NI GITARE CYACU, IGIHOME KIDUKINGIRA

Dawidi agaragaza muri Zaburi ya 31 ko yizeye Imana n’ubutabera bwe. Imirongo ya 2 na 3 isobanura icyo uburinzi bw’Imana buri kuri twe.

« Untegere ugutwi utebuke unkize,Umbere igitare gikomeye,Inzu y’igihome yo kunkiza. Kuko ari wowe gitare cyanjye n’igihome kinkingira, Nuko ku bw’izina ryawe unjye imbere unyobore. »(Zaburi 31:2-3)

Muri zaburi, amagambo menshi arasobanura ubu burinzi: igihome cyanjye, urutare rwanjye, igihome kinkingira, aho nikinga, n’ibindi.
Ninde ushobora kudukoraho mugihe turi mumaboko y’Imana? Ntawe.
Ninde ushobora kubona ubuhungiro bwiza, uburinzi bwiza kuruta uwiringira Imana, We Ushoborabyose? Ntawe.
Muby’ukuri, ku bakristo, ubuhungiro n’uburinzi biri mu izina rya Yesu.
Kuva twemeye Yesu nk’umwami n’umukiza, Yesu yinjira mu buzima bwacu akatubamo.
Rero, duhinduka abanyembaraga kandi bakomeye kubera kuboneka kwe muri twe.
Niyo mpamvu handitswe muri 1Yohana 4:4 ngo:
« Bana bato, muri ab’Imana kandi ba bandi mwarabanesheje, kuko uri muri mwe aruta uri mu b’isi. »
Ibyo, tugomba guhora tubyibuka buri gihe turi mu bibazo no mu ntambara.

ISENGESHO:
Data wa twese uri mu ijuru, duhe guhora tumenya ko uri muri twe aruta uri mw’isi.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

N’IGITANDARA CACU, IGIHOME KIDUKINGIRA

Dawidi agaragaza muri Zaburi ya 31 ko yizeye Imana n’ubutungane bwayo. Imirongo ya 2 na 3 isobanura ico uburinzi bw’Imana buri kuri twebge.

« Umbangire ugutwi, unyaruke unkize: Umbere igitandara gikomeye, inzu y’igihome yo kunkiza. Kukw ari wewe gitandara canje n’igihome kinkingira: Nuko kubg’ izina ryawe unje imbere, undongore. »(Zaburi 31:2-3)

Muri zaburi, amajambo menshi aragaragaza ubu burinzi: igihome canjye, urutare rwanje, igihome kinkingira, aho nikinga, n’ibindi.
Ninde ashobora kudukorako mu gihe turi mu maboko y’Imana? Ntawe.
Ninde ashobora kubona ubuhungiro bwiza, uburinzi bwiza kuruta uwizigiye Imana, Yo Mushoboravyose? Ntawe.
Muvy’ukuri, ku bakristo, ubuhungiro n’uburinzi biri mw’izina rya Yesu.
Kuva twemeye Yesu nk’umwami n’umukiza, Yesu yinjira mu buzima bwacu akatubamwo.
Rero, duhinduka abanyenkomezi kandi bakomeye kubera ko ari muri twebge.
Niyo mpamvu handitswe muri 1Yohana 4:4 ngo:
« Mweho mur’ abava ku Mana, bana bato, kandi ba bandi mwarabanesheje: kuk’ Uri muri mwebge aruta uri mu b’isi. »
Ivyo, dukwiriye kwama tuvyibuka buri gihe tuba turi mu bibazo no mu ntambara z’ubuzima.

IGISABISHO:
Dawe wa twese uri mw’ijuru, duhe guhora twibuka ko uwuri muri twebge aruta uwuri mw’isi.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

LET’S FLEE FROM SEXUAL IMMORALITY

The Bible advises us to always flee from sexual immorality because we are not always sure that we can resist its temptation and get out of it.

« Flee from sexual immorality. All other sins a man commits are outside his body, but he who sins sexually sins against his own body. »(1 Corinthians 6:18)

In principle, in the face of all the things that seduce us, attach us to the world and distance us from God, we must also flee:
« But you, man of God, flee from all this, and pursue righteousness, godliness, faith, love, endurance and gentleness. »(1 Timothy 6:11)
But in a special way, the word of God exhorts us to flee from sexual immorality.
Indeed, one cannot, by oneself, resist temptation. We need all the grace of God and the help of his Holy Spirit to keep our conscience awake. But the best way not to give in to the temptation of sexual immorality is to flee!
This is what Joseph did when Potiphar’s wife asked him to sleep with her. (Read Genesis 39:11-12) Joseph had to flee.
In the face of sexual immorality, let us flee.

PRAYER:
Our Father who art in heaven, give us the ability to flee whenever we are faced with the temptation of sexual immorality.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

FUYONS L’IMPUDICITÉ

La Bible nous conseille de toujours fuir l’impudicité parce que nous ne sommes toujours sûrs de pouvoir résister à sa tentation et de nous en sortir.

« Fuyez l’impudicité. Quelque autre péché qu’un homme commette, ce péché est hors du corps; mais celui qui se livre à l’impudicité pèche contre son propre corps. »(1 Corinthiens 6:18)

En principe, face à toutes les choses qui nous séduisent, nous attachent au monde et nous éloignent de Dieu, nous devons aussi fuir:
« Pour toi, homme de Dieu, fuis ces choses, et recherche la justice, la piété, la foi, la charité, la patience, la douceur. »(1 Timothée 6:11)
Mais d’une manière particulière, la parole de Dieu nous exhorte à fuir l’impudicité.
En effet, on ne peut pas, par soi-même, résister à la tentation de l’impudicité. On a besoin de toute la grâce de Dieu et de l’aide de son Esprit-Saint pour tenir notre conscience éveillée. Mais le meilleur moyen pour ne pas céder à la tentation de l’impudicité, c’est de fuir !
C’est ce qu’a fait Joseph, lorsque la femme de Potiphar lui a proposé de coucher avec elle.(Lire Genèse 39:11-12) Joseph a dû fuir.
Face à l’impudicité, fuyons.

PRIÈRE:
Notre Père qui êtes aux cieux, donnez-nous de savoir fuir chaque fois que nous sommes en face de la tentation de l’impudicité.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

TUKIMBIE UZINIFU

Biblia inatushauri tuepuke sikuzote kutokana na uasherati kwa sababu hatuna uhakika sikuzote kwamba tunaweza kupinga kishawishi chake na kutoka humo.

« Ikimbieni zinaa. Kila dhambi aitendayo mwanadamu ni nje ya mwili wake; ila yeye afanyaye zinaa hutenda dhambi juu ya mwili wake mwenyewe. »(1 Wakorintho 6:18)

Kimsingi, mbele ya mambo yote yanayotupotosha, yanatuunganisha na ulimwengu na kututenganisha na Mungu, lazima pia tukimbie:
« Bali wewe, mtu wa Mungu, uyakimbie mambo hayo; ukafuate haki, utauwa, imani, upendo, saburi, upole. »(1 Timotheo 6:11)

Lakini kwa njia ya pekee, neno la Mungu linatuhimiza tuepuke uasherati.
Hakika, mtu hawezi, peke yake, kupinga majaribu. Tunahitaji neema yote ya Mungu na msaada wa Roho wake Mtakatifu ili kutunza dhamiri zetu zikiwa macho. Lakini njia bora zaidi ya kutokubali kushindwa na jaribu la uasherati ni kukimbia!
Hivi ndivyo Yusufu, huyu kijana mtumwa mwenye sura nzuri, alifanya wakati mke wa Potifa alipomwomba alale naye.(Soma Mwanzo 39:11-12 ) Yosefu alilazimika kukimbia.
Katika kukabiliana na uasherati, tukimbie.

OMBI:
Baba yetu uliye mbinguni, utupe uwezo wa kukimbia kila tunapokabili majaribu ya uasherati.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

TUJYE TUZIBUKIRA UBUSAMBANYI

Bibiliya iratugira inama yo guhora tuzibukira ubusambanyi kuko ntabwo buri gihe tuba tuzi neza ko dushobora kunanira ibishuko byabwo cyangwa twabivamo neza.

« Muzibukire gusambana. Ibindi byaha byose umuntu akora bikorerwa inyuma y’umubiri, ariko usambana aba akoze icyaha cyo mu mubiri we. »(1 Abakorinto 6:18)

Ihame,ibintu byose bidushukashuka, bikaduhuza n’isi kandi bikadutandukanya n’Imana, tugomba kubizibukira:
« Ariko wowe ho muntu w’Imana ujye uhunga ibyo, ahubwo ukurikize gukiranuka, kubaha Imana, kwizera, urukundo, kwihangana n’ubugwaneza. »(1 Timoteyo 6:11)
Ariko mu buryo budasanzwe, ijambo ry’Imana ridushishikariza guhunga ubusambanyi.
Muby’ukuri, umuntu ntashobora, wenyine, kunanira ibishuko. Dukeneye ubuntu bw’Imana n’ubufasha bw’Umwuka Wera kugira ngo umutimanama wacu ube maso. Ariko inzira nziza yo kunanira ibishuko by’ubusambanyi ni ukuzibukira tugahunga!
Ibi nibyo Yosefu yakoze igihe muka Potifari amusaba kuryamana nawe.(Soma Itangiriro 39:11-12) Yosefu yagombaga guhunga.
Reka tujye tuzibukira ubusambanyi.

ISENGESHO:
Data wa twese uri mu ijuru, dushoboze guhora tuzibukira igihe cyose duhuye n’ikigeragezo cy’ubusambanyi.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

TWAME DUHUNGA UBUSHAKANYI

Bibiliya iduhanura kwama duhunga ubushakanyi kuko kenshi tutaba tuzi neza ko dushobora kunanira ibigeragezo vyabwo canke ko twobivamwo amahoro.

« Muhunge ubushakanyi. Icaha cose umuntu akora s’ic’ umubiri, arik’ ushakana aba acumuye ku mubiri wiwe. »(1 Ab’i Korinto 6:18)

Mu bisanzwe, ibintu vyose bitwosha nabi, bidukundisha ivy’isi bikadutandukanya n’Imana, dukwiriye kubihunga:
« Ariko weho, muntu w’Imana, wame uhunga ivyo, arik’ ukurikire ukugororoka, n’ukwubaha Imana, n’ukwizera, n’urukundo, n’ukwihangana, n’ubugwaneza. »(1 Timoteyo 6:11)
Ariko mu buryo budasanzwe, ijambo ry’Imana riduhimiriza guhunga ubushakanyi.
Muvy’ukuri, umuntu ntashobora, wenyene, kunanira ibigeragezo vy’ubushakanyi. Dukeneye ubuntu bw’Imana n’ubufasha bwa Mpwemu Yera kugira ngo umutimanama wacu ube maso. Ariko inzira nziza yo kunanira ibigeragezo vy’ubushakanyi, n’ukubihunga!
Uko niko na Yosefu, yabigenje igihe muka Potifari amusaba gusambana nawe.(Soma Itanguriro 39:11-12) Yosefu yaciye amuhunga.
Natwe, twame duhunga ubushakanyi.

IGISABISHO:
Dawe wa twese uri mw’ijuru, dushoboze kwama duhunga igihe cose duhuye n’ikigeragezo c’ubushakanyi.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

I AM HIS

Nothing is more precious to a Christian than to understand the depth of his relationship with Christ.

Our relationship with Christ is based on the following statement of Jesus:
« You will realize that I am in my Father, and you are in me, and I am in you. »(John 14:20)
Jesus identified himself with his disciples and with all those who have believed in him since his coming, by undergoing the judgment of God for them, in their place.
So we can confidently state this:
« My lover is mine and I am his; he browses among the lilies. »(Song of Solomon 2:16)

To say effect, « I am his », is a language of direct faith, adherence to Christ and strong affection.
That is to say that, the Christian who declares it, believes and feels that he is entirely the possession of Christ and that Christ knows him entirely.
Do you also believe and feel that you are his?
If we believe that we are really a property of Christ and we are aware of it, we cannot worry about anything because we are aware that not only does Christ look after us and take care of us in all, but also because neither diseases, nor persecution, nor violence, and all kinds of misfortunes, all evil has no effect on us.

PRAYER:
Our Father who art in heaven, help us to believe and to be aware that we belong to Christ.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

JE SUIS À LUI

Rien n’est plus précieux à un chrétien que de comprendre la profondeur de sa relation avec Christ.

Notre relation avec Christ est basée sur la déclaration suivante de Jésus:
« Vous connaîtrez que je suis en mon Père, que vous êtes en moi, et que je suis en vous. »(Jean 14:20)
Jésus s’identifiait à ses disciples et à tous ceux qui croient en lui depuis sa venue, en subissant le jugement de Dieu pour eux, à leur place.
Nous pouvons donc déclarer avec assurance ceci:
« Mon bien-aimé est à moi, et je suis à Lui… »(Cantique des Cantiques 2:16)

Dire effet, « je suis à Lui », c’est un langage de la foi directe, d’adhésion au Christ et d’une forte affection.
C’est-à-dire que le chrétien qui le déclare, croit et sent qu’il est entièrement la possession de Christ et que Christ le connait entièrement.
Croyez-vous et sentez-vous aussi que vous êtes à lui?

Si nous croyons que nous sommes réellement une propriété de Christ et que nous en sommes conscients, nous ne pouvons pas nous inquiéter de quoi que ce soit parce que nous sommes conscients que non seulement Christ s’occupe de nous et prend soin de nous en tous, mais aussi parce que ni les maladies, ni la persécution, ni la violence, et toutes les sortes de malheurs, tout mal reste sans effet sur nous.

PRIÈRE:
Notre Père qui êtes aux cieux, donnez-nous de croire et d’être conscients que nous appartenons à Christ.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA

MIMI NI WAKE

Hakuna kitu chenye thamani zaidi kwa Mkristo kuliko kuelewa undani wa uhusiano wake na Kristo.

Uhusiano wetu na Kristo unatokana na kauli ifuatayo ya Yesu:
« Siku ile ninyi mtatambua ya kuwa mimi ni ndani ya Baba yangu, nanyi ndani yangu, nami ndani yenu. »(Yohana 14:20).
Yesu alijitambulisha pamoja na wanafunzi wake na wale wote ambao wamemwamini tangu kuja kwake, kwa kupitia hukumu ya Mungu kwa ajili yao, mahali pao.
Kwa hivyo tunaweza kusema hivi kwa ujasiri:
« Mpendwa wangu ni wangu, na mimi ni wake; Hulisha kundi lake penye nyinyoro. »(Wimbo Ulio Bora 2:16)

Kusema athari, « Mimi ni wake », ni lugha ya imani ya moja kwa moja, kushikamana na Kristo na upendo mkubwa.
Hiyo ni kusema kwamba, Mkristo anayeitangaza, anaamini na kuhisi kwamba yeye ni mali ya Kristo kabisa na kwamba Kristo anamjua kabisa.
Je, wewe pia unaamini na kuhisi kwamba wewe ni wake?
Ikiwa tunaamini kwamba sisi ni mali ya Kristo kweli na tunaifahamu, hatuwezi kuwa na wasiwasi juu ya chochote kwa sababu tunafahamu kwamba si tu kwamba Kristo anatuangalia na kututunza katika yote, lakini pia kwa sababu magonjwa, au mateso, au vurugu, na kila aina ya misiba, uovu wote hauna athari juu yetu.

OMBI:
Baba yetu uliye mbinguni, tusaidie kuamini na kufahamu kwamba sisi ni wa Kristo.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI-RWANDA