IBYO DUTUNZE S’UMUGISHA W’IMANA !

Imodoka ntabwo ari umugisha w’Imana,
N’abatemera Imana, abajura, n’abagizi ba nabi baratunze ama modoka.
Inzu ntabwo ari umugisha w’Imana,
N’abatemera Imana, abajura, n’abagizi ba nabi barafite amazu.
Gutunga ama miliyoni kuri konti mw’ibanki ntabwo ari umugisha w’Imana,
N’abatemera Imana, abajura, n’abagizi ba nabi nabo barafite ama miliyari y’amadorari ku ma konti yabo mw’ibanki.
Ntabwo rero ari umugisha w’Imana.
Nta n’ubwo ari ikimenyetso cyerekana ko Imana ibishimiye.

Mu isezerano rya kera, umugisha wari amafaranga cyangwa ibintu bifatika, kuko byari ikimenyetso cy’uko Imana ibishimiye.
Mu isezerano rishya, Imana itwishimira kuva tuvutse ubwa kabiri, tukizera Yesu nk’Umwami n’Umukiza wacu. Imana itwishimira nk’abana bayo.
Ikivuka mu mubiri ni umubiri, ikivuka mu mwuka ni umwuka.
« Kuko twebwe turi abakebwe gukebwa kwiza, abasenga mu buryo bw’Umwuka w’Imana, tukishimira Kristo Yesu ntitwiringire iby’umubiri, nubwo jyeweho nabasha kubyiringira. »(Abafilipi 3:3)

Rero, icyari umugisha ku bantu bo mu Isezerano rya Kera mu buryo bw’umubiri ni umugisha kuri twe mu buryo bw’umwuka.
Kuva duhinduka abana b’Imana, ibintu byose Imana itunze ni ibyacu kuko duhita tuba abaragwa bayo:
« Kandi ubwo turi abana bayo turi n’abaragwa, ndetse turi abaragwa b’Imana, turi abaraganwana Kristo [dusangiye imigisha ye n’umurage we wo mu mwuka] niba tubabarana na we ngo duhānwe ubwiza na we. »(Abaroma 8:17)
Imigisha yose twarayihawe, ntidukeneye kuyisaba. Ahubwo dukeneye guhumuka kugira tuyibone, tubone ko tuyifise, tuyishimire, tuyikoreshe duhesha Imana icubahiro.

ISENGESHO:
Uwiteka Mwami Mana yacu, duhe kumenya ko nk’abana bawe, dufite imigisha yawe yose.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo dusenze tubyizeye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

IVYO DUTUNZE S’UMUHEZAGIRO W’IMANA !

Imodoka s’umuhezagiro w’Imana,
N’abatemera Imana, abasuma n’abagizi ba nabi barazitunze.
Inzu s’umuhezagiro w’Imana,
N’abahakanyi, abasuma n’abagizi ba nabi
barafise amazu, kandi meza.
Kugira ama miliyoni mw’i Banki s’umuhezagiro w’Imana,
N’abatazi Imana, abasuma n’abagizi ba nabi
barafise ama miliyari y’amadorari ku ma konti yabo mw’i Banki.
S’umuhezagiro w’Imana rero.
Si n’ikimenyetso cerekana ko Imana ihimbawe.

Mw’isezerano rya kera, umuhezagiro wari amafaranga canke ibintu bifatika, kuko vyari ikimenyetso c’uko Imana inezererewe ivyo abantu bakora.
Mw’isezerano risha, Imana itunezerererwa kuva tuvutse ubwa kabiri, tukizera Yesu nk’Umwami n’Umukiza wacu. Imana itunezerererwa nk’abana bayo.
Ikivuka mu mubiri ni umubiri, ikivuka mu mpwemu n’impwemu.
« Kuko tweho tur’ abakebge, dusenga Imana mu buryo bga Mpwemu, tukirata Kristo Yesu, ntitwishimire ivy’ umubiri. »(Ab’i Filipi 3:3)

Rero, icari umuhezagiro ku bantu bo mw’Isezerano rya Kera mu buryo bw’umubiri ni umuhezagiro kuri twebge mu buryo bw’impwemu.
Kuva duhinduka abana b’Imana, ibintu vyose Imana itunze n’ivyacu kuko natwe tuba abaragwa bayo:
« Ariko ko tur’ abana bayo, tur’ abaragwa; tur’ abaragwa b’Imana, tur’ abaraganwa na Kristo [dusangiye imihezagiro yiwe n’umurage wiwe wo mu mpwemu], namba tubabazanywa na we, ngo tubone guhanwa ubgiza na we. »(Abaroma 8:17)
Imihezagiro yose twarayihawe, ntidukeneye kuyisaba. Igikenewe, n’uguhumuka tukayibona tukamenya no kuyikoresha neza kubw’icubahiro c’Imana.

IGISABISHO:
Uwiteka Mwami Mana yacu, duhe kumenya ko nk’abana bawe, dufise imihezagiro yawe yose.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye tuvyizeye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

RICHES ARE NOTHING

At a certain point in his life, King Solomon, son of King David, realizes that everything is vanity, that even the riches he has amassed are nothing.

