WOWE UGEZE HE NA KRISTO ?

Nyuma yo guhura na Yesu, intumwa Pawulo yemeye ko ari umwami n’umukiza we, amusezeranya kumukurikira..

Mu ntangiriro y’urugendo rwe na Yesu, intumwa Pawulo yizeraga ko bizamworohera gutegeka kamere ye, kwirinda ikibi no gukora ibishimisha Imana.
Nyuma yo kubona ko adashobora kubigeraho ku bw’imbaraga ze bwite yagize ati:
« Muri kamere yanjye, nta cyiza kimbamo, kuko mpora nifuza gukora icyiza ariko kugikora nta ko, kuko icyiza nshaka atari cyo nkora, ahubwo ikibi nanga akaba ari cyo nkora. »(Abaroma 7:18-19)

Mubyukuri, kubwimbaraga ze, ntamuntu numwe ushobora kuganza kamere ye yicyaha. Ni Kristo wenyine abimushoboza.
Intumwa Pawulo yaje kubona nyuma ko ashobora kuganza kamere ye yicyaha no gutsinda ibishuko byose, maze aratangaza ati:
« Nshobozwa byose na Kristo umpa imbaraga. »(Abafilipi 4:13)

Mubyukuri, ntamuntu ukwiye kwirata kubushobozi afite bwo gutsinda ibishuko, Yesu Kristo niwe ubimushoboza.
Intumwa Pawulo yamenye kandi ko niba yarabashije kwirinda ikibi no gukora ibyiza, byatewe na Kristo wenyine.
Niba natwe twemeye kugendana na Yesu Kristo, rwose azadushoboza nka Pawulo, gutsinda kamere yacu y’icyaha no gutsinda ibishuko byose.

Hanyuma, nyuma, intumwa Pawulo yageze ku murongo wanyuma wo gutungana. Yesu yamugejeje ku rwego umuntu uwo ari we wese ashobora kumwigana niba ashaka gushimisha Imana.
Yarishimye maze aravuga ati:
« Ibyo nabīgishije, ibyo nababwirije, ibyo mwanyumvanye, n’ibyo mwambonanye abe ari byo mukora. Ni bwo Imana itanga amahoro izabana namwe. »(Abafilipi 4:9)

Ninde muri twe wavuga iri jambo?
Ubwo uno musi, twa kwubahuka kubwira abantu ngo badufateho urugero?
Nyamara aho niho ugendanye neza na Yesu amugeza.

None wowe mwene Data ugeze he mu kugendana na Yesu?

ISENGESHO:
Data wa twese uri mu ijuru, duhe kugendana n’Umwana wawe Yesu kristo no kuyoborwa n’Umwuka wera kugira tubashe kubera abandi urugero rwo kukugororokera.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

WEHO UGEZE HE NA KRISTO ?

Inyuma yo guhura na Yesu, intumwa Pawulo yaremeye ko ari umwami n’umukiza wiwe, anamusezeranya kumukurikira.

Mu ntango y’urugendo rwiwe na Yesu, intumwa Pawulo yibaza ko bizomworohera gutegeka kameremere yiwe, kwirinda ikibi no gukora ibishimisha Imana.
Inyuma yo kubona ko adashobora kubigerako kubg’inkomezi ziwe bwite yagize ati:
« Ndazi yuko muri jewe, mu kameremere kanje, ata ciza kimbamwo: kuko kugomba gukora iciza kubana nanje, ariko kugikora nta kwo. Kukw iciza ngomba atari co nkora, arikw ikibi ntagomba akaba ari co nkora. »(Abaroma 7:18-19)

Muvy’ukuri, kubg’inkomezi ziwe, nta muntu n’umwe ashobora kuganza kameremere kiwe atabifashijwemwo na Kristo.
Intumwa Pawulo yaratevye arabona mu nyuma ko ashobora kuganza kameremere yiwe y’icaha no gutsinda ibimugerageza vyose, maze aravuga ati:
« Nshobozwa vyose n’umpa inkomezi. »(Ab’ i Filipi 4:13)

Muvy’ukuri, ntamuntu akwiye kwirata kubushobozi afise bwo gutsinda ibigeragezo, Yesu Kristo niwe ubimushoboza.
Intumwa Pawulo yamenye kandi ko yarabashije kwirinda ikibi no gukora ivyiza, kubera Kristo yabimushoboje.
Natwe twemeye kugendana na Yesu Kristo, n’ukuri azodushoboza nka Pawulo, gutsinda kameremere yacu y’icaha no gutsinda ibigeragezo vyose.

