NZATUMA UWO MUGANI UTONGERA GUCIBWA

Mu gihe cya Ezekiyeli, abantu bo muri Isiraheli bari barigometse ku Mana kandi bari batangiye kuvuga amagambo asebya Imana, bavuga ngo imisi iratinze, ngo iyerekwa ntacyo ryagize!

Nibwo Imana yoherezaga umuhanuzi Ezekiyeli kub’isiraheli kubabwira ati:
« Uku ni ko Umwami Uwiteka avuga ngo: Nzatuma uwo mugani utongera gucibwa, kandi ntibazongera kuwuvuga muri Isirayeli.’ Ahubwo ubabwire uti ‘Iminsi igeze hafi, n’iyerekwa ryose rigiye gusohozwa. »(Ezekiyeli 12:23)

Abantu batureba ntabwo baba bazi imigambi y’Imana kuri twe hamwe n’iyerekwa dutegereje.
Kutamenya icyo Imana yatuvuzeho, bishobora gutuma batinyuka kudusebya.
Rwose iyo babona turi mu buzima bubi, cyangwa twahuye n’amakuba menshi mu buzima, bivugira ngo Imana yaraduhebye, ngo Imana yaradukuyeho amaboko, ngo Imana irikuduhana kubera ibyaha twakoze, n’ayandi magambo mabi.
Ntitureke rero ngo ibiganiro bisebanya biduce intege, ahubwo dukomeze kwizera no kwiringira Imana.
Umunsi ibyo Imana yatuvuzeho bizasohora, abadusetse n’abadusebeje bazaceceka.

ISENGESHO:
Data wa twese uri mu ijuru, duhe kutazigera ducika intege kubera ibiganiro bisebanya.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

NZOTUMA UWO MUGANI UZIMANGANA

Mu gihe ca Ezekiyeli, abantu bo muri Isiraheli bari baravuye ku Mana kandi bari batanguye kuvuga amajambo atuka Imana, bavuga ngw Imisi iratevye, kandi ng’ Ukwerekwa kwose kurabuze!

Niho Imana yatuma umuhanuzi Ezekiyeli kub’isiraheli kubabwira ati:
« Uku ni k’Umwami Uhoraho agize, ati Nzotuma uwo mugani uzimangana, ntibongere kuwuca mu Bisirayeli nk’umugani; arik’ ubabgire, ut’ Imisi iregereje, n’ivyerekanywe vyose bigira bishike. »(Ezekiyeli 12:23)

Abantu baturaba ntibaba bazi imigambi y’Imana kuri twebwe hamwe n’ukwerekwa turindiriye.
Kutamenya ico Imana yatuvuzeko, bishobora gutuma bubahuka kutuvuga amajambo mabi canke bakayavuga no mu Mana.
Na cane cane iyo babona turi mu buzima bubi, canke twashikiwe n’ivyago vyinshi mu buzima, bivugira ngo Imana yaraduhevye, ngo Imana yaradukuyeko amaboko, ngo Imana iriko iraduhana kubera ivyaha twakoze, n’ayandi majambo mabi.
Ntitureke rero ngo ayo majambo mabi batuvugako ngo aduce intege, ahubwo dukomeze ukwemera no kwizigira Imana.
Umunsi ivyo Imana yatuvuzeko bizoshika, abatuvuze bose n’abadusetse bazoceceka.

IGISABISHO:
Dawe wa twese uri mw’ijuru, duhe kutazigera ducika intege kubera amajambo mabi twumva.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

DO NOT TURN GOD’S HOUSE INTO A MARKET

Nowadays, people claiming to be servants of God dare without any scruple or any fear, to make houses of God, houses of traffic.
It is a behavior that Jesus does not support.

One day, Jesus went up to Jerusalem, « In the temple courts he found people selling cattle, sheep and doves, and others sitting at tables exchanging money. So he made a whip out of cords, and drove all from the temple courts, both sheep and cattle; he scattered the coins of the money changers and overturned their tables. To those who sold doves he said, “Get these out of here! Stop turning my Father’s house into a market!” »(John 2:14-16)

Those who dare to « sell blessings », to pray and prophesy to God’s children for money, in different churches, are no different from those who trafficked in the temple.
They will one day be whipped and driven out of the house of God by the owner of all churches, Jesus Christ himself.

PRAYER:
Our Father who art in heaven, grant us to always be guided by the Holy Spirit so as not to follow those who stray from their true calling in our churches.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

NE FAITES PAS DE LA MAISON DE DIEU UNE MAISON DE TRAFIC

De nos jours, des personnes prétendant être des serviteurs de Dieu osent sans aucun scrupule ni aucune crainte, faire des maisons de Dieu, des maisons de trafic.
C’est un comportement que Jésus ne supporte pas.

Un jour, la Pâque des Juifs était proche, et Jésus monta à Jérusalem.
« Il trouva dans le temple les vendeurs de boeufs, de brebis et de pigeons, et les changeurs assis. Ayant fait un fouet avec des cordes, il les chassa tous du temple, ainsi que les brebis et les boeufs; il dispersa la monnaie des changeurs, et renversa les tables; et il dit aux vendeurs de pigeons: Ôtez cela d’ici, ne faites pas de la maison de mon Père une maison de trafic. »(Jean 2:14-17)

Ceux qui osent « vendre des bénédictions », prier et prophétiser pour les enfants de Dieu contre de l’argent, dans les différentes églises, ne sont en rien différents de ceux-là qui faisaient le trafic dans le temple de Jérusalem.
Ils seront un jour fouettés et chassés de la maison de Dieu par le propriétaire de toutes les églises, Jésus-Christ lui-même.

PRIÈRE:
Notre Père qui êtes aux cieux, donnez-nous d’être toujours guidés par le Saint-Esprit afin de ne pas suivre ceux qui dévient de leur vocation dans nos églises.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

MSIIFANYE NYUMBA YA MUNGU KUWA NYUMBA YA BIASHARA

Siku hizi, watu wanaodai kuwa watumishi wa Mungu huthubutu bila wasiwasi wowote au woga wowote, kuzifanya nyumba za Mungu kuwa nyumba za biashara.
Ni tabia ambayo Yesu haungi mkono.

Siku moja Yesu alienda Yerusalemu, « Akaona pale hekaluni watu waliokuwa wakiuza ng’ombe na kondoo na njiwa, na wenye kuvunja fedha wameketi. Akafanya kikoto cha kambaa, akawatoa wote katika hekalu, na kondoo na ng’ombe; akamwaga fedha za wenye kuvunja fedha, akazipindua meza zao; akawaambia wale waliokuwa wakiuza njiwa, Yaondoeni haya; msiifanye nyumba ya Baba yangu kuwa nyumba ya biashara.”(Yohana 2:14-16)

Wale wanaothubutu “kuuza baraka”, huomba na kutoa unabii kwa watoto wa Mungu kwa ajili ya pesa, katika makanisa tofauti, hawana tofauti na wale waliofanya biashara haramu ya hekaluni.
Siku moja watachapwa viboko na kufukuzwa kutoka katika nyumba ya Mungu na mwenye makanisa yote, Yesu Kristo mwenyewe.

OMBI:
Baba yetu uliye mbinguni, utujalie kuongozwa na Roho Mtakatifu daima ili tusiwafuate wale wanaopotea kutoka katika wito wao wa kweli katika makanisa yetu.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

NTIMUHINDURE INZU Y’IMANA IGURIRO

Haraheze igihe twumva abantu bavuga ko ari abakozi b’Imana batinyuka nta soni cyangwa ubwoba, guhindura amazu y’Imana, amaguriro.
Iyo myitwarire ikaba ibabaza Yesu.

Umunsi umwe, Yesu yari azamutse i Yeruzalemu, « Ageze mu rusengero asangamo abahatundira inka n’intama n’inuma, n’abandi bicaye bavunja ifeza. Abohekanya imigozi ayigira nk’ikiboko, bose abirukana n’intama n’inka mu rusengero, amena ifeza z’abaguraga inuma ati “Nimukureho bino, mureke guhindura inzu ya Data iguriro.” »(Yohana 2:14-16)

Abatinyuka « kugurisha imigisha », gusengera no guhanurira abana b’Imana babanje kubaka amafaranga, ntaho batandukaniye n’abo twumvise bakoze urudandazwa mu rusengero rw’i Yerusalemu.
Umunsi umwe, bazakubitwa kandi birukanwe mu nzu y’Imana na nyir’amatorero yose, ariwe Yesu Kristo ubwe.

ISENGESHO:
Data wa twese uri mwijuru, duhe guhora tuyoborwa n’umwuka wera kugirango tudakurikira abateshutse ku muhamagaro wabo w’ukuri mu matorero yacu.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

NTIMUHINDURE INZU Y’IMANA AKAGURIRO

Mur’iki gihe haradutse abantu bavuga ko ari abakozi b’Imana bubahuka ata soni canke ubwoba, guhindura amazu y’Imana utuguriro.
Ivyo navyo bikaba bibabaza Yesu.

Umunsi umwe, Yesu yar’agiye i Yeruzalemu, « Asanga mu rusengero abadandarizah’ inka n’intama n’inuma, n’abavunja amahera bicaye. Atsiba imigozi ayigira nk’ikimoko, abahinda mu rusengero bose, n’intama n’inka, asesa amahera y’abariko baravunja, ahenura ameza yabo. Abarira abadandaza inuma, ati Ni mukureh’ ivyo, nta co muhindura inzu ya Data kuba inzu y’akaguriro. »(Yohana 2:14-16)

Abubahuka « kugurisha imigisha », gusengera no guhanurira abana b’Imana babanje kubaka amafaranga mu nsengero zitandukanye, ntaho batandukaniye n’abo twumvise bakoze ubudandaji mu rusengero rw’i Yerusalemu.
Umunsi umwe, bazokubitwa kandi birukanwe mu nzu y’Imana na nyene amasengero yose, ariwe Yesu Kristo ubwiwe.