“I bought male and female slaves and had other slaves who were born in my house. I also owned more herds and flocks than anyone in Jerusalem before me. I amassed silver and gold for myself, and the treasure of kings and provinces. I acquired men and women singers, and a harem as well–the delights of the heart of man.”(Ecclesiastes 2:7-8)

Everything passes, nothing is eternal.
Can we be aware that these riches for which people kill their brothers are not eternal?
If we do not see the riches leaving us without being able to retain or keep them, we abandon them with regret, at the moment of death, in the hands of those who did not seek them.
The word of God teaches us not to cling to them, but to cling instead to the kingdom of God.
« Do not store up for yourselves treasures on earth, where moth and rust destroy, and where thieves break in and steal. But store up for yourselves treasures in heaven, where moth and rust do not destroy, and where thieves do not break in and steal. »(Matthew 6:19-20)
Furthermore, Jesus’ teaching on money and wealth was summarized as saying that money is a good servant if we use it to advance the Kingdom of God, but a bad master if we slavishly seek satisfaction from it.

PRAYER:
Lord our God, help us to focus rather on the treasures of heaven than on the treasures of this world.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

LES RICHESSES NE SONT RIEN !

À un certain moment de sa vie, le roi Salomon, fils du roi David constate que tout est vanité, que même les richesses qu’il a amassées ne sont rien.

«J’achetai des serviteurs et des servantes, et j’eus leurs enfants nés dans la maison; je possédai des troupeaux de boeufs et de brebis, plus que tous ceux qui étaient avant moi dans Jérusalem. Je m’amassai de l’argent et de l’or, et les richesses des rois et des provinces. Je me procurai des chanteurs et des chanteuses, et les délices des fils de l’homme, des femmes en grand nombre.»(Ecclésiaste 2 :7-8)

Tout passe, rien n’est éternel.
Pouvons-nous, être conscients que ces richesses pour lesquelles les gens tuent leurs frères ne sont pas éternelles?
Si nous ne voyons pas ces richesses nous quitter sans pouvoir les retenir ou les garder, nous les abandonnons avec regrets, au moment de la mort, dans les mains de ceux qui ne les ont pas recherchées.
La parole de Dieu nous enseigne de ne pas nous y attacher, de plutôt nous attacher au royaume de Dieu.
« Ne vous amassez pas des trésors sur la terre, où la teigne et la rouille détruisent, et où les voleurs percent et dérobent; mais amassez-vous des trésors dans le ciel, où la teigne et la rouille ne détruisent point, et où les voleurs ne percent ni ne dérobent. »(Matthieu 6:19-20)
Par ailleurs, l’enseignement de Jésus sur l’argent et la richesse a été résumé comme disant que l’argent est bon serviteur si nous l’utilisons pour faire avancer le Royaume de Dieu, mais mauvais maître si nous y recherchons servilement satisfaction.

PRIÈRE:
Éternel notre Dieu, aidez-nous à nous attacher plutôt au trésors du ciel qu’aux trésors de ce monde.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA

UBUTUNZI N’UBUSA !

Mugihe runaka mu buzima bwe, Umwami Salomo, umuhungu w’umwami Dawidi, amenya ko byose ari ubusa, ko n’ubutunzi yakusanyije ari ubusa.

“Niguriye abagaragu n’abaja babyarira abandi mu rugo rwanjye, kandi ngira ubutunzi bwinshi bw’amashyo y’inka n’imikumbi y’intama, ndusha abambanjirije i Yerusalemu bose. Nirundaniriza ifeza n’izahabu, n’ubutunzi buherereye ku bami buvuye mu ntara zose, nishakiye abaririmbyi b’abagabo n’ab’abagore n’ibinezeza abantu, n’ibicurangwa by’uburyo bwose.”(Umubwiriza 2:7-8)

Ibintu byose birarengana, ntakintu gihoraho.
Turashobora kumenya ko ubwo butunzi abantu bicira abavandimwe babo atari ubw’iteka?
Niba tutabonye ubutunzi budusiga, buduca mu myanya y’intoke, tutari bubashe kubugumana cyangwa kububika, twe turabusiga twicuza mu maboko y’abatabushakishije, mu gihe cy’urupfu.
Ijambo ry’Imana ritwigisha kutabwizirikaho, ahubwo tukizirika kuby’Ubwami bw’Imana.
« Ntimukībikire ubutunzi mu isi, aho inyenzi n’ingese ziburya, kandi abajura bacukura bakabwiba. Ahubwo mwibikire ubutunzi mu ijuru, aho inyenzi n’ingese zitaburya, n’abajura ntibacukure ngo babwibe.”(Matayo 6:19-20)
Byongeye kandi, inyigisho za Yesu kubyerekeye amafaranga n’ubutunzi zavuzwe muri make zivuga ko amafaranga ari meza niba tuyakoresha mu gutezimbere ubwami bw’Imana, ariko akaba mabi niba atugize imbata zayo.

ISENGESHO:
Uwiteka Mana yacu, dufashe kwibanda ku butunzi bwo mu ijuru kuruta kwibanda ku butunzi bwo mw’iyi si.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu Kristo dusenze tubyizeye, amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250730900900
KIGALI – RWANDA