ESE URAHAMIRIZA YESU CYANGWA URAMWIHAKANA?

Abakirisitu benshi batura Yesu nk’Umwami n’Umukiza wabo ariko urebye, ugasanga mu buzima bwabo n’ibikorwa byabo bahakana Yesu bagakorera Satani aho!

Yesu abivugaho iki?
Avuga ibi:
« Umuntu wese uzampamiriza imbere y’abantu, nanjye nzamuhamiriza imbere ya Data uri mu ijuru. Ariko uzanyihakanira imbere y’abantu wese, nanjye nzamwihakanira imbere ya Data uri mu ijuru. »(Matayo 10:32-33)

Ariko twahakana dute Yesu? Mubyukuri, ntibihagije kuvuga ko wemera Imana na Yesu Kristo kandi ko Umwuka Wera atuye muri wowe. Ubuzima bwawe mbere y’abantu bugomba kubihamya.
Niba ibikorwa byawe, imyitwarire yawe n’ubuzima bwawe bidahuye namagambo watuye, n’ubushake bw’Imana n’ijambo ryayo, noneho amagambo yawe nta gaciro afite. Kandi muby’ukuri, uba wihakanye uwo watuye mu magambo.
Erega, mubyukuri, ubishaka cyangwa utabishaka, binyuze mu ngendo yawe n’ubuzima bwawe, urerekana umwami wawe uwo ari we, ko ari Yesu cyangwa Satani. Niba mbere y’abantu, ubuzima bwawe buhamya ko Yesu ari we uyobora ibikorwa byawe, ibyiyumvo byawe n’ibitekerezo byawe, uba uhamirije byimazeyo Yesu kandi nawe azaguhamiriza imbere ya se. Ariko niba mu buryo bunyuranye, n’ubwo