NTIHAGIRE ICO UBWOBA BUBATESHA GUKORA

Bibiliya itubwira ivy’umugabo yitwa Aburamu yizeye Imana n’ubwo ubwambere yari yagize ubwoba.

Uhoraho yabwiye Aburamu ati: « Va mu gihugu canyu, no mu muryango wanyu, no mu nzu ya so, uje mu gihugu nzokwereka. »(Itanguriro 121)

Wovyifatamo gute Imana igusavye kuva mu rugo gwawe, mu muryango wawe, mu buzima bwawe ndetse no muvyo umenyereye vyose kugira ngo uje ahantu utazwi? Ntiwogira ubwoba? Ico ni co kibazo Aburamu yavuze. Ariko Imana yaramuhumurije, imubwira iti: « Ntutinye. »(Itanguriro 15:1)

Kenshi cane, kubera ubwoba, dukorera bike Imana yacu, n’abandi, natwe nyene ubwacu twokorera bike.

Aburamu yategerezwa kwerekana ukwizera no n’ukugamburukira Imana, agashira ubwoba bwiwe ku ruhande. Iyo Aburamu areka kugamburuka kubera ubwoba, ntiyari kwinjira mu bihe vyiwe ngo ahinduke ico Imana yamusezeranije kuzomugira – se w’amahanga menshi.

Gutsindwa n’ubwoba bihindura umugambi w’Imana mu buzima bwacu.
Kora rero ivyo Imana igusaba gukora, n’ubwo woba wumva ufise ubwoba! Co kimwe na Aburamu, uzobona ko impembo ari nini.

IGISABISHO:
Dawe wa twese uri mw’ijuru, duhe inkomezi zo gutsinda ubwoba bwose.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

HAVE YOU REALLY CHOSEN JESUS ?

Even if we are Christians, baptized by immersion, this is not enough. We must give up certain things in order to follow Jesus fully, to walk by faith and to let ourselves be guided by the Holy Spirit.

The apostle Paul who succeeded in abandoning the works of darkness of his past testifies to this. He says:
« whatever was to my profit I now consider loss for the sake of Christ. »(Philippians 3:7)

In reality, as long as we have not renounced the works of darkness, as long as we remain attached to the goods of the world, and as long as we remain slaves to sin, we cannot claim to have chosen Jesus.
We absolutely must take a step, let go and accept to go where the Lord Jesus leads us.

What did you give up for the sake of Jesus?

PRAYER:
Our Father who art in heaven, give us the strength to renounce everything that prevents us from following your son Jesus Christ.
It is in the precious name of your very son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

AS-TU CHOISI RÉELLEMENT JÉSUS ?

Même si nous sommes des chrétiens, baptisés par immersion, cela ne suffit pas. Il faut que nous renoncions à certaines choses pour suivre Jesus pleinement, que marchions par la foi et que nous nous laissions guider par le Saint-Esprit.

L’apôtre Paul qui a réussi à abandonner les œuvres des ténèbres de son passé le témoigne. Il dit:
« Ces choses qui étaient pour moi des gains, je les ai regardées comme une perte, à cause de Christ. »(Philippiens 3:7)

En réalité, aussi longtemps que nous n’avons pas renoncé aux œuvres des ténèbres, aussi longtemps que nous restons attachés aux biens du monde, et aussi longtemps que nous restons esclaves du péché, nous ne pouvons pas prétendre avoir choisi Jésus.
Nous devons absolument faire un pas, lâcher prise et accepter d’aller là où le Seigneur Jésus nous conduit.

À quoi as-tu renoncé à cause de Jésus?

PRIÈRE:
Notre Père qui êtes aux cieux, donnez-nous la force de renoncer à tout ce qui nous empêche de suivre votre fils Jésus-Christ.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ même que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

JE, KWELI UMEMCHAGUA YESU ?

Hata kama sisi ni wakristo, tukibatizwa katika maji mengi, hii haitoshi. Ni lazima tuwe tayari kuacha mambo fulani ili kumfuata Yesu kikamilifu, tuenende kwa imani na kuongozwa na Roho Mtakatifu.

Mtume Paulo ambaye alifaulu kuacha kazi za giza za zamani zake anashuhudia jambo hili. Anasema:
« Lakini mambo yale yaliyokuwa faida kwangu, naliyahesabu kuwa hasara kwa ajili ya Kristo. »(Wafilipi 3:7)

Kwa kweli, maadamu hatujaachana na matendo ya giza, maadamu tunabaki kushikamana na mali za ulimwengu, na maadamu tunabaki watumwa wa dhambi, hatuwezi kudai kuwa tumemchagua Yesu.
Ni lazima kabisa tupige hatua, tuache na tukubali kwenda kule anakotuongoza Bwana Yesu.

Sasa wewe uliacha nini kwa ajili ya Yesu?

OMBI:
Baba yetu uliye mbinguni, tupe nguvu ya kuachana na kila kitu kinachotuzuia kumfuata mwanao Yesu Kristo.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

KOKO WAHISEMO YESU ?

Kuba abakristo babatijwe mu mazi menshi byonyine ntibihagije. Tugomba kureka ibintu bimwe na bimwe kugira ngo dukurikire Yesu byuzuye, tugende kubwo kwizera kandi tuyoborwe n’umwuka wera.

Intumwa Pawulo washoboye kureka imirimo y’umwijima wo mu bihe byashize, arabihamya. Avuga ati:
« Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo. »(Abafilipi 3:7)

Muby’ukuri, mu gihe cyose tutaretse imirimo y’umwijima, mu gihe cyose dukomeje kwizirika kubyiza by’isi, kandi mu gihe cyose tuzakomeza kuba imbata z’icyaha, ntidukwiye kubahuka kuvuga ko twahisemo Yesu.
Tugomba rwose gutera intambwe, tureke twemere kujya aho Umwami Yesu atuyobora.

None wowe ni iki waretse ku bwa Yesu?

ISENGESHO:
Data wa twese uri mu ijuru, duhe imbaraga zo kureka ibintu byose bitubuza gukurikira umwana wawe Yesu Kristo.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu Kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

MUVY’UKURI WARAHISEMWO YESU ?

Kuba abakristo babatijwe mu mazi menshi, vyonyene ntibikwiriye. Dutegerezwa guca duheba ibintu bimwe bimwe kugira dukurikire Yesu vyuzuye, tugende kubw’ukwizera kandi tuyoborwe na Mpwemu yera.

Intumwa Pawulo yashoboye guheba ibikorwa vyo mu mwijima yahora arimwo mu bihe vya kera, arabishingira intahe. Avuga ati:
« Arikw ivyahora bimbera inyungu ndavyiyumvira kw ar’ ubuhombe kubga Kristo. »(Abafilipi 3:7)

Muvy’ukuri, igihe cose tutaraheba ibikorwa vyo mu mwijima, igihe cose tucihanbiriye ku vyiza vy’isi, kandi igihe cose tuzoguma turi abaja b’icaha, ntidukwiye kwubahuka kuvuga ko twahisemwo Yesu.
Dutegerezwa gutera intambwe, tukareka tukemera kuja aho Umwami Yesu atuyobora.

None wewe wahevye iki kubga Yesu?

IGISABISHO:
Dawe wa twese uri mw’ijuru, duhe inkomezi zo guheba ibintu vyose bitubuza gukurikira umwana wawe Yesu Kristo.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu Kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

SUFFERING PRECEDES GLORY

Did you know that suffering precedes glory and is part of God’s plan for our lives?

Jesus explains it to two of his disciples:
« How foolish you are, and how slow to believe all that the prophets have spoken! Did not the Messiah have to suffer these things and then enter his glory? »(Luke 24:25-26)

It was difficult for these disciples to understand that the glory of Jesus was preceded by suffering.
Yet even in Hebrews 2:9 we read that Jesus is « crowned with glory and honor because of the suffering of death ».
Jesus’ suffering was part of God’s plan. It was necessary.

However, this reality does not only apply to Jesus, it applies to all of God’s children.
We would like to share in the glory of God, but we don’t like the fact that « it is through many tribulations that we must enter the kingdom of God. »(Acts 14:22)
In order not to be disappointed and confused, we must absolutely understand that suffering can also be part of God’s plan for our lives.
Let us be courageous and persevere in the faith.

PRAYER:
Our Father who art in heaven, help us to understand that suffering is part of your plan for our lives.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

LA SOUFFRANCE PRÉCÈDE LA GLOIRE

Saviez-vous que la souffrance précède la gloire et fait partie du plan de Dieu pour nos vies?

Jésus l’explique à deux de ses disciples:
« O hommes sans intelligence, et dont le coeur est lent à croire tout ce qu’ont dit les prophètes! Ne fallait-il pas que le Christ souffrît ces choses, et qu’il entrât dans sa gloire? »(Luc 24:25-26)

Ce fut difficile à ces disciples de comprendre que que la gloire de Jésus était précédée par la souffrance.
Pourtant, même dans Hébreux 2:9 nous lisons que Jésus est « couronné de gloire et d’honneur à cause de la souffrance de la mort ».
La souffrance de Jésus faisait partie du plan de Dieu. C’était nécessaire.

Toutefois, cette réalité ne s’applique pas seulement sur Jésus, il s’applique sur tous les enfants de Dieu.
Nous voudrions bien partager la gloire de Dieu, mais nous n’aimons pas le fait que « c’est par beaucoup de tribulations qu’il nous faut entrer dans le royaume de Dieu. »(Actes 14:22)
Pour ne pas être déçus et confus, nous devons absolument comprendre que la souffrance peut également faire partie du plan de Dieu pour nos vies.
Soyons courageux et perseverons dans la foi.

PRIÈRE:
Notre Père qui êtes aux cieux, aide-nous à comprendre que la souffrance fait partie de votre plan pour nos vies.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

MATESO HUUTANGULIA UTUKUFU

Je, unajua kwamba mateso hutangulia utukufu na ni sehemu ya mpango wa Mungu kwa maisha yetu?

Yesu anawaeleza wanafunzi wake wawili:
« Enyi msiofahamu, wenye mioyo mizito ya kuamini yote waliyoyasema manabii! Je! Haikumpasa Kristo kupata mateso haya na kuingia katika utukufu wake? »(Luka 24:25-26)

Ilikuwa vigumu kwa wanafunzi hawa kuelewa kwamba utukufu wa Yesu ulitanguliwa na mateso.
Lakini hata katika Waebrania 2:9 tunasoma kwamba Yesu, “ kwa sababu ya maumivu ya mauti, amevikwa taji ya utukufu na heshima”.
Maumivu ya Yesu yalikuwa sehemu ya mpango wa Mungu. Ilikuwa ni lazima.

Hata hivyo, ukweli huu haumhusu Yesu pekee, unawahusu watoto wote wa Mungu.
Tungependa kushiriki katika utukufu wa Mungu, lakini hatupendi ukweli kwamba “imetupasa kuingia katika ufalme wa Mungu kwa njia ya dhiki nyingi.”(Matendo 14:22)
Ili tusikate tamaa na kuchanganyikiwa, ni lazima tuelewe kabisa kwamba mateso yanaweza pia kuwa sehemu ya mpango wa Mungu kwa maisha yetu.
Tuwe wajasiri na kudumu katika imani.

OMBI:
Baba yetu uliye mbinguni, tusaidie kuelewa kwamba mateso ni sehemu ya mpango wako kwa maisha yetu.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

NYUMA Y’IMIBABARO HAZA ICYUBAHIRO

Wari uzi ko ukubabazwa kubanziriza icyubahiro kandi kuri muri gahunda y’Imana ku buzima bwacu?

Yesu arabisobanurira babiri mu bigishwa be:
« Mwa bapfu mwe, imitima yanyu itinze cyane kwizera ibyo abahanuzi bavuze byose. None se Kristo ntiyari akwiriye kubabazwa atyo, ngo abone kwinjira mu bwiza bwe? »(Luka 24:25-26)

Byari bigoye kuri abo bigishwa kumva ko icyubahiro cya Yesu cyabanjirijwe n’ukubabazwa.
Nyamara no mu Baheburayo 2:9 dusoma ko Yesu « ari we wambitswe ubwiza n’icyubahiro nk’ikamba ku bw’umubabaro w’urupfu yapfuye. »
Imibabaro ya Yesu yari muri gahunda y’Imana. Byari ngombwa.

Ariko, uku kuri ntikureba Yesu gusa, kureba abana b’Imana bose.
Turifuza kwinjira mu bwami bw’Imana, ariko ntidushaka kumva ko « dukwiriye guca mu makuba menshi, niba dushaka kwinjira mu bwami bw’Imana. »(Ibyakozwe 14:22)
Kugirango tudatenguha, tugomba kumva rwose ko imibabaro nayo ishobora kuba imwe mu migambi y’Imana mu buzima bwacu.
Reka tugire ubutwari kandi dukomeze kwizera.

ISENGESHO:
Data wa twese uri mu ijuru, udufashe kumva ko imibabaro iri muri gahunda yawe y’ubuzima bwacu.
Ni mwizina ryagaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA