, no kurengera ibintanshimisha nkorerwa.
Shira mu mutima wanje ugushimira abandi no kubagirira imbabazi, nk’uko biri mu mutima wawe.
Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

LE TEMPS DES TRIBULATIONS ET L’ANTÉCHRIST

I. Le temps des tribulation

La Bible nous annonce clairement qu’un temps de tribulations exceptionnel viendra, où de nombreuses personnes seront éprouvées dans leur foi. Jésus lui-même a dit:

«Je vous ai dit ces choses, afin que vous ayez la paix en moi. Dans le monde, vous aurez des tribulations; mais prenez courage, j’ai vaincu le monde.»(Jean 16:33)

Cela signifie que les croyants seront éprouvés, mais ne seront jamais abandonnés.
Dieu garde toujours les restants fidèles, même lorsque tout semble chaotique.
(Romains 11:4-5)

II. Comment se comporter durant ces temps

1. Persévérer dans la foi

«Celui qui persévérera jusqu’à la fin sera sauvé.» (Matthieu 24:13)

Dans ces temps, Dieu nous demande de garder la foi comme notre bouclier (Éphésiens 6:16). Il faut s’engager à ne jamais accepter quoi que ce soit qui nous éloigne de Lui.

2. Continuer à prier et rester vigilants

«Veillez et priez, afin que vous ne tombiez pas en tentation.» (Marc 14:38)

La prière est notre arme pour rester en communion avec Dieu, demander la force et discerner spirituellement ce que le monde ne voit pas.

3. Ne pas avoir peur

«Ne crains rien, car je suis avec toi ; ne sois pas effrayé, car je suis ton Dieu.» (Esaïe 41:10)

L’Antéchrist cherchera à utiliser la peur pour que les hommes acceptent le signe de la bête, mais Dieu nous dit : N’aie pas peur.

III. La Parole de Dieu sur le signe de la bête

«Et tous devront recevoir le signe sur leur main droite ou sur leur front… mais les serviteurs de Dieu refuseront.» (Apocalypse 13:16-17)

Les vrais enfants de Dieu connaîtront la vérité, et le Saint-Esprit les aidera à refuser ce signe.
Accepter Jésus-Christ comme Seigneur et Sauveur est le seul moyen de ne pas recevoir le chiffre de la bête.

1. Qu’est-ce que le signe de la bête ?

Dans Apocalypse 13:16-18, il est dit:
«Il fit que tous, petits et grands, riches et pauvres, libres et esclaves, reçoivent une marque sur leur main droite ou sur leur front, afin que personne ne puisse acheter ou vendre, sauf celui qui a la marque…»

Le signe de la bête n’est pas seulement effrayant: il représente l’abandon de Dieu et l’acceptation de l’autorité du monde contre Christ.
C’est un signe de soumission à Satan.

2. Comment les gens recevront ce signe?

La Parole montre que l’Antéchrist utilisera le pouvoir mondial pour créer un système où la vie quotidienne, le commerce et la survie dépendront de l’acceptation du signe:

«Personne ne pût acheter ni vendre, sans avoir la marque, le nom de la bête ou le nombre de son nom.» (Apocalypse 13:17)

Ainsi, ceux qui veulent vivre normalement (manger, acheter, gagner de l’argent) seront confrontés à un choix: vivre selon le monde ou rester fidèle à Christ.

3. Comment se protéger contre ce signe?

La Bible indique trois voies principales :

a) Rester en Christ et marcher dans l’Esprit

«Il n’y a donc maintenant aucune condamnation pour ceux qui sont en Christ Jésus.» (Romains 8:1)

«Ne savez-vous pas que vous êtes le temple de Dieu et que l’Esprit de Dieu habite en vous?» (1 Corinthiens 3:16)

Être en Christ et posséder l’Esprit Saint protège contre le signe de la bête.
Vivre selon l’Esprit est donc la voie principale pour résister.

b) S’accrocher à la Parole de Dieu

«Je me suis attaché à ta Parole et je ne mourrai jamais dans l’erreur.»

«Ta Parole est une lampe à mes pieds et une lumière sur mon sentier.» (Psaume 119:105)

La Parole permet de discerner le vrai du faux.
Ceux qui s’y tiennent sauront refuser le signe, même s’il se présente comme technologie, médecine ou politique.

c) Ne pas aimer le monde et ses richesses

«N’aimez pas le monde ni ce qui est dans le monde. Celui qui aime le monde n’a pas en lui l’amour du Père.» (1 Jean 2:15)

Ceux qui recevront le signe le feront par amour pour le confort, l’argent ou l’honneur.
Les serviteurs de Dieu accepteront pauvreté et persécution, mais jamais la négation de Christ.

4. Dieu protège ses enfants

«Aucun acte secret ne restera caché à Dieu. Le Seigneur mettra un signe de vie sur la tête de ses serviteurs fidèles.» (Ézéchiel 9:4-6)

Apocalypse 7:2-3 mentionne aussi le signe de Dieu:
«N’atteignez pas la terre, la mer ou les arbres, tant que nous n’avons pas marqué du sceau les serviteurs de notre Dieu.»

Ce signe est l’Esprit Saint et le sang de Christ.
Ceux qui le possèdent ne peuvent recevoir le signe de la bête.

5. Les signes d’une personne prête à refuser le signe de la bête

Une personne prête à refuser le signe de la bête:

Est courageuse et fidèle à la vérité, même si elle meurt pour elle.

Possède un esprit de prière constant.

Aime Dieu plus que tout.

Est guidée par le Saint-Esprit.

Se confie uniquement en Jésus-Christ comme Sauveur et Seigneur.

6. En résumé

Pour se protéger contre le signe de la bête:

1. Accepter Jésus-Christ comme Seigneur et Sauveur.

2. Vivre dans le Saint-Esprit.

3. Connaître et appliquer la Parole de Dieu.

4. Ne pas aimer le monde et ses biens.

5. Rester vigilant et prier pour ne pas tomber en tentation.

6. Accepter la persécution plutôt que de renier Christ.

7. Prière pour se protéger

Dieu Tout-Puissant, Seigneur de miséricorde et de puissance,
Au nom de Jésus-Christ, je Te demande de me protéger, moi et ma famille, dans ces temps de tribulation.
Donne-nous la force de rester fermes dans Ta vérité et de ne pas tomber en tentation.
Que Ton Esprit Saint nous guide pour reconnaître et éviter le péché.
Marque-nous avec le sang de Christ pour que nous ne recevions pas le signe de la bête.
Permets que nous restions dans Ta paix et dans Ta victoire jusqu’à la fin.
Au nom de Jésus-Christ, Amen.

Apôtre Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

MONEY REVEALS THE HEART

Do you want to know a man?
Give him money.
Money does not change the heart — it reveals it.
It brings out what was hidden deep inside.
When someone receives money, all hidden attitudes come to light: pride, arrogance, harshness, immorality, contempt, selfishness, and many others.
Money exposes everything the person was hiding behind apparent humility.

“For where your treasure is, there your heart will be also.”
(Matthew 6:21)

Money is a spiritual test.
It reveals our priorities and motives.
Judas chose it over Jesus.
Ananias and Sapphira lied because of it.
But Zacchaeus, touched by grace, used it to make things right.

“The love of money is a root of all kinds of evil.” (1 Timothy 6:10)

Money is not a curse, but a mirror.
It shows what we truly love
and reveals whether God truly reigns in our hearts.

“Whoever is faithful in little is faithful also in much.” (Luke 16:10)

God does not look at what we own, but at how we use what He has entrusted to us.
The real treasure is not in our hands, but in a pure and faithful heart.

PRAYER:
Lord, Keep my heart pure toward money.
Help me be faithful, humble, and generous.
You alone are my true treasure.
Amen.

Apostle Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

L’ARGENT RÉVÈLE LE CŒUR

Veux-tu connaître l’homme ? Donne-lui de l’argent.
Car l’argent ne change pas le cœur — il le révèle.
Il fait ressortir ce qui était caché au fond de l’homme.
Quand quelqu’un reçoit de l’argent, toutes les attitudes dissimulées apparaissent:
l’orgueil, l’arrogance, la dureté, la débauche, le mépris, l’égoïsme, et bien d’autres encore.
L’argent met à nu tout ce que l’homme cachait derrière son apparente humilité.

«Là où est ton trésor, là aussi sera ton cœur.» (Matthieu 6:21)

L’argent est un test spirituel.
Il révèle nos priorités et nos motivations profondes.
Judas l’a préféré à Jésus.
Ananias et Saphira ont menti à cause de lui.
Mais Zachée, touché par la grâce, l’a utilisé pour réparer ses torts.

«L’amour de l’argent est une racine de tous les maux.»
(1 Timothée 6:10)

L’argent n’est pas une malédiction, mais un miroir.
Il montre ce que nous aimons le plus et dévoile si Dieu règne vraiment sur notre cœur.

«Celui qui est fidèle dans les petites choses l’est aussi dans les grandes.» (Luc 16:10)

Dieu ne regarde pas ce que nous possédons, mais comment nous utilisons ce qu’Il nous confie.
Le véritable trésor n’est pas dans nos mains, il est dans un cœur pur et fidèle.

PRIÈRE:
Seigneur, Garde mon cœur pur face à l’argent.
Aide-moi à être fidèle, humble et généreux.
Toi seul es mon vrai trésor.
Amen.

Apôtre Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

AMAFARANGA AGARAGAZA UMUTIMA W’UMUNTU

Urashaka kumenya umuntu?
Muhe amafaranga.
Amafaranga ntiyahindura umutima, ariko arawugaragaza.
Agaragaza ibihishwe mu mutima w’umuntu.
Iyo umuntu abonye amafaranga, ingeso zose zari zihishe muri we ziragaragara:
ubwirasi, ubwibone, ubugome, ubusambanyi, agasuzuguro, kwikunda, n’izindi nyinshi.
Amafaranga agaragaza ibyo umuntu ahisha inyuma y’uburyo bw’ubwiyorobetsi.

“Kuko aho ubutunzi bwawe buri ari ho n’umutima wawe uzaba.” (Matayo 6:21)

Amafaranga ni ikigeragezo cy’umwuka.
Agaragaza ibyo dushyira imbere n’ibyo dukunda.
Yuda yayatoranyije kuruta Yesu.
Ananiya na Safira barayabesheye.
Ariko Zakayo, amaze kugirirwa neza, yayakoresheje mu gukosora amakosa ye.

“Gukunda impiya ari umuzi w’ibibi byose…” (1 Timoteyo 6:10)

Amafaranga si umuvumo, ahubwo ni indorerwamo.
Agaragaza ibyo dukunda cyane,
kandi atwereka niba Imana ari yo iyobora imitima yacu.

“Ukiranuka ku cyoroheje cyane, aba akiranutse no ku gikomeye. Kandi ukiranirwa ku cyoroheje cyane, aba akiraniwe no ku gikomeye.” (Luka 16:10)

Imana ntireba ibyo dufite,
ahubwo ireba ukuntu tubikoresha.
Ubutunzi nyakuri s’ibiri mu ntoki zacu, ahubwo buri mu mutima wera kandi w’ukwizera.

ISENGESHO:
Mwami, Rinda umutima wanjye imbere y’amafaranga.
Mfasha kuguma ndi inyangamugayo kandi ntanga.
Ni wowe wenyine uri ubutunzi nyakuri. Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

AMAHERA ARAGARAGAZA UMUTIMA W’UMUNTU

Urashaka kumenya umuntu?
Muhe amahera.
Amafaranga canke amahera ntahindura umutima w’umuntu, awugaragaza uko uri.
Agaragaza ivyo umuntu anyegeje mu mutima.
Iyo umuntu abonye amafaranga, ingeso zose zari zinyegeje muriwe zica zija ahabona:
ubwirasi, ubwibone, amanyama, ubusambanyi, agasuzuguro, ukwigenga, n’izindi nyinshi.
Amafaranga asambura ico umuntu yari anyegeje inyuma y’ubwiyorobetsi.

“Kuko ah’ ubutunzi bgawe buri, ari ho umutima wawe uzoba.” (Matayo 6:21)

Amafaranga ni ikigeragezo c’impwemu.
Agaragaza ivyo dukunda n’ivyo dushira imbere.
Yuda yayahisemwo kuruta Yesu.
Ananiya na Safira barayabesheye.
Ariko Zakayo, akoze ku buntu bw’Imana, yayakoresheje mu gusubiza abo yakoreye nabi.

“Kuko gukunda amahera ar’imizi y’ibibi vyose…” (1 Timoteyo 6:10)

Amafaranga s’umuvumo, ahubwo n’icirore umuntu yirabamwo.
Yerekana ivyo dukunda cane
kandi agaragaza ko Imana iri hejuru y’umutima wacu canke atari vyo.

“Ugabitanya ku coroshe cane, agabitanya no ku gikomeye.” (Luka 16:10)

Imana ntiyitegereza ivyo dufise, ahubwo iraba ukuntu tubikoresha.
Ubutunzi nyakuri s’ibiri mu ntoke zacu, ahubwo buri mu mutima wera kandi w’ukwizigirwa.

IGISABISHO:
Mwami, Zigama umutima wanje imbere y’amafaranga.
Mfasha kuguma ndi umwizigirwa kandi ngira ico mfasha abandi.
Ni wewe wenyene uri ubutunzi nyakuri. Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

THE TEN BARRIERS TO GRACE

God has destined every human being to live under the flow of His grace — a life of peace, joy, and freedom in communion with Him.
But some inner obstacles block this grace.
Recognize these barriers and let Christ overcome them.

1. FEAR prevents you from moving forward and receiving God’s promises.
“For the Spirit God gave us does not make us timid, but gives us power, love and self-discipline.” (2 Timothy 1:7)

2. IGNORANCE distances you from the truth and leads to destruction.
“My people are destroyed from lack of knowledge.” (Hosea 4:6)

3. ANGER disturbs your heart and steals your peace.
“Do not let the sun go down while you are still angry,” (Ephesians 4:26)

4. ENVY extinguishes gratitude and distracts you from your path.
“For where you have envy and selfish ambition, there you find disorder and every evil practice.” (James 3:16)

5. EGO closes the door to humility and learning.
“If anyone thinks they are something when they are not, they deceive themselves.” (Galatians 6:3)

6. DOUBT smothers faith and blocks God’s promises.
“The one who doubts is like a wave of the sea, blown and tossed by the wind.” (James 1:6)

7. HATE extinguishes the light of the heart.
“Anyone who claims to be in the light but hates a brother or sister is still in the darkness.” (1 John 2:9)

8. UNFORGIVENESS keeps your soul imprisoned by the past.
“If you do not forgive others their sins, your Father will not forgive your sins.” (Matthew 6:15)

9. LIES destroy trust.
“Therefore each of you must put off falsehood and speak truthfully to your neighbor…” (Ephesians 4:25)

10. PRIDE blocks God’s favor.
“God opposes the proud but gives grace to the humble.” (James 4:6)

These barriers come from the human heart, not God.
Christ’s grace can overcome them all.

“If the Son sets you free, you will be free indeed.” (John 8:36)

PRAYER:
Lord, remove everything that blocks Your grace in me.
Fill me with peace, truth, and humility.
Shine Your light in my heart.
Amen.

Apostle Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

LES DIX BARRIÈRES DE LA GRÂCE

Dieu a destiné chaque être humain à vivre sous le flot de Sa grâce — une vie de paix, de joie et de liberté en communion avec Lui.
Mais certains obstacles intérieurs étouffent cette grâce.
Découvre ces barrières et laisse Christ les renverser.

1. LA PEUR t’empêche d’avancer et de saisir les promesses de Dieu.
«Dieu ne nous a pas donné un esprit de peur, mais de force, d’amour et de sagesse.» (2 Tim 1:7)

2. L’IGNORANCE t’éloigne de la vérité et conduit à la destruction.
«Mon peuple périt faute de connaissance.» (Os 4:6)

3. LA COLÈRE trouble ton cœur et t’enlève la paix.
«Que le soleil ne se couche pas sur votre colère.» (Éph 4:26)

4. L’ENVIE éteint la gratitude et te détourne de ton propre chemin.
«Là où il y a jalousie, il y a désordre.» (Jac 3:16)

5. L’EGO ferme la porte à l’humilité et à l’apprentissage.
«Que celui qui croit être quelque chose ne s’abuse pas lui-même.» (Gal 6:3)

6. LE DOUTE étouffe la foi et bloque les promesses de Dieu.
«Celui qui doute est semblable au flot de la mer.» (Jac 1:6)

7. LA HAINE éteint la lumière du cœur.
«Celui qui hait son frère est encore dans les ténèbres.» (1 Jean 2:9)

8. LE MANQUE DE PARDON garde ton âme prisonnière du passé.
«Si vous ne pardonnez pas, votre Père ne vous pardonnera pas non plus.» (Mat 6:15)

9. LE MENSONGE détruit la confiance.
«Rejetez le mensonge et dites la vérité.» (Éph 4:25)

10. L’ORGUEIL bloque la faveur divine.
«Dieu résiste aux orgueilleux, mais fait grâce aux humbles.» (Jac 4:6)

Ces barrières ne viennent pas de Dieu, mais du cœur humain.
La grâce de Christ peut toutes les renverser.

«Si le Fils vous affranchit, vous serez réellement libres.» (Jean 8:36)

PRIÈRE:
Seigneur, enlève de moi tout ce qui empêche Ta grâce de couler.
Remplis-moi de paix, de vérité et d’humilité.
Fais briller Ta lumière dans mon cœur. Amen.

Apôtre Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

INZITIZI ICUMI ZIBANGAMIRA UBUNTU BW’IMANA

Imana yashyize umuntu wese kubaho mu mugezi w’ubuntu bwayo — ubuzima bw’amahoro, ibyishimo n’ubwisanzure mu mubano nayo.
Ariko hari inzitizi mu mutima zituma ubwo buntu butagera aho bugomba kugera.
Menya izo nzitizi maze Kristo azigukurireho.

1. UBWOBA bukubuza gutera intambwe no kwakira isezerano ry’Imana.
“Kuko Imana itaduhaye umwuka w’ubwoba, ahubwo yaduhaye uw’imbaraga n’urukundo no kwirinda.” (2 Timoteyo 1:7)

2. KUTAGIRA UBWENGE bikuraho ukuri bikagukururira mu kaga.
“Ubwoko bwanjye burimbuwe buzize kutagira ubwenge.” (Hozeya 4:6)

3. KURAKARA urabangamira umutima kandi ukagukuraho amahoro.
“Nimurakara ntimugakore icyaha, izuba ntirikarenge mukirakaye” (Abefeso 4:26)

4. ISHYARI rituma udashimira abandi ibyo bagukorera kandi bikubuza kwibanda ku byo ufite.
“kuko aho amakimbirane n’intonganya biri, ari ho no kuvurungana kuri no gukora ibibi byose.” (Yakobo 3:16)

5. KWISHYIRA HEJURU bifunga umutima ku bw’umwete no kwiga.
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye.” (Abagalatiya 6:3)

6. GUSHIDIKANYA kubangamira cyane ukwizera kandi gukumira isezerano ry’Imana.
“Ushidikanya ameze nk’umuraba wo mu nyanja, ujyanwa n’umuyaga ushushubikanywa.” (Yakobo 1:6)

7. URWANGO ruzimya urumuri rw’umutima.
“Uvuga ko ari mu mucyo akanga mwene Se, aracyari mu mwijima na bugingo n’ubu.” (1 Yohani 2:9)

8. KUBABARIRA biguha amahoro mu mutima.
“Nimutababarira abantu, na So na we ntazabababarira ibyaha byanyu.” (Matayo 6:15)

9. KUVUGA IBINYOMA birangiza ukwizera.
“Nuko mwiyambure ibinyoma, umuntu wese avugane ukuri na mugenzi we…” (Abefeso 4:25)

10. UBWIBONE buhagarika ubuntu bw’Imana.
“Imana irwanya abibone, ariko abicisha bugufi ikabahera ubuntu.” (Yakobo 4:6)

Izi nzitizi zituruka ku mutima w’umuntu, si ku Mana.
Ubuntu bwa Kristo burashobora kuzikuraho byose.

“Nuko Umwana nababātūra, muzaba mubātūwe by’ukuri.” (Yohana 8:36)

ISENGESHO:
Mana, nkuramo ibintu byose bihagarika ubuntu bwawe muri njyewe.
Nyuzuza amahoro, ukuri n’ubwitonzi.
Shyira urumuri rwawe mu mutima wanjye. Amina.

Intumwa Jean-Claude SINDAYIGAYA