Hanyuma, mu nyuma, intumwa Pawulo yarageze ku murongo wanyuma wo gutungana. Yesu yamugejeje ku rwego umuntu uwo ari we wese ashobora kumwigana niba ashaka guhimbara Imana.
Vyaramunezereje, maze aravuga ati:
« Ivyo mwize, ivyo mwakiriye, ivyo mwumvise, ivyo mwambonanye, abe ari vyo mukora: ni ho Imana Nyen’ amahoro izobana namwe. »(Ab’ i Filipi 4:9)

Ninde muri twebge yovuga iri jambo?
Ubwo uno musi, twokwubahuka kubwira abantu ngo baturabireko akarorero?
Yamara aho niho uwugendanye neza na Yesu amugeza.

None weho mwene Data ugeze he mu kugendana na Yesu?

IGISABISHO:
Dawe wa twese uri mw’ijuru, duhe kugendana n’Umwana wawe Yesu kristo no kuyoborwa na Mpwemu yera kugira tubashe kubera abandi akarorero ko kukugororokera.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

WHAT ARE WE CALLED ?

If people don’t call us by the names our parents gave us, they call us by names that they stick to us because of our personality and our notoriety, good or bad.

However, by his grace, God can change all those names that people stick to us:
– Simon became Peter, a « column of the primitive church ».
« You are Simon son of John. You will be called Cephas »(which, when translated, is Peter).(John 1:42)
– Saul of Tarsus, the church persecutor, became the apostle Paul, a church builder.
– Jacob, the deceiver, became Israel the father of the twelve tribes.
« Your name will no longer be Jacob, but Israel, because you have struggled with God and with men and have overcome. »(Genesis 32:28)

The names that God gives us bring blessings and express a new destiny or a new life that is good.
And God gives them to us after transforming us.
This is how the one whom everyone called wicked man becomes good by the grace of God,
The one everyone called angry man becomes meek by the grace of God,
He whom everyone called dishonest man becomes honest man by the grace of God, and so on.
Let’s ask God to transform us so that we may have new names.

PRAYER:
Our Father who art in heaven, come into our lives to transform us and give us new names.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

COMMENT NOUS APPELLE-T-ON ?

Si les gens ne nous appellent pas par les noms que nos parents nous ont donnés, ils nous appellent par des noms qu’ils nous collent eux-mêmes à cause de notre personnalité et notre notoriété, bonnes ou mauvaises.

Toutefois, par sa grâce, Dieu peut changer tous ces noms que les gens nous collent:
– Simon est devenu Pierre, une « colonne de l’église primitive ».
« Tu es Simon, fils de Jonas; tu seras appelé Pierre. »(Jean 1:42)
– Saul de Tarse, le persécuteur d’église, est devenu l’apôtre Paul, un fondateur d’église.
– Jacob, le trompeur, est devenu Israël le père des douze tribus.
« Ton nom ne sera plus Jacob, mais tu seras appelé Israël; car tu as lutté avec Dieu et avec des hommes, et tu as été vainqueur. »(Genèse 32:28)

Les noms que Dieu nous donne sont porteurs de bénédictions et expriment un nouveau destin ou une nouvelle vie qui est bonne.
Et Dieu nous les donne après nous avoir transformé.
C’est ainsi que celui que tout le monde appelait méchant devient bon par la grâce de Dieu,
Celui que tout le monde appelait colérique devient doux par la grâce de Dieu,
Celui que tout le monde appelait malhonnête devient honnête par la grâce de Dieu, etc.
Demandons à Dieu de nous transformer afin que nous ayons de nouveaux noms.

PRIÈRE:
Notre Père qui êtes aux cieux, venez dans notre vie pour nous transformer et nous donner de nouveaux noms.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

TUNAITWAJE ?

Watu wasipotuita kwa majina tuliyopewa na wazazi wetu, wanatuita kwa majina ambayo yanatushikilia kutokana na tabia zetu na historia zetu, nzuri au mbaya.

Walakini, kwa neema yake, Mungu anaweza kubadilisha majina yote ambayo watu hushikamana nasi:
– Simoni, alikua Petro, « safu ya kanisa la kwanza ».
« Wewe u Simoni, mwana wa Yohana; nawe utaitwa Kefa (tafsiri yake Petro, au Jiwe).(Yohana 1:42).
– Sauli wa Tarso, mtesaji wa kanisa, akawa mtume Paulo, mjenzi wa kanisa.
– Yakobo, mdanganyifu, akawa Israeli baba wa makabila kumi na mawili.
« Jina lako hutaitwa tena Yakobo, ila Israeli, maana umeshindana na Mungu, na watu, nawe umeshinda. »(Mwanzo 32:28)

Majina ambayo Mungu hutupa huleta baraka na kueleza hatima mpya au maisha mapya ambayo ni mazuri.
Majina ambayo Mungu hutupa huleta baraka na kuashiria nyakati mpya au maisha mapya mazuri.
Na Mungu hutupa baada ya kutubadilisha.
Ni kwa njia hii kwamba mtu ye yote anayeitwa mbaya anakuwa mtu mwema kwa neema ya Mungu.
Yule ambaye kila mtu humwita mtu katili hubadilishwa kuitwa mtu mpole kwa neema ya Mungu;
Yeyote anayeita mwongo anaitwa mtu mwaminifu kwa neema ya Mungu, na kadhalika.
Tumwombe Mungu atubadilishe tupate majina mapya.

OMBI:
Baba yetu uliye mbinguni, njoo maishani mwetu atubadilishe na kutupa majina mapya.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

BATWITA BANDE ?

Iyo abantu batatwise amazina ababyeyi bacu baduhaye, batwita amazina badutaziriye kubera imiterere yacu n’amateka yacu meza cyangwa mabi.

Ariko, kubw’ubuntu bwayo, Imana irashobora guhindura ayo mazina yose abantu badutaziriye:
– Simoni, yabaye Petero, « inkingi y’itorero ryambere ».
« Uri Simoni mwene Yona. Uzitwa Kefa »(Risobanurwa ngo ibuye).(Yohana 1:42)
– Sawuli w’i Taruso, watotezaga itorero, yabaye intumwa Pawulo, umwubatsi w’itorero.
– Yakobo, umuriganya, yabaye Isiraheli se w’imiryango cumi n’ibiri.
« Ntucyitwa Yakobo ukundi, ahubwo uzitwa Isirayeli, kuko wakiranije Imana n’abantu ukanesha. »(Intangiriro 32:28)

Amazina Imana iduha azana imigisha kandi yerekana ibihe bishya cyangwa ubuzima bushya bwiza.
Kandi Imana iyaduha nyuma yo kuduhindura.
Ni muri ubwo buryo umuntu wese yiswe umuntu mubi ahinduka akitwa umuntu mwiza kubw’ubuntu bw’Imana,
Uwo abantu bose bita umuntu w’amahane ahinduka akitwa umugwaneza kubw’ubuntu bw’Imana,
Uwo umuntu wese yise umuntu w’umubeshyi, ahinduka akitwa umuntu w’inyangamugayo kubw’ubuntu bw’Imana, n’ibindi.
Reka dusabe Imana kuduhindura kugira ngo tubone amazina mashya.

ISENGESHO:
Data wa twese uri mu ijuru, uze mu buzima bwacu kuduhindura no kuduha amazina mashya.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

BATWITA NGW’IKI ?

Iyo abantu batatwise amazina ababyeyi bacu baduhaye, batwita amazina badutaziriye bo nyene kubera uko duteye canke kubera amateka yacu meza canke mabi.

Ariko, kubw’ubuntu bwayo, Imana irashobora guhindura ayo mazina yose abantu badutaziriye:
– Simoni, yabaye Petero, « inkingi y’itorero ryambere ».
« Uri Simoni mwene Yohana; uzokwitwa Kefa » (risobanurwa ngo Petero).(Yohana 1:42)
– Sawuli w’i Taruso, yatoteza Ekleziya, yabaye intumwa Pawulo, umwubatsi wayo.
– Yakobo, umubeshi, yabaye Isiraheli se w’imiryango cumi n’ibiri.
« Ntucitwa Yakobo ukundi, ariko wiswe Isirayeli l; kuko waniganye n’Imana n’abantu, ukanesha. »(Itanguriro 32:28)

Amazina Imana iduha azana imigisha kandi yerekana ibihe bishasha canke ubuzima bushasha bwiza.
Kandi Imana iyaduha inyuma yo kuduhindura.
Ni mur’ubwo buryo umuntu wese yiswe umuntu mubi ahinduka akitwa umuntu mwiza kubw’ubuntu bw’Imana,
Uwo abantu bose bita umuntu w’amahane ahinduka akitwa umugwaneza kubw’ubuntu bw’Imana,
Uwo umuntu wese yise umuntu w’umubeshi, ahinduka akitwa umuntu w’umunyakuri kubw’ubuntu bw’Imana, n’ibindi.
Reka dusabe Imana kuduhindura kugira ngo tubone amazina mashasha.

IGISABISHO:
Dawe wa twese uri mw’ijuru, n’uze mu buzima bwacu kuduhindura no kuduha amazina mashasha.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

FROM DISAPPOINTMENT TO JOY

Have you ever had a disappointment?
This is the first stroke of the devil to make us ineffective. He wants to have us to make us his slaves and the easiest way to do that is to bring disappointment into our lives.
We must ensure that disappointment does not affect us.

« Why are you downcast, O my soul? Why so disturbed within me? Put your hope in God, for I will yet praise him, my Savior and my God. »(Psalms 42:11)

Over time, prolonged disappointment leads to discouragement. With discouragement comes the loss of our confidence and enthusiasm.
When we become discouraged, we expose ourselves to attacks in all areas of our lives: our thoughts, your emotions, your health, our will, our family, our finances, and so on.
Satan likes that, out of disappointment and discouragement, we turn away from God and isolate ourselves to solve our own problems, because that’s when we become more vulnerable to his attacks.
Let’s be careful, don’t give him that chance.
On the other hand, to get out of it, *we must keep our faith and our confidence in God*, because, « hope does not disappoint us. »(Romans 5:5)
If we have hope for a certain situation, our disappointment does not have the power to hold us back. We believe that God will always make a way where there is no way and that his promises are true.
Our hope is in the Lord and not in our situation, here is a reason to join the psalmist and to praise our Savior and our God.

PRAYER:
Our Father who art in heaven, grant us never to let disappointments discourage us.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

DE LA DÉCEPTION À LA JOIE

Avez-vous déjà connu une déception?
C’est le premier coup du diable pour nous rendre inefficace. Il veut nous avoir pour nous rendre ses esclaves et le moyen le plus simple de le faire est d’apporter une déception dans notre vie.
Nous devons veiller à ce que la déception ne nous affecte pas.

« Pourquoi t’abats-tu, mon âme, et gémis-tu au dedans de moi? Espère en Dieu, car je le louerai encore; Il est mon salut et mon Dieu. »(Psaumes 42:11)

Au fil du temps, une déception prolongée mène au découragement. Avec le découragement vient la perte de notre confiance et de notre enthousiasme.
Lorsque nous nous décourageons, nous nous exposons à des attaques dans tous les domaines de notre vie: nos pensées, vos émotions, votre santé, notre volonté, notre famille, nos finances etc.
Satan aime que, suite à la déception et au découragement, nous nous écartions de Dieu et nous nous isolions pour résoudre à nous-mêmes nos problèmes, parce que, c’est à ce moment que nous devenons plus vulnérables à ses attaques.
Soyons prudents, ne lui donnons pas cette chance.
Par contre, pour nous en sortir, nous devons garder notre foi et notre confiance en Dieu, car, « l’espérance ne trompe point. »(Romains 5:5)
Si nous avons de l’espérance pour une certaine situation, notre déception n’a pas le pouvoir de nous retenir. Nous sommes persuadés que Dieu tracera toujours un chemin là où il n’y a pas de chemin et que ses promesses sont vraies.
Notre espérance est dans le Seigneur et non dans notre situation, voilà une raison de nous joindre au psalmiste et de louer notre Sauveur et notre Dieu.

PRIÈRE:
Notre Père qui êtes aux cieux, donnez-nous de ne jamais laisser les déceptions nous décourager.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

KUTOKA KUTAHAYARISHWA HADI FURAHA

Je, umewahi kukata tamaa?
Hiki ni kipigo cha kwanza cha shetani kutufanya tusifanye kazi. Anataka kutufanya tuwe watumwa wake na njia rahisi zaidi ya kufanya hivyo ni kuleta tamaa katika maisha yetu.
Ni lazima tuhakikishe kwamba kutahayarishwa hakutuathiri.

« Nafsi yangu, kwa nini kuinama, Na kufadhaika ndani yangu? Umtumaini Mungu; Kwa maana nitakuja kumsifu, Aliye afya ya uso wangu, Na Mungu wangu. »(Zaburi 42:11)

Baada ya kutahayarishwa kwa muda mrefu husababisha kukata tamaa. Pamoja na kukata tamaa huja kupoteza imani na shauku yetu.
Tunapokatishwa tamaa, tunajiweka wazi kwa mashambulizi katika maeneo yote ya maisha yetu: mawazo yetu, hisia zako, afya yako, mapenzi yetu, familia yetu, fedha zetu, na kadhalika.
Shetani anapenda hivyo, kwa sababu ya kutahayarishwa na kuvunjika moyo, tunamwacha Mungu na kujitenga ili kutatua matatizo yetu wenyewe, kwa sababu hapo ndipo tunapokabiliwa na mashambulizi yake.
Tuwe makini tusimpe nafasi hiyo.
Kwa upande mwingine, ili tutoke humo, ni lazima tudumishe imani yetu na tumaini letu kwa Mungu, kwa sababu, “tumaini halitahayarishi.”(Warumi 5:5)
Ikiwa tuna tumaini la hali fulani, kukata tamaa kwetu hakuna uwezo wa kutuzuia. Tunaamini kwamba sikuzote Mungu atafanya njia pasipo na njia na ahadi zake ni za kweli.
Tumaini letu liko kwa Bwana na sio katika hali zetu, hii ndio sababu ya kuungana na mtunzi wa zaburi na kumsifu Mwokozi wetu na Mungu wetu.

OMBI:
Baba yetu uliye mbinguni, utujalie kamwe tusiruhusu mambo yanayotutahayarisha yatuvunje moyo.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA