TUTOE MIILI YETU KAMA DHABIHU ILIYO HAI

Ili miili yetu iweze kutimiza kazi yake kama hekalu la Roho Mtakatifu (1 Wakorintho 6:19), mtume Paulo anatuagiza kutoa miili yetu kama dhabihu iliyo hai:

“Basi, ndugu zangu, nawasihi, kwa huruma zake Mungu, itoeni miili yenu iwe dhabihu iliyo hai, takatifu, ya kumpendeza Mungu…”(Warumi 12:1)

Hakika, mwili wetu wa kimwili ni chombo ambacho hutafsiri mawazo yetu katika vitendo. Kwa mema au mabaya, inafunua mtazamo wetu wa ndani.
Kutoa miili yetu kama dhabihu iliyo hai ni kuviacha viungo vyote vya miili yetu viwe vyombo mikononi mwa Mungu.

Ili miili yetu iwe takatifu na ya kumpendeza Mungu, ni lazima kabisa tuachane na tamaa za mwili yaani kuepuka kuutoa mwili wetu kwa dhambi.
« Msiendelee kuvitoa viungo vyenu kuwa silaha za dhuluma kwa dhambi; bali jitoeni wenyewe kwa Mungu kama walio hai baada ya kufa, na viungo vyenu kwa Mungu… »(Warumi 6:13).
Ni lazima pia tuachane na tamaa na misukumo ambayo mwili wetu unatutaka tumridhishe.
« Vita vyatoka wapi, na mapigano yaliyoko kati yenu yatoka wapi? Si humu, katika tamaa zenu zifanyazo vita katika viungo vyenu? »(Yakobo 4:1).

OMBI:
Bwana Mungu wetu, utusaidie tuweze kutoa miili yetu kama dhabihu iliyo hai.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

DUTANGE IMIBIRI YACU NK’IBITAMBO BIZIMA

Kugirango umubiri wacu usohoze umurimo wawo nk’urusengero rw’umwuka wera (1 Abakorinto 6:19), intumwa Pawulo adutegeka gutanga imibiri yacu nk’ibitambo bizima:

« Nuko bene Data, ndabinginga ku bw’imbabazi z’Imana ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana… »(Abaroma 12:1)

Muby’ukuri, umubiri n’igikoresho gishira ibitekerezo byacu mu bikorwa. Mu byiza cyangwa mu bibi, umubiri uragaragaza uko imbere mu mutima hameze.
Gutanga umubiri wacu nk’igitambo kizima ni ukureka ingingo zose z’umubiri wacu zikaba ibikoresho mu maboko y’Imana.

Kugirango umubiri wacu ube igitambo kizima kandi ushimishe Imana, tugomba rwose kureka ibyifuzo by’umubiri, ni ukuvuga kwirinda gukoresha umubiri wacu ibyaha.
« Kandi ntimuhe ibyaha ingingo zanyu kuba intwaro zo gukiranirwa, ahubwo mwitange mwihe Imana… »(Abaroma 6:13)
Tugomba kandi kwanga irari n’imbaraga zidukururira mu byaha umubiri wacu udusaba guhaza.
« Mbese muri mwe intambara ziva he, n’intonganya ziva he? Ntibiva ku byo mwishimira bibi, birwanira mu ngingo zanyu? »(Yakobo 4:1)

ISENGESHO:
Mwami Mana yacu, udufashe dushobore gutanga imibiri yacu nk’ibitambo bizima.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

DUTANGE IMIBIRI YACU NK’IBIMAZI BIZIMA

Kugira umubiri wacu ushobore kuba urusengero rwa Mpwemu Yera (1 Ab’i Korinto 6:19), intumwa Pawulo adutegeka gutanga imibiri yacu nk’ibimazi bizima:

« Nuko bene Data, ndabahanura kubg’ imbabazi z’Imana, ngo mutange imibiri yanyu ibe ibimazi bizima vyera, bihimbara Imana… »(Abaroma 12:1)

Muvy’ukuri, umubiri n’igikoresho gishira ivyiyumwiro vyacu mu bikorwa. Mu vyiza canke mu bibi, umubiri urerekana uko imbere mu mutima hameze.
Gutanga umubiri wacu nk’ikimazi kizima ni ukureka ingingo zose z’umubiri wacu zikaba ibikoresho mu maboko y’Imana.

