GUTYAZWA KUGIRA DUTYAZE

Igitabo cy’Imigani kivuga ngo:
« Uko icyuma gityaza ikindi, Ni ko umuntu akaza mugenzi we. »(Imigani 27:17)

Icyuma kigereranywa hano n’imbaraga z’abantu, kunangira, ubutwari, icyubahiro, ubukana (bw’umubiri n’ubwenge), gushikama, no kwizera imbaraga.
Nk’uko icyuma gikenera ikindi cyuma kugirango kigityaze, buri muntu akeneye undi muntu amutera intege, amwungura ubumenyi, amurindisha canke amukomeza, n’ibindi.
Rero, nk’abakristo, tugomba gutyazwa no gutyaza abandi kubw’icyubahiro cy’Imana, atari kubw’icyubahiro cyacu.
Turashobora gutyaza abandi cyangwa gutyazwa binyuze mu ijambo ry’Imana, binyuze mu mahugurwa, cyangwa inama.

None uratyaye?
Niba utyaye, ni bangahe nawe umaze gutyaza kubw’icyubahiro cy’Imana?

ISENGESHO:
Uwiteka Imana yacu, udufashe kumva ko dukeneye gutyazwa no gutyaza abandi.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo dusenze, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

GUKARISHWA KUGIRA DUKARISHE

Igitabo c’Imigani kivuga ngo:
« Ukw icuma gikarisha ikindi, Ni k’umuntu akarisha mugenzi we. »(Imigani 27:17)

Icuma kigereranywa hano n’inkomezi z’abantu, ubutwari, icubahiro, ubukana (bw’umubiri n’ubwenge), gushikama, no kwizera ubushobozi.
Nk’uko icuma gikenera ikindi cuma kugira ngo kigikarishe, umuntu akeneye uwundi muntu amutera intege, amwungura ubumenyi, amurindisha canke amukomeza, n’ibindi.
Rero, nk’abakristo, duhamagariwe gukarishwa no gukarisha abandi kubw’icubahiro c’Imana, atari kubw’icubahiro cacu.
Turashobora gukarisha abandi canke gukarishwa biciye mu kwiga ijambo ry’Imana, biciye mu ma nama nkarishabgenge canke mu mpanuro.

None urakarishe?
Niwaba ukarishe, ni bangahe nawe umaze gukarisha kubg’icubahiro c’Imana?

IGISABISHO:
Uhoraho Imana yacu, dufashe guhora twumva ko dukeneye gukarishwa no gukarisha abandi.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

OUR SELF AWARENESS

The Scriptures have much to say on the subject of self-awareness.

Corinthians 13:5 says:
“Examine yourselves, to see whether you are in the faith. Test yourselves. Or do you not realize this about yourselves, that Jesus Christ is in you? — unless indeed you fail to meet the test!”

David was fully aware that God was in control of his life, and he had faith that God would deliver him from impending danger(1Samuel 17:37). That is why he didn’t fear Goliath.
If we are aware that Jesus Christ is in us, we don’t fear anything.
When Paul was persecuting Christians, Jesus told him: « Saul, Saul, why do you persecute me? »
« Who are you, Lord? » Saul asked.
« I am Jesus, whom you are persecuting, » he replied.(Acts 9:4-5)
Jesus didn’t say, « Why do you persecute those christians or my people? », he said « Why do you persecute me? » and « You are persecuting me » because if you touch a child of God, you touch Jesus himself.

Let’s be aware that if Christ is in us, who attack or fight us is attacking ou fighting Jesus himself since we became children of God.

PRAYER:
Eternal our God, grant us to be aware that we are protected because Jesus is in us.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI-RWANDA

LA CONSCIENCE DE SOI

Les Écritures ont beaucoup à dire au sujet de la conscience de soi.

2 Corinthiens 13:5 dit :
« Examinez-vous vous mêmes, pour savoir si vous êtes dans la foi; éprouvez-vous vous-mêmes. Ne reconnaissez-vous pas que Jésus Christ est en vous? à moins peut-être que vous ne soyez réprouvés. »

David était pleinement conscient que Dieu contrôlait sa vie et il avait la foi que Dieu le délivrerait d’un danger imminent (1Samuel 17:37). C’est pourquoi il ne craignait pas Goliath.
Si nous sommes conscients que Jésus-Christ est en nous, nous ne pouvons avoir peur de rien.
Lorsque Paul persécutait les chrétiens, Jésus lui a dit: « Saül, Saül, pourquoi me persécutes-tu? »* « Qui es-tu, Seigneur ? » a demandé Saül. « Je suis Jésus, que tu persécutes », répondit-il. (Actes 9 :4-5)
Jésus n’a pas dit: « Pourquoi persécutes-tu ces chrétiens ou mon peuple? », il a dit « tu me persécutes » parce que si tu touches un enfant de Dieu, tu touches Jésus lui-même.

Soyons conscients que si Christ en nous et que ceux qui nous attaquent ou nous combattent attaquent ou combattent Jésus lui-même depuis que nous sommes devenus des enfants de Dieu.

PRIÈRE:
Éternel notre Dieu, accordez-nous de prendre conscience que nous sommes protégés car Jésus est en nous.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

OKWEMANYA KWAFFE

Ebyawandiikibwa birina bingi bye byogera ku nsonga y’okwetegeera.

2Abakkolinso 13:5 egamba nti:
« Mwekebere mulabe obanga muli mu kukkiriza; oba temumanyi nga Yesu Kristo ali mu mmwe? Mpozi nga temukakasibbwa. »

Dawudi yali akimanyi bulungi nti Katonda ye yali afuga obulamu bwe, era yalina okukkiriza nti Katonda yali ajja kumununula mu kabi akaali kagenda okujja(1Samuel 17:37).
Eyo ye nsonga lwaki teyatya Goliyaasi.
Bwe tuba nga tukimanyi nti Yesu Kristo ali mu ffe, tetulina kye tutya.
Pawulo bwe yali ayigganya Abakristaayo, Yesu yamugamba nti: “Sawulo! Sawulo! Onjigganyiza ki?”
Sawulo n’abuuza nti, “Ggwe ani, Mukama wange?”
Eddoboozi ne limuddamu nti, “Nze Yesu gw’oyigganya!”(Ebikolwa by’Abatume 9:4-5)
Yesu teyagamba nti, « Lwaki muyigganya abakristu abo oba abantu bange? », yagamba « Nze Yesu gw’oyigganya! » kubanga bw’okwata ku mwana wa Katonda, okwata ku Yesu yennyini.
Tukimanye nti Kristo mu ffe era nti abalumba oba abatulwanyisa aba alumba ou alwanyisa Yesu yennyini okuva lwe twafuuka abaana ba Katonda.

OKUSALA:
Katonda waffe ow’olubeerera, tuwe tubeere bamanyi nti tukuumibwa kubanga Yesu ali mu ffe.
Mu linnya ly’omwana wo Yesu Kristo ery’omuwendo mwe tusaba, Amiina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

KUJITAMBUA

Maandiko yana mengi ya kusema kuhusu kujitambua.

2Wakorintho 13:5 inasema:
“Jijaribuni wenyewe kwamba mmekuwa katika imani; jithibitisheni wenyewe. Au hamjijui wenyewe, kwamba Yesu Kristo yu ndani yenu? Isipokuwa mmekataliwa.”

Daudi alijua kabisa kwamba Mungu alikuwa anatawala maisha yake, na alikuwa na imani kwamba Mungu angemkomboa kutokana na hatari iliyokuwa inakuja (1Samweli 17:37). Ndiyo maana hakumwogopa Goliathi.
Ikiwa tunafahamu kwamba Yesu Kristo yu ndani yetu, hatuogopi chochote.
Paulo alipokuwa akiwatesa Wakristo, Yesu alimwambia hivi: « Sauli, Sauli, mbona waniudhi? »
Akasema, « U nani wewe, Bwana? »
Naye akasema, « Mimi ndimi Yesu unayeniudhi wewe ».(Matendo ya Mitume 9:5)
Yesu hakusema, « Kwa nini unawatesa hao wakristo au watu wangu? », alisema « mbona waniudhi? » kwa sababu ukimgusa mtoto wa Mungu, unamgusa Yesu mwenyewe.
Tujitambue, tufahamu kama kuwa Kristo yu ndani yetu, anayetushambulia au kutupiga vita anashambulia na anakipigana na Yesu mwenyewe tangu tumekuwa watoto wa Mungu.

OMBI:
Mungu wetu wa milele, utujalie kufahamu kwamba tunalindwa kwa sababu Yesu yu ndani yetu.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

KWISOBANUKIRWA

Ibyanditswe bifite byinshi byo kuvuga ku bijyanye no kwisobanukirwa.

Mu Bakorinto ba kabiri 13: 5 hagira hati:
“Ngaho nimwisuzume ubwanyu, mumenye yuko mukiri mu byo twizera kandi mwigerageze. Mbese ntimwimenya kandi ntimuzi yuko Yesu Kristo ari muri mwe? Keretse ahari mubaye abagawa.”

Dawidi yari azi neza ko Imana iyobora ubuzima bwe, kandi yari afite kwizera ko Imana izamukiza akaga kari imbere (1Samweli 17:37). Niyo mpamvu atatinyaga Goliyati.
Niba tuzi ko Yesu Kristo ari muri twe, ntacyo dukwiye gutinya.
Igihe Pawulo yatotezaga abakristo, Yesu yaramubwiye ati: “Sawuli, Sawuli, undenganiriza iki?”
Aramubaza ati “Uri nde, Mwami?”
Na we ati “Ndi Yesu, uwo urenganya.”(Ibyakozwe 9: 4-5)
Yesu ntiyavuze ati, « Urenganiriza iki abo bakristo cyangwa ubwoko bwanjye? », yavuze ati « Undenganiriza iki? » ati »Ndi Yesu, uwo urenganya » kuko iyo ukoze ku mwana w’Imana, uba ukoze kuri Yesu ubwe.

Reka dusobanukirwe ko kubera Kristo ari muri twe, abadutera cyangwa baturwanya baba barimo gutera cyangwa kurwanya Yesu ubwe kuva tuba abana b’Imana.

ISENGESHO:
Iteka Mana yacu, duhe gusobanukirwa ko turinzwe kuko Yesu ari muri twe.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo dusenze, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

KWIMENYA

Ivyanditswe bifise vyinshi bivuga ku bijanye no kwimenya.

Mu b’i Korinto ba kabiri 13:5 hagira hati:
“Ba ari mwebge mwisuzuma, mumenye yuko muhagaze mu kwizera; ba ari mwebge mwiraba. Mbega ntimwiyizi, ntimuzi yuko Yesu Kristo ari muri mwebge?-shiti kumbure mur’ abahinyuwe!”

Dawidi yar’azi neza ko Imana iyobora ubuzima bgiwe, kandi yari afise ukwizera ko Imana izomukiza mu magume ar’imbere(1Samweli 17:37). Nico catumye adatinya Goliyati.
Nitwaba natwe tuzi ko Yesu Kristo ari muri twebge, ntaco dukwiye gutinya.
Igihe Pawulo yahiga abakristo, Yesu yaramubwiye ati: “Sauli, Sauli, umpigira iki?”
Aramubaza ati “Uri nde ga Mwami?”
Na we ati “Ni jewe Yesu, uwo urik’urahiga.”(Ivyakozwe n’Intumwa 9:4-5)
Yesu ntiyavuze ati, « uhigir’iki abo bakristo canke ubwo bwoko bwanje? », yavuze ati « umpigira iki? », ati kandi « Ni jewe Yesu, uwo urik’ urahiga. » kuko iyo ukoze ku mwana w’Imana, uba ukoze kuri Yesu ubgiwe.
Reka rero twimenye, dutahure ko kubera Kristo ari muri twebge, abadutera canke abaturwanya baba bariko batera canke barwanya Yesu ubgiwe kuva tubaye abana b’Imana.

IGISABISHO:
Uhoraho Mana yacu, duhe kumenya ko turinzwe kuko Yesu ari muri twebge.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

BE CONTENT WITH WHAT YOU HAVE

In his epistle to the Hebrews, the apostle Paul says:
« Keep your lives free from the love of money and be content with what you have, because God has said, « Never will I leave you; never will I forsake you. » »(Hebrews 13:5)

The love of money is a behavior that distances us from God and men and deprives us of peace.
But when we are content with what we have, we experience peace and happiness.

I wish you to experience the peace and joy that come from being content with what you have.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

CONTENTEZ-VOUS DE CE QUE VOUS AVEZ

Dans son épître aux Hébreux, l’apôtre Paul dit:
« Ne vous livrez pas à l’amour de l’argent; contentez-vous de ce que vous avez; car Dieu lui-même a dit: Je ne te délaisserai point, et je ne t’abandonnerai point. »(Hébreux 13 :5).

L’amour de l’argent est un comportement qui nous éloigne de Dieu et des hommes et qui nous prive de paix.
Mais lorsque nous nous contentons de ce que nous avons, nous éprouvons la paix et le bonheur.

Je vous souhaite d’éprouver la paix et la joie qui viennent du fait de se contenter de ce que vous avez.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA