KUBA UMWANA W’IMANA

Kuba umwana w’Imana ni kimwe mu bintu bikomeye Imana yahishuriye abantu biciye mw’Ijambo ryayo.
S’izina gusa, ahubwo ni karangamuntu nshasha, kamere nshasha, icicaro c’ubwami, n’umugabane wuzuye ivyiza gusa.
Imana ntiyaduhaye imbabazi gusa—yaratuvyaye gushasha, idushiramwo ubugingo bwayo, kamere yayo, na Mpwemu wayo.

1. Karangamuntu nshasha twahawe ku buntu
“Abamwakiriye bose yabahaye ububasha bgo gucika abana b’Imana.”(Yohana 1:12)
Ntituba abana b’Imana kubera ibikorwa vyacu, ariko tubiba kubwo kuvuka ubwa kabiri.
Imana iratwakira, ikadushira mu muryango wayo. Karangamuntu yacu ya kera irashira—agahinda, igihano, icaha, n’isoni. Ubu turi ab’Imana.

2. Kamere nshasha: kamere y’Imana muri twebwe
Biblia ivuga iti:
“Ivyo vyatumye aduha ivyo yasezeranye vy’akaburarugero, bihambaye cane, kugira ngo bibatere gusangira n’Imana akameremere kayo.”(2 Petero 1:4)
Kuba umwana w’Imana n’uguhabwa ubugingo bw’Imana, kamere yayo, ADN yaryo yo mu mpwemu.
Turahinduka rwose:
– twiyumvira ukundi,
– dukunda ukundi,
– tubaho ukundi,
– ntitubandanya gutinya nka mbere.
Umwana aronswa kamere y’umuvyeyi wiwe.
Mu vy’impwemu, Imana yaraduhaye ubushobozi bwo kwerekana umuco wayo, ubutungane bwayo n’ububasha bwayo mw’isi.

3. Uburenganzira bw’impwemu bwo gukoresha
Umwana w’Imana si umukene w’impwemu—n’umuragwa.
“Ariko ko tur’ abana bayo, tur’ abaragwa; tur’ abaragwa b’Imana, tur’ abaraganwa na Kristo.”(Abaroma 8:17)

Turafise uburenganzira bw’impwemu:
– uburenganzira ku mutekano w’Imana,
– uburenganzira ku bwigenge,
– uburenganzira ku gukira mu mutima no mu mpwemu,
– uburenganzira ku burinzi bw’Imana,
– uburenganzira bwo kwegera intebe y’ubuntu,
– uburenganzira bwo gukoresha izina rya Yesu,
– uburenganzira bwo kwanka ibikorwa vy’umwijima.
Kutabikoresha ni ukubaho munsi y’ivyo Imana yaduhaye.

4. Ububasha n’ubutegetsi twahawe n’Imana
Yesu yavuze ati:
“Ehe mbahaye ububasha bgo gukandagira inzoka na sikorupiyo , n’ubgo kunesha ubushobozi bga wa Mwansi bgose, kandi nta kintu kizogira ico kibagira na gatoya.”(Luka 10:19)
Kuba umwana w’Imana n’ukugendera mu:
– butegetsi ku mbaraga z’impwemu mbi,
– bushobozi bwo gutsinda icaha,
– intsinzi ku bwoba,
– ububasha mu gusenga,
– ubushobozi bwo guhindura ibintu mw’isi w’impwemu.
Ibi s’ukwibona canke ukwiyemera, n’umugabane wacu muri Kristu.

5. Ububasha bwo kurema biciye ku majambo
Kubera ko dusangiye kamere y’Imana—Imana irema biciye ku majambo yayo—twahawe ububasha bukomeye cane:
“Urupfu n’ubugingo biri mu bubasha bg’ururimi.” (Imigani 18:21)
Umwana w’Imana arashobora:
– guhamagara mu buzima ibitariho,
– gutegeka iherezo ry’ibitegerezwa gupfa,
– gutangaza umugisha no kuwubona ugaragara,
– kurandura ibikorwa vy’umwijima akoresheje akanwa,
– gutanga ubuzima, gukiza, gutanga amahoro no gusubiza mu busanzwe bw’abantu.
Ubu bubasha buva mu bugingo bw’Imana buri muri twebwe.

6. Intumbero y’icubahiro
Imana igira abana bayo intumwa—abatwara ububasha bwayo.
Ntitur’aho ngo tubeho gusa, ariko ngo duhindure, dutambukirize, tumurikire abandi, tugwanye umwijima, kandi ngo tugaragaze Imana hose.

IGISABISHO:
Dawe, ndagushimiye kunshira mu muryango wawe.
Urakoze ku bugingo bwawe buri muri jewe—ububasha, ubutegetsi n’umugabane wawe.
Mfasha gutemberera mu burenganzira wangeneye,
no gukoresha ububasha mfise muri Kristu, no gukoresha amajambo yanje mu kuryohora, kurema, gukiza no kurandura ibikorwa vy’umwijima.
Nyuzuza ubwenge bwawe kugira ngo nerekane ubuninahazwa bwawe aho ngendera hose.
Mw’izina rya Yesu. Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

KUBA UMWANA W’IMANA

Kuba umwana w’Imana ni kimwe mu by’ukuri bikomeye Bibiliya itanga.
Si izina gusa, ahubwo ni umurage, umwanya w’ubwami, kamere nshya, n’ubugingo bushya Imana idushyiramo.
Imana ntiyatubabariye gusa—yaratubyaye, idushyiramo ubugingo bwayo, kamere yayo n’Umwuka wayo.

1. Indangamuntu twahawe ku buntu
“Abamwemeye bose bakizera izina rye, yabahaye ubushobozi bwo kuba abana b’Imana.”(Yohana 1:12)
Ntituba abana b’Imana kubera ibikorwa byacu, ahubwo tubihabwa no kuvuka ubwa kabiri.
Imana idutwara mu muryango wayo, igakuraho indangamuntu ya kera—isoni, ipfunwe, gucirwa urubanza. Ubu turi abayo.

2. Kamere nshya: kamere y’Imana muri twe
Bibiliya iti:
“Ibyo ni byo byatumye aduha ibyo yasezeranije by’igiciro cyinshi, bikomeye cyane kugira ngo bibatere gufatanya na kamere y’Imana, mumaze guhunga no gukira kononekara kwazanywe mu isi no kwifuza.”(2 Petero 1:4)
Kuba umwana w’Imana ni uguhabwa ubugingo bwa Yesu, kamere y’Imana, ADN yayo y’umwuka.
Biduhindura rwose:
– dutekereza mu buryo bushya,
– dukunda mu buryo bushya,
– tubaho mu buryo bushya,
– ntitugihangayikishwa n’ibituma dutinya.
Umwana agira kamere y’umubyeyi. Mu buryo bw’umwuka, Imana yaduhaye ubushobozi bwo kwerekana umurimo wayo, urumuri rwayo n’ububasha bwayo.

3. Uburenganzira bw’umwuka tugomba gukoresha
Umwana w’Imana si umusabirizi—ni umuragwa.
“Ubwo turi abana bayo turi n’abaragwa, ndetse turi abaragwa b’Imana, turi abaraganwana Kristo…”(Abaroma 8:17)
Dufite uburenganzira bw’umwuka:
– uburenganzira ku mahoro y’Imana,
– ubwigenge,
– gukira mu mutima no mu mwuka,
– kurindwa n’Imana,
– kwegera intebe y’ubuntu,
– gukoresha izina rya Yesu,
– kwirukana imirimo y’umwijima.
Kutatubahiriza ni ukuguma munsi y’ibyo Imana yaduhaye.

4. Ubuyobozi n’ubushobozi twahawe n’Imana
Yesu yaravuze ati:
“Dore mbahaye ubutware bwo kujya mukandagira inzoka na sikorupiyo, n’imbaraga z’Umwanzi zose, kandi nta kintu kizagira icyo kibatwara rwose.” (Luka 10:19)
Kuba umwana w’Imana ni ugukorera mu:
– butegetsi ku mbaraga z’umwijima,
– ubushobozi bwo gutsinda icyaha,
– intsinzi ku bwoba,
– imbaraga zo gusenga,
– ubushobozi bwo guhindura ibintu mu buryo bw’umwuka.
Si ukwibona—ni umurage wacu muri Kristo.

5. Imbaraga z’amagambo ahindura ibintu
Kubera ko dusangiye kamere y’Imana—Imana irema biciye ku magambo—natwe twahawe ububasha bukomeye:
“Ururimi ni rwo rwica kandi ni rwo rukiza.”(Imigani 18:21)
Umwana w’Imana ashobora:
– guhamagara mu kubaho ibyo bitari bihari,
– gutangaza iherezo ry’ibigomba gupfa,
– guhamya umugisha no kuwubona ugaragara,
– gusenya imirimo y’umwijima akoresheje amagambo,
– kurekura ubugingo, amahoro, gukira no gusubizwaho.
Izi mbaraga zituruka mu bugingo bw’Imana buri muri twe.

6. Ubutumwa bwera
Imana iduhindura intumwa zayo—abafatanyabikorwa mu kazi kayo.
Ntituri mu isi ngo tubeshyeho gusa, ahubwo ngo tuhindure, twamurire, twereke Imana, kandi tubere umucyo mu isi.

ISENGESHO:
Dawe wo mu ijuru, ndagushimiye kunyita umwana wawe.
Urakoze ubugingo bwawe buri muri njye—ububasha, ubushobozi n’umurage wawe.
Mfasha kugendera mu burenganzira wangemeye,
no gukoresha ububasha mfite muri Kristo, no gukoresha amagambo yanjye mu kurema, gukiza, guhindura no gusenya imirimo y’umwijima.
Nyuzuza ubwenge bwawe kugira ngo nerekane ubwiza bwawe aho ngenda hose.
Mu izina rya Yesu, Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

BEING A CHILD OF GOD

Being a child of God is one of the greatest revelations Scripture gives us. It is not only a spiritual title but a deep identity, a new nature, a royal position, and an inheritance full of privileges. God did not only forgive us—He gave birth to us spiritually, placing in us His life, His nature, and His Spirit.

1. An identity received by grace
“To all who did receive him, to those who believed in his name, he gave the right to become children of God…”(John 1:12)
We do not become children of God through our efforts but through the new birth. God adopts us and brings us into His family. Our old identity disappears—rejection, guilt, shame, condemnation. Now we belong to the Father.

2. A new nature: God’s nature in us
The Bible says that we are partakers of the divine nature.
”He has given us his very great and precious promises, so that through them you may participate in the divine nature, having escaped the corruption in the world caused by evil desires.(2 Peter 1:4)
To be a child of God means receiving within us the life of God, His nature, His spiritual DNA.
We are transformed from the inside:
– we think differently,
– we love differently,
– we live differently,
– we no longer fear as before.
A child carries the nature of his father. Spiritually, God has made us capable of manifesting His light, His righteousness, and His power in this world.

3. Spiritual rights to exercise
A child of God is not a spiritual beggar—he is an heir.
“If we are children, then we are heirs —heirs of God and co-heirs with Christ…”(Romans 8:17)
This gives us spiritual rights:
– the right to God’s peace,
– the right to freedom,
– the right to spiritual and emotional healing,
– the right to divine protection,
– the right to approach the throne of grace,
– the right to use the name of Jesus,
– the right to resist the works of darkness.
Not using these rights is living beneath our spiritual identity.

4. Authority and power received from God
Jesus said,
“I have given you authority to trample on snakes and scorpions and to overcome all the power of the enemy; nothing will harm you.”(Luke 10:19)
Being a child of God means walking in:
– authority over spiritual forces,
– dominion over sin,
– victory over fear,
– power in prayer,
– the ability to influence and shift things in the spiritual realm.
This is not pride—it is our inheritance in Christ.

5. The creative power of words
Because we share God’s nature—the God who creates by His Word—we receive an extraordinary power:
“Life and death are in the power of the tongue” (Proverbs 18:21).
A child of God can:
– call into existence what did not exist,
– command the end of what must die,
– declare blessings and see them manifest,
– destroy the works of darkness with his mouth,
– release life, healing, peace, and restoration.
This power comes from the life of God within us.

6. A sacred mission
God makes His children ambassadors—carriers of His presence.
We are not in this world to survive but to influence, transform, illuminate, and manifest God wherever we go.

PRAYER:
Father, thank You for the grace of being Your child.
Thank You for Your nature in me—Your life, authority, and inheritance.
Help me walk fully in the rights You have given me,
to exercise the authority I have in Christ,
and to use my words to build, create, heal, and destroy the works of darkness.
Fill me with Your wisdom so that I may manifest Your glory wherever I go.
In Jesus’ name. Amen.

Apostle Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

ÊTRE UN ENFANT DE DIEU

Être un enfant de Dieu est l’une des plus grandes révélations que la Parole de Dieu nous offre.
Ce n’est pas seulement un titre spirituel, mais une identité profonde, une nature nouvelle, une position royale, et un héritage rempli de privilèges. Dieu ne nous a pas seulement pardonnés: Il nous a engendrés, Il a mis en nous Sa vie, Sa nature, et Son Esprit.

1. Une identité reçue par grâce
«À tous ceux qui l’ont reçue… elle a donné le pouvoir de devenir enfants de Dieu.» (Jean 1:12)
Nous ne devenons pas enfants de Dieu par nos œuvres, mais par la nouvelle naissance. Dieu nous adopte et nous fait entrer dans Sa famille. Notre ancienne identité disparaît : rejet, culpabilité, honte, condamnation. Désormais, nous appartenons au Père.

2. Une nouvelle nature : la nature de Dieu en nous
La Bible dit:
«Vous êtes participants de la nature divine.» (2 Pierre 1:4)
Être enfant de Dieu signifie recevoir en nous la vie de Dieu, Sa nature, Son ADN spirituel.
Nous sommes transformés de l’intérieur :
nous pensons autrement,
nous aimons autrement,
nous vivons autrement,
nous ne craignons plus comme avant.
Un enfant porte la nature de son père. Ainsi, spirituellement, Dieu a fait de nous des êtres capables de manifester Sa lumière, Sa justice et Sa puissance dans ce monde.

3. Des droits spirituels à exercer
Un enfant de Dieu n’est pas un mendiant spirituel: il est héritier.
«Si nous sommes enfants, nous sommes aussi héritiers… cohéritiers de Christ.»(Romains 8:17)
Cela nous donne des droits spirituels:
le droit à la paix de Dieu,
le droit à la liberté,
le droit à la santé spirituelle et émotionnelle,
le droit à la protection divine,
le droit à l’accès au trône de la grâce,
le droit d’invoquer le nom de Jésus,
le droit de repousser les œuvres des ténèbres.
Ne pas exercer ces droits revient à vivre en dessous de notre identité.

4. Une autorité et un pouvoir reçus de Dieu
Jésus déclare:
«Voici, je vous ai donné le pouvoir… sur toute la puissance de l’ennemi.»(Luc 10:19)
Être enfant de Dieu, c’est pouvoir marcher dans:
l’autorité sur les forces spirituelles,
la domination sur le péché,
la victoire sur la peur,
la puissance de la prière,
la capacité d’imposer le changement dans le monde spirituel.
Ce n’est pas de l’orgueil : c’est notre héritage en Christ.

5. Le pouvoir créateur de la parole
Parce que nous portons la nature de Dieu — Celui qui crée par Sa Parole — nous avons reçu un pouvoir extraordinaire:
«La vie et la mort sont au pouvoir de la langue.»(Proverbes 18:21)
L’enfant de Dieu peut:
appeler à l’existence ce qui n’existait pas,
ordonner la fin de ce qui doit mourir,
proclamer la bénédiction et la voir se manifester,
détruire les œuvres des ténèbres par sa bouche,
libérer la vie, la guérison, la paix et la restauration.
Ce pouvoir ne vient pas de nous, mais de la vie de Dieu en nous.

6. Une mission sacrée
Dieu fait de Ses enfants des ambassadeurs, des porteurs de Sa présence.
Nous ne sommes pas dans le monde pour survivre, mais pour influencer, transformer, illuminer et manifester Dieu autour de nous.

PRIÈRE:
Père, merci de m’avoir donné la grâce d’être ton enfant.
Merci pour ta nature en moi, pour ta vie, ton autorité et ton héritage.
Aide-moi à marcher pleinement dans les droits que tu m’as donnés,
à exercer l’autorité que j’ai en Christ,
et à utiliser mes paroles pour bâtir, créer, guérir et détruire les œuvres du mal.
Remplis-moi de ta sagesse afin que je manifeste ta gloire partout où je vais.
Au nom de Jésus. Amen.

Apôtre Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

« N’UKU MEZE » IJAMBO RIBUZA GUHINDUKA

Mu buzima bwa minsi yose, hari abantu benshi iyo ubahaye impanuro canke ubakosoye bakwishura bati: “N’uku meze.”
Iryo jambo risa n’irisanzwe, ariko kenshi aba ari intambamyi ituma umuntu adakura.
Aba ari uburyo bwo kwikingira kugira ngo ntahinduke, mbere akaba n’ukwemeza imyifato ibabaza abandi canke ibuza umugisha.
Ariko nk’uko Bibiliya ibivuga, Imana ntiyahamagaye umuntu ngo agume uko ari. Iramwakira uko ari, ariko ikamuhindura kugira ngo amere nka Kristo kurushaho.

Ivyanditswe birasobanutse: gukurikira Yesu biva ku guhinduka.
Pawulo avuga ati:
« Mwiyambure wa muntu wa kera, abozwa n’ukwifuza kw’uruhendo; mugahinduka basha mu mpwemu y’ubgenge bganyu, mukambara wa muntu musha, yaremwe mw ishusho y’Imana mu kugororoka no mu kwera kw’ukuri. »(Abanyefeso 4:22–24)
Ibi bisigura ko kamere twakuranye —uburake, inzigo, ishari, amanyama, ubwishime—bidakwiye kuba ibituranga, ahubwo n’ibintu Imana ishaka kudukurako.
Kuvuga ngo “N’uku meze” kenshi n’uburyo bwo kwanka guhinduka.

Bibiliya ivuga neza ko kwanka gutozwa ari ubupfu:
“Uwanka guhanwa aba ar’ ikiyingiyingi.”(Imigani 12:1)
Kandi ivuga ngo:
“Ubgoro n’ibiteterwa bizoba ku wanka gutozwa indero nziza,
Arik’ uwumvira igihano azokwubahwa.”(Imigani 13:18)

Ubwenge nyakuri bubonekera mu kwemera kwumviriza.
“Wihanize umunyabgenge, azogukunda… Wigishe umugororotsi, azokwunguka kumenya.”(Imigani 9:8–9)

Yesu ubwiwe yerekanye urukundo rutagira uko rungana rufatanije n’ukuri. Yabwiye umugore yafashwe mu busambanyi ati:
“Ni wigire, guhera ubu ntuz’ usubire gukora icaha.”(Yohani 8:11)

Pawulo avuga kandi ati:
“Turahinduka, tugashushanywa n’iyo shusho, tukava mu bgiza tukaja mu bundi.”(2 Abakorinto 3:18)

Impinduka itangura iyo tuvunye kuvuga ngo “N’uku meze.” tukavuga ngo:
“Mwami, hindura umutima wanje.”

Bibiliya kandi ivuga iti:
“Umuntu wese iy’ ari muri Kristo, aba ar’ icaremwe gisha: ivya kera biba bihise, vyose biba bicitse bisha.”(2 Abakorinto 5:17)

Mu vy’ukuri, amajambo “N’uku meze” azibira iterambere, ubwitonzi n’umugisha.
Imana iradukunda uko turi, ariko iradukunda cane ku buryo itatureka uko turi.

IGISABISHO:
Mwami Yesu, nyereka ivyo nakingiye vyose.
Nkuramwo ukwihagararako kwanka guhinduka.
Mpa umutima woroshe kandi wicisha bugufi, witeguye guhinduka.
Hindura kamere yanje ku bwa Mpwemu wawe, ungire umwana ahora yifuza kumera nkawe imisi yose.
Mw’izina rya Yesu. Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

« N’UKU NDI, NI NAKO NTEYE » IJAMBO RIBUZA UMUTIMA GUHINDUKA

Mu buzima bwa buri munsi, hari abantu benshi iyo ubahaye inama cyangwa ubakosoye bakagusubiza bati: “N’uku ndi, ni nako nteye.”
Ayo magambo asa n’asanzwe, ariko akenshi aba ari urukuta rutuma umuntu adakura. Aba ari uburyo bwo kwikinga kugira ngo adahinduka, no kwemeza imyitwarire ibangamira abandi cyangwa ibabuza umugisha.
Ariko nk’uko Bibiliya ibivuga, Imana ntabwo yahamagaye umuntu ngo agume uko yabayeho. Itwakira uko turi, ariko ishaka kuduhindura kugira ngo dusabane na Kristo kurushaho.

Ibyanditswe birasobanutse: gukurikira Yesu bivuze guhinduka.
Pawulo avuga ati:
“Mukwiriye kwiyambura umuntu wa kera uheneberezwa no kwifuza gushukana, mugahinduka bashya mu mwuka w’ubwenge bwanyu, mukambara umuntu mushya waremewe ibyo gukiranuka no kwera bizanywe n’ukuri nk’uko Imana yabishatse.” (Abefeso 4:22–24).
Ibi bivuga ko kamere dusanganwe—umujinya, ubukana, ubwitonzi buke, ishyari, ubwirasi—atari ikiranga tugomba kurengera, ahubwo ni kamere tugomba kureka.
Kuvuga ngo “N’uku ndi, ni nako nteye.” ni nk’aho umuntu aba avuze ngo: “Nta cyo nshaka guhindura”, ari nako kwanga kureka icyo Imana ishaka ko tureka.

Bibiliya kandi ivuga ko kwanga inama no guhanwa atari ubukomeye, ahubwo ni ubupfapfa.
“Uwanga guhanwa ni igicucu.” (Imigani 12:1)
N’Amagambo akomeye, ariko arerekana ukuri: kwanga inama ni ukwiyima ubwenge.
“Uwanga guhugurwa bimutera ubukene akamwara, ariko uwemera guhanwa azakuzwa.”(Imigani 13:18)

Ubwenge nyabwo bugaragarira mu kwemera kumva.
“Nuhana umunyabwenge azagukunda…Igisha umukiranutsi kandi azunguka kumenya.” (Imigani 9:8–9)

Yesu ubwe yerekanye urukundo ruhebuje rufatanije n’ukuri. Yabwiye umugore wafashwe mu busambanyi ati:
“Genda ntukongere gukora icyaha.”(Yohana 8:11)
Yaramubabariye, ariko aranamuhindura.

Pawulo yongeyeho ati:
“Duhindurirwa gusa na we tugahabwa ubwiza buruta ubundi kuba bwiza, nk’ubw’Umwami w’Umwuka.”(2 Abakorinto 3:18)

Impinduka itangira iyo turetse kuvuga ngo “N’uku ndi, ni nako nteye” tukavuga ngo:
“Mwami, mfungura, undememo undi muntu mushya.”

Kandi Bibiliya ivuga ngo:
“Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya.”(2 Abakorinto 5:17)

Ayo magambo “N’uku ndi, ni nako nteye” afunga urufunguzo rw’umugisha n’iterambere.
Imana iradukunda uko turi, ariko kubw’urukundo rwayo rukomeye, ntitureka ngo tugume uko turi.

ISENGESHO:
Mwami Yesu, mfasha kubona ibyo nakingiye byose.
Mvanaho ubugome bw’umutima wanga gukosorwa.
Mpa umutima wicisha bugufi, witeguye kumva no guhinduka.
Hindura kamere yanjye kubwa Mwuka wawe, ungire umwana ahora yifuza kubaho nkawe iteka ryose.
Mu izina rya Yesu. Amen.

Intumwa Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

“I AM LIKE THAT” — AN EXCUSE THAT BLOCKS TRANSFORMATION

In daily life, many people respond to advice or correction by saying, “I am like that.”
It sounds simple, but often this phrase becomes an inner barrier that prevents growth.
It is a safe place people use to avoid change and to justify attitudes that hurt, limit, or block God’s blessings.
Yet according to the Bible, God never called anyone to remain as they were. He accepts us as we come, but He desires to transform us so we can reflect Christ more and more.

Scripture is clear: following Jesus involves change.
Paul says,
“Put off the old self… and put on the new self.”(Ephesians 4:22–24)
This means that our natural character — anger, harshness, impulsiveness, pride, bitterness — is not an identity to protect but a nature to surrender. Saying “I am like that” is often holding onto what God wants us to let go.

The Bible also teaches that rejecting correction is not a sign of strength, but immaturity.
“Whoever hates correction is stupid.”(Proverbs 12:1)
Strong words, but they reveal a powerful truth: refusing advice does not protect our identity; it exposes a heart that rejects wisdom. And the consequence is serious:
“Poverty and shame come to those who ignore correction.”(Proverbs 13:18)
Some doors never open simply because a person refuses to change.

True spiritual maturity is shown by the willingness to listen.
“Correct the wise and he will love you… teach the righteous and he will grow even more.”(Proverbs 9:8–9)
Those who grow are those who see correction as an opportunity and advice as a step upward.

Jesus Himself demonstrated perfect balance between love and truth.
To the woman caught in adultery, He said:
“Go, and sin no more.” (John 8:11)
He welcomed her in mercy but called her into transformation.
No weakness, no temperament, no habit is a valid excuse to stay the same. If we belong to Christ, we are called to change.

Paul adds:
“We are being transformed from glory to glory.” (2 Corinthians 3:18)
Transformation is not instant, but it is continuous for those who open their hearts.
It begins when we stop saying “That’s who I am” and start saying, “Lord, make me like You.”

That is why the Bible declares:
“If anyone is in Christ, he is a new creation.”(2 Corinthians 5:17)
Our true identity is not who we used to be, but who God is shaping us to become.

In reality, the phrase “I am like that” closes the door to growth, maturity, wisdom and even to certain blessings. God loves us as we are, but He loves us too much to leave us as we are. A true disciple does not defend his old nature—he yields to God so He can shape him.

PRAYER:
Lord Jesus, open my eyes to everything I have justified.
Break every hardness in me that resists correction.
Give me a humble heart, ready to listen and to change.
Transform my character through Your Spirit and make me more like You each day.
In Jesus’ name. Amen.

Apostle Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

«JE SUIS COMME ÇA» — UNE EXCUSE QUI BLOQUE LA TRANSFORMATION

Dans la vie quotidienne, beaucoup de personnes réagissent à un conseil ou à une remarque en disant: «Je suis comme ça».
Cette phrase paraît anodine, mais elle devient très souvent une barrière intérieure qui empêche la croissance.
Elle sert de refuge pour éviter la remise en question, et de justification pour rester dans des attitudes qui blessent, détruisent ou bloquent la bénédiction.
Pourtant, selon la Bible, Dieu n’a jamais appelé quelqu’un à rester tel qu’il était. Il nous accepte tels que nous venons à Lui, mais Il veut nous transformer pour que nous ressemblions davantage à Christ.

La Parole de Dieu est claire: suivre Jésus implique un changement.
Paul écrit:
«Dépouillez-vous du vieil homme… et revêtez l’homme nouveau.»(Éphésiens 4:22–24)
Cela signifie que le caractère que nous avons toujours eu — que ce soit la colère, la dureté, l’impulsivité, l’amertume ou la fierté — n’est pas une identité à défendre, mais une nature à abandonner.
Dire «Je suis comme ça» devient alors une manière de se rattacher à ce que Dieu veut enlever.

La Bible explique aussi que refuser la correction est un signe d’immaturité spirituelle, non de force personnelle.
«Celui qui hait la réprimande est stupide.»(Proverbes 12:1)
Ces paroles sont fortes, mais elles révèlent une vérité essentielle: rejeter les conseils ne protège pas notre identité, cela manifeste un cœur qui refuse la sagesse. Et la conséquence est sérieuse:
«La pauvreté et la honte sont pour celui qui rejette la correction.»(Proverbes 13:18)
Il y a des portes qui ne s’ouvrent jamais simplement parce que la personne refuse de changer.

La maturité spirituelle, au contraire, se reconnaît par la capacité à écouter.
«Reprends le sage, et il t’aimera… instruis le juste, et il croîtra encore.»(Proverbes 9:8–9)
La personne qui grandit est celle qui voit dans une remarque une opportunité, et dans une correction un escalier pour s’élever.
Le sage ne se cache pas derrière «je suis comme ça» ; il sait que Dieu utilise les conseils pour l’amener plus loin.

Jésus, Lui-même, a montré cet équilibre parfait entre l’amour et la vérité.
À la femme adultère, Il a dit:
«Va, et ne pèche plus.»(Jean 8:11)
Il l’a accueillie avec grâce, mais Il ne l’a pas laissée avec ses anciennes habitudes.
Jésus pardonne, mais Il appelle toujours à la transformation.
Aucune faiblesse humaine, aucun caractère difficile, aucune habitude toxique n’est un argument pour rester comme on est.
Si nous appartenons à Christ, nous sommes appelés à changer.

Paul l’affirme puissamment:
«Nous sommes transformés de gloire en gloire.»(2 Corinthiens 3:18)
La transformation n’est pas instantanée, mais c’est un mouvement continuel pour celui qui ouvre son cœur. Elle commence lorsque nous cessons de dire: «C’est ma personnalité», «c’est comme ça que je suis», et que nous commençons à dire: «Seigneur, change-moi».

C’est pourquoi la Bible déclare:
«Si quelqu’un est en Christ, il est une nouvelle créature.»(2 Corinthiens 5:17)
Notre identité n’est pas ce que nous avons toujours été, mais ce que Dieu fait de nous.
Tenir à nos défauts comme si c’était une identité revient à refuser l’identité nouvelle que Christ nous offre.

En réalité, la phrase «Je suis comme ça» ferme la porte à la croissance, à la maturité, à la sagesse et même à certaines bénédictions.
Dieu nous aime tels que nous sommes, mais Il nous aime trop pour nous laisser tels que nous sommes.
Le disciple véritable n’utilise pas son caractère comme excuse: il s’offre à Dieu comme un vase à transformer.

PRIÈRE:
Seigneur Jésus, ouvre mes yeux sur tout ce que j’ai longtemps justifié.
Brise en moi la dureté qui refuse la correction.
Donne-moi un cœur humble, prêt à écouter et à changer.
Transforme mon caractère par ton Esprit, et fais-moi devenir chaque jour un peu plus comme Toi.
Au nom de Jésus. Amen.

Apôtre Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

DO NOT LISTEN TO THEM

There are moments in life when the voice of God must become stronger in us than every other voice around us.
This is exactly what happened in the days of Jeremiah. Surrounded by false prophets, deceptive advisors, and people who spoke badly about him to weaken his ministry, Jeremiah heard God give him a simple yet essential instruction:

“Do not listen to them.”
(Jeremiah 27:14)

This was not just a warning; it was spiritual protection. Because not every voice is meant to be heard. Some voices are traps, distractions, or instruments of destruction.

God knew that if Jeremiah listened to rumors, criticisms, and lies, he would turn away from his assignment. In the same way, in our daily lives, there are voices we must refuse to listen to in order to preserve our peace, our faith, and our relationship with God.

Do not listen to them when people try to suffocate what God has placed in your heart.
Jeremiah had received a clear message, but other prophets claimed the opposite, saying, “What he says will not come to pass.”
They wanted to extinguish what God had ignited.
Even today, some will try to convince you that your calling is not real, that your dream is too big, or that you are not capable.
When their words contradict the direction God has given you, do not listen to them.

Do not listen to them when people speak evil about others to poison your heart.
In Jeremiah’s time, false prophets spoke against him so the people would despise him. Today, some do the same: they sow division, suspicion, and bitterness, pushing you to hate those God placed in your life. Yet the Bible says that “love bears all things and hopes all things.” When someone tries to fill you with hatred, resentment, or suspicion, do not listen to them.

Do not listen to them when voices rise to discourage you.
Jeremiah was constantly attacked: “Give up! No one is listening to you.” Discouragement is one of the enemy’s sharpest weapons. If you listen to those who belittle your efforts, who never see the good God is doing in you, or who constantly minimize your progress, you will lose heart. But God tells you as He told Jeremiah:
“Do not be afraid, for I am with you.”

Do not listen to them when their words pull you away from God.
God said, “They are leading my people astray.” Some voices draw you away from prayer, truth, holiness, the house of God, or your spiritual sensitivity. They say things like, “It’s not a big deal… You can take a step back… God will understand…” But every voice that weakens your spiritual life is a voice you must refuse.

Do not listen to them when their words contradict Scripture.
God said, “I did not send them.” The real measure of a voice is not its emotion or appearance, but its faithfulness to the Word of God. If their words contradict Scripture—if they lead you toward sin, confusion, or distance from God—then God clearly tells you:
“Do not listen to them.”

Many voices will speak throughout your life: some to build you, others to destroy you. Some to guide you, others to mislead you. But the voice of God is the one that leads to peace, truth, light, and growth. That is the voice you must choose to follow.

PRAYER:
Lord, give me the wisdom to discern the voices that come from You and the voices that aim to mislead me.
Strengthen my heart so I may remain faithful to Your Word. Help me walk in truth, peace, and love, and teach me to listen only to Your voice—the voice that guides and restores.
Amen.

Apostle Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA

NE LES ÉCOUTE PAS

Il arrive des moments où la voix de Dieu doit être plus forte en nous que toutes les autres.
C’est ce qui se produisit du temps de Jérémie.
Entouré de faux prophètes, de conseillers trompeurs et de personnes qui parlaient mal de lui pour affaiblir son message, Jérémie entendit Dieu lui dire une parole simple mais essentielle:

«Ne les écoute pas.»
(Jérémie 27:14)

Ce n’était pas un simple avertissement: c’était une protection spirituelle.
Car toutes les voix ne sont pas bonnes à écouter. Certaines sont des pièges, des distractions, ou des instruments de destruction.

Dieu savait que si Jérémie prêtait attention aux rumeurs, aux critiques et aux mensonges, il s’éloignerait de sa mission. De la même manière, dans notre vie quotidienne, il existe des voix dont nous devons nous éloigner pour garder notre paix, notre foi, et notre relation avec Dieu.

Ne les écoute pas, lorsque des gens cherchent à étouffer ce que Dieu a mis dans ton cœur.
Jérémie avait reçu un message clair, mais d’autres prophètes disaient le contraire, affirmant: «Ce qu’il dit ne s’accomplira pas.»
Ils voulaient éteindre ce que Dieu avait allumé. Aujourd’hui encore, certains essaieront de te convaincre que ton appel n’est pas réel, que ton rêve est trop grand, ou que tu n’es pas capable. Quand leurs paroles contredisent la direction que Dieu t’a donnée, ne les écoute pas.

Ne les écoute pas, lorsque certains viennent te parler mal des autres pour t’empoisonner le cœur. Dans le temps de Jérémie, les faux prophètes parlaient mal de lui pour que le peuple le déteste. Aujourd’hui, certains cherchent à créer la division, à semer la suspicion, ou à te pousser à haïr ceux que Dieu t’a donnés. La Bible dit pourtant que « l’amour excuse tout et espère tout ». Quand quelqu’un veut te remplir d’amertume, de rancune ou de méfiance, ne les écoute pas.

Ne les écoute pas, lorsque des voix cherchent à te décourager.
Jérémie était constamment attaqué: «Abandonne ! Personne ne t’écoute.»
Le découragement est une arme du diable.
Si tu écoutes ceux qui minimisent tes efforts, qui rabaissent ce que tu fais, ou qui ne voient jamais le bien que Dieu fait en toi, tu risques de perdre courage. Mais Dieu te dit comme à Jérémie: «Ne crains pas, car je suis avec toi.»

Ne les écoute pas, lorsque leurs paroles t’éloignent de Dieu.
Dieu disait: «Ils entraînent mon peuple dans l’erreur.» Certaines voix t’éloignent de la prière, de la vérité, de la sainteté, de la maison de Dieu, ou même de ta sensibilité spirituelle. Elles te disent : «Ce n’est pas grave… Tu peux reculer un peu… Dieu comprendra…» Mais chaque voix qui t’affaiblit spirituellement est une voix à laquelle tu ne dois pas obéir.

Ne les écoute pas, lorsque ce qu’ils disent contredit la Parole.
Dieu dit: «Je ne les ai pas envoyés.»
La vraie mesure d’une voix, ce n’est pas son émotion ni son apparence, mais sa fidélité à la Parole de Dieu. Si leurs paroles contredisent les Écritures, si elles t’emmènent vers le péché, la confusion ou l’éloignement de Dieu, alors Dieu te dit clairement: «Ne les écoute pas.»

Dans ta vie, beaucoup parleront: certains pour t’édifier, d’autres pour te détruire. Certains pour t’éclairer, d’autres pour t’éloigner de ta destinée. Mais la voix de Dieu reste celle qui t’amène vers la paix, la lumière, la vérité et la croissance. C’est elle qu’il faut écouter.

PRIÈRE:
Seigneur, donne-moi la sagesse de reconnaître les voix qui viennent de Toi et celles qui veulent m’égarer.
Fortifie mon cœur pour que je reste attaché à Ta Parole.
Aide-moi à marcher dans la vérité, la paix et l’amour, et apprends-moi à n’écouter que Ta voix, celle qui guide et qui restaure.
Amen.

Apôtre Dr Jean-Claude SINDAYIGAYA