Kugira umubiri wacu ube ikimazi kizima kandi gihimbara Imana, dutegerezwa kuvavanura n’ivyifuzo vy’umubiri, n’ukuvuga kwirinda gukoresha umubiri wacu ivyaha.
« Kandi ntimugahe icaha imibiri yanyu ngw ikoreshwe n’ukugabitanya; ariko mwishikanire Imana… »(Abaroma 6:13)
Dukwiriye kandi kunaniza ibintu vyose bidukwegera mu vyaha umubiri wacu udusaba gukora.
« Muri mwebge intambara ziva hehe, n’imitongano iva hehe? Mbega ntibiva mu bibahimbara birwanira mu ngingo zanyu? »(Yakobo 4:1)

IGISABISHO:
Mwami Mana yacu, dufashe gushobora gutanga imibiri yacu nk’ibimazi bizima.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

TWO TYPES OF CHILDREN OF GOD

The parable of the prodigal son introduces us to two types of children of God.

These are two beloved children of their father:
The youngest who, in the story, is the prodigal son, returns to his father, after having abandoned him and having moved away from him to go and squander all his property in debauchery.
When he had nothing left, as « he began to be in need »(Luke 15:14), he returned to his father.
The eldest, having seen how the prodigal son was well received, despite what he had done, was jealous and became angry.
He then said to his father:
« Look! All these years I’ve been slaving for you and never disobeyed your orders. Yet you never gave me even a young goat so I could celebrate with my friends. »(Luke 15:29)

These two sons showed two regrettable attitudes that we also recognize in certain children of God:
The prodigal son represents the type of materialistic children of God. These come closer to God only when they are in need or when they are in difficulty.
The eldest represents the type of unconscious children of God, because they are unaware that they are heirs of God and that God does not give material goods to his children as they necessarily deserve.

We should not focus on the material goods that God gives to his children, rather we should be aware that everything God has belongs to us and that our inheritance is rather eternal life at his side not perishable goods.

PRAYER:
Lord our God, grant us to be aware that our inheritance is in paradise.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

DEUX TYPES D’ENFANTS DE DIEU

La parabole de l’enfant prodigue nous fait découvrir deux types d’enfants de Dieu.

Il s’agit de deux enfants bien aimés de leur père:
Le plus jeune qui, dans l’histoire, est le fils prodigue, revient chez son père, après l’avoir abandonné et s’être éloigné de lui pour aller dilapider tout son bien dans la débauche.
Lorsqu’il ne lui restait plus rien, comme « il commença à se trouver dans le besoin »(Luc 15:14), il retourna auprès de son père.
L’aîné, ayant vu comment l’enfant prodigue fut bien accueilli, malgré ce qu’il avait fait, fut jaloux et se mit en colère.
Il dit alors à son père:
« Voici, il y a tant d’années que je te sers, sans avoir jamais transgressé tes ordres, et jamais tu ne m’as donné un chevreau pour que je me réjouisse avec mes amis. »(Luc 15:29)

Ces deux fils ont manifesté deux attitudes regrettables que l’on reconnaît aussi chez certains enfants de Dieu:
L’enfant prodigue représente le type d’enfants de Dieu matérialistes. Ceux-ci se rapprochent de Dieu seulement lorsqu’ils se trouvent dans le besoin ou lorsqu’ils sont dans des difficultés.
L’aîné représente le type d’enfants de Dieu inconscients, parce qu’ils sont inconscients qu’ils sont des héritiers de Dieu et que Dieu ne donne pas des biens matériels à ses enfants selon qu’ils le méritent nécessairement.

Nous ne devrions pas nous focaliser sur les biens matériels que Dieu donne à ses enfants, nous devrions plutôt être conscients que tout ce que Dieu possède nous appartient et que notre héritage est plutôt la vie éternelle et non les biens périssables.

PRIÈRE:
Éternel notre Dieu, donnez-nous d’être conscients que notre héritage est au ciel et non dans ce monde.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

AINA MBILI ZA WATOTO WA MUNGU

Mfano wa mwana mpotevu unatujulisha aina mbili za watoto wa Mungu.

Hawa ni watoto wawili wapendwa wa baba yao:
Mdogo ambaye katika hadithi hiyo ni mwana mpotevu, anarudi kwa baba yake, baada ya kumtelekeza na kuondoka naye kwenda kutapanya mali yake yote kwa ufisadi.
Alipokuwa hana kitu tena, kwa kuwa “alianza kuhitaji”(Luka 15:14), alirudi kwa baba yake.
Mkubwa, baada ya kuona jinsi mwana mpotevu alivyopokelewa vizuri, licha ya kile alichokifanya, aliona wivu na hasira.
Kisha akamwambia baba yake:
« Tazama, mimi nimekutumikia miaka mingapi hii, wala sijakosa amri yako wakati wo wote, lakini hujanipa mimi mwana-mbuzi, nifanye furaha na rafiki zangu. »(Luka 15:29)

Wana hawa wawili walionyesha mitazamo miwili ya kusikitisha ambayo tunaitambua pia katika baadhi ya watoto wa Mungu:
Mwana mpotevu anawakilisha aina ya watoto wa Mungu wanaopenda mali. Hawa humkaribia Mungu pale tu wanapokuwa na uhitaji au wanapokuwa katika magumu.
Mkubwa anawakilisha aina ya watoto wa Mungu wasio na fahamu, kwa sababu hawajui kwamba wao ni warithi wa Mungu na kwamba Mungu hawapi vitu vya kimwili kwa watoto wake jinsi inavyostahili.

Hatupaswi kuzingatia mali ambayo Mungu huwapa watoto wake, badala yake tunapaswa kufahamu kwamba kila kitu ambacho Mungu anacho ni chetu na kwamba urithi wetu ni uzima wa milele karibu naye kuliko bidhaa zinazoharibika.

OMBI:
Bwana Mungu wetu, utujalie kufahamu kwamba urithi wetu uko peponi.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

IMYIFATIRE IBABAJE MU BANA B’IMANA

Umugani w’umuhungu w’ikirara utugaragariza imyifatire ibiri dusanga mu bana b’Imana.

Uyu mugani uvuga abana babiri bakundwa ba se:
Umuhererezi, mur’iyi nkuru, ariwe mwana w’ikirara, asubira kwa se, amaze kumutererana no kumwimuka ngo ajye gusesagura ibintu bye byose mu busambanyi. Igihe ntacyo yari agisigaranye, « atangiye gukena »(Luka 15:14), asubira kwa se.
Imfura, abonye ukuntu umuhungu w’ikirara yakiriwe neza, n’ubwo ibyo yakoze byose, yagize ishyari ararakara, abwira se ati:
« Maze imyaka myinshi ngukorera, ntabwo nanze itegeko ryawe. Ariko hari ubwo wigeze umpa n’agasekurume, ngo nishimane n’incuti zanjye? »(Luka 15:29)

Aba bahungu bombi berekanye imyifatire ibiri ibabaje dusanga no mu bana bamwe na bamwe b’Imana:
Umuhungu w’ikirara agereranywa n’abana b’Imana bakunda ubutunzi bwo mu isi. Ubwo bwoko bw’abana b’Imana bakunda ubutunzi begera Imana gusa mu gihe bakenye cyangwa mugihe bari mu bibazo.
Imfura igereranywa n’ubwoko bw’abana b’Imana batagira ubwenge, kuko batazi ko ari abaragwa b’Imana kandi ko Imana idaha abana bayo ibintu bifatika ngo ni kubera babikwiye.

Ntidukwiye kwibanda ku bintu bifatika Imana iha abana bayo, ahubwo dukwiye kumenya ko ikintu cyose Imana ifite ari icyacu kandi ko umurage wacu ari ubuzima bw’iteka atari ibintu byo mu isi byangirika.

ISENGESHO:
Mwami Mana yacu, duhe kumenya ko umurage wacu uri mu ijuru utari mu isi.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

INYIFATO IBABAJE MU BANA B’IMANA

Umugani w’umwana w’icangazi utugaragariza inyifato iri kubiri ibabaje dusanga mu bana b’Imana.