IGISABISHO :
Dawe wa twese uri mw’ijuru, duhe guhora tuyoborwa na Mpwemu yera kugira ngo ntidukurikire abanyereye ku muhamagaro wabo w’ukuri mu masengero yacu.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu kristo tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☏: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

LET’S WARN THOSE WHO ARE IDLE AND DISRUPTIVE

It is quite possible that anyone who lives without being reprimanded for his mistakes or encouraged from time to time for his good deeds, may be idle and disruptive.

The apostle Paul sends us the following message:
« We urge you, brothers and sisters, warn those who are idle and disruptive, encourage the disheartened, help the weak, be patient with everyone. »(1 Thessalonians 5:14)

This recommendation from Paul invites us to be balanced in our behavior with others and in the actions we take because this is not always the case.
Indeed, there are people who remain only in correction, in reproof, in reproach. However, they could also balance things out by also encouraging others from time to time with constructive and uplifting messages!
Others, armed with a magnifying glass, have specialized in denouncing the faults of others. Now, they could balance things out by praying for those who “fall” and lifting them up with the Word of God.
The word of God commands us to be patient with all, to encourage the disheartened and to help the weak.
May God grant us wisdom!

PRAYER:
Our Father who art in heaven, give us the wisdom to know how to live with others.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

AVERTISSONS CEUX QUI VIVENT DANS LE DÉSORDRE

Il est fort possible que toute personne qui vit sans être ni réprimandé pour ses erreurs ni encouragé de temps en temps pour ses bonnes actions, vive dans le désordre.

L’apôtre Paul dit:
« Nous vous prions aussi, frères, avertissez ceux qui vivent dans le désordre, consolez ceux qui sont abattus, supportez les faibles, usez de patience envers tous. »(1 Thessaloniciens 5:14)

Cette recommandation de Paul nous invite à être équilibré dans notre comportement avec les autres et dans les actes que nous posons car, ce n’est pas toujours le cas.
En effet, il y a des personnes qui demeurent uniquement dans la correction, dans la réprimande, dans les reproches. Or, elles pourraient aussi équilibrer les choses en encourageant aussi de temps en temps les autres avec des messages constructifs et édifiants!
D’autres, armés d’une loupe se sont spécialisés dans la dénonciation des fautes des autres. Or, ils pourraient équilibrer les choses en priant pour ceux qui «tombent» et en les relevant avec la Parole de Dieu.
La parole de Dieu nous recommande d’user de la patience envers tous, de consoler ceux qui sont abattus et de supporter les faibles.
Que Dieu nous accorde la sagesse !

PRIÈRE:
Notre Père qui êtes aux cieux, donnez-nous la sagesse de savoir vivre avec les autres.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

TUWAONYE WALE WASIOKAA KWA UTARATIBU

Ikiwa mtu hataadhibiwa kwa makosa anayofanya, na ikiwa hatahimizwa mara kwa mara kwa matendo mema anayofanya, anaishi maisha ya uharibifu. Vinginevyo, anastahili tahadhari.

Mtume Paulo anasema:
« Ndugu, twawasihi, waonyeni wale wasiokaa kwa utaratibu; watieni moyo walio dhaifu; watieni nguvu wanyonge; vumilieni na watu wote. »(1 Wathesalonike 5:14)

Ujumbe huu kutoka kwa Paulo unatualika tuwe na usawaziko katika tabia zetu na wengine na katika matendo tunayochukua kwa sababu si mara zote hivyo.
Kwa kweli, kuna watu wanaoendelea kuwarekebisha na kuwakemea tu wengine, lakini hawawezi hata kuwatia moyo nyakati fulani kwa habari njema zinazowajenga. Haijalishi sana kwao.
Wengine, pia, wana ujuzi wa kuona na kulaani makosa ya wengine, hata hivyo, hawawezi kuwaombea na kuwainua kwa Neno la Mungu. Hilo nalo halifai.
Neno la Mungu linatuambia tuwavumilie wote, tuwatie moyo walio dhaifu na kuwasaidia wanyonge.
Mungu atupe hekima!

OMBI:
Baba yetu uliye mbinguni, tupe hekima ya kujua jinsi ya kuishi na wengine.
Ni katika jina la thamani la mwanao Yesu Kristo tunaomba, Amina.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: + 250 730 900 900
KIGALI – RWANDA