Uwo mugani uvuga abana babiri bakundwa na se:
Umuhererezi, mur’iyi nkuru, ariwe mwana w’icangazi, yagarutse kwa se, yari yaramutaye, yigira gusesagura ivyo se yari yaramuhaye vyose mu busambanyi.
Abonye ataco agisigaranye, « atanguye gufutana »(Luka 15:14), niho yasubira kwa se.
Imfura, abonye ukuntu umuhungu w’icangazi yakiriwe neza, n’ivyo yakoze vyose, yagize ishari arashavura, abwira se ati:
« Raba iyi myaka ingana irtya ngukorera, ntaho nigeze kwanka ico wangezeko, nanje ntaho wigeze kumpa n’agasuguru, ngo nnezeranwe n’abagenzi. »(Luka 15:29)

Aba bahungu uko ari babiri berekanye inyifato iri kubiri ibabaje natwe tuzi no mu bana bamwebamwe b’Imana:
Umuhungu w’icangazi agereranywa n’abana b’Imana bakunda ubutunzi bwo mw’isi. Ubwo bwoko bw’abana b’Imana bakunda ubutunzi begera Imana gusa iyo bakenye canke bari mu bibazo.
Imfura igereranywa n’ubwoko bw’abana b’Imana batagira ubwenge, kuko batazi ko ari abaragwa b’Imana kandi ko Imana idaha abana bayo ibintu bifatika ngo ni kubera babikwiye.

Ntidukwiriye kwibanda ku bintu bifatika Imana iha abana bayo, ahubwo dukwiye kumenya ko ikintu cose Imana ifise ari icacu kandi ko iragi ryacu ari ubuzima budahera atari ibintu vyo mw’isi tuyisigamwo bikabora.

IGISABISHO:
Mwami Mana yacu, duhe kumenya ko iragi ryacu riri mw’ijuru ritari mw’isi.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

DO NOT CAUSE OTHERS TO STUMBLE

The Apostle Paul tells us that we must be careful so that we may not cause others to stumble.

« Make up your mind not to put any stumbling block or obstacle in your brother’s way. »(Romans 14:13)

Yes, we are right to enjoy our freedom in Christ, but along with that freedom comes the responsibility to protect those around us who have doubts about that freedom.
If we happen to misbehave, we may be the cause of their spiritual stumbling.
Therefore, as Christians, we are forbidden to do anything that may cause our brothers and sisters in Christ to stumble spiritually. And stumbling can of course cause spiritual downfall, damage or weaken faith.
In all things, the important lesson is to “make every effort to do what leads to peace and to mutual edification”(Romans 14:19). In this way, God is glorified, believers are edified, and the world sees in us “righteousness, peace and joy in the Holy Spirit”(Romans 14:17).

PRAYER:
Lord our God, help us to never cause others to stumble.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

NE FAIS PAS TRÉBUCHER LES AUTRES

L’apôtre Paul nous dit que nous devons faire attention à ne pas faire trébucher les autres.

«Pensez plutôt à ne rien faire qui soit pour votre frère une pierre d’achoppement ou une occasion de chute.»(Romains 14:13)

Oui, nous avons raison de jouir de notre liberté en Christ, mais nous devons toujours nous rappeler que des gens autour de nous regardent ce que nous faisons et écoutent ce que nous disons dans notre liberté.
S’il arrive que nous nous conduisions ou nous comportions mal, nous pourrons être la cause de leur trébuchement spirituel.
C’est pourquoi, en tant que chrétiens, il nous est interdit de faire quoi que ce soit qui puisse amener nos frères et sœurs en Christ à trébucher spirituellement parlant. Et trébucher peut bien-sûr provoquer une chute spirituelle, endommager ou affaiblir la foi.
En toutes choses, la leçon importante est de «faire tous nos efforts pour faire ce qui conduit à la paix et à l’édification mutuelle»(Romains 14:19). De cette façon, Dieu est glorifié, les croyants sont édifiés et le monde voit en nous «la justice, la paix et la joie dans le Saint-Esprit»(Romains 14:17).

PRIÈRE:
Seigneur notre Dieu, aidez-nous à ne jamais faire trébucher les autres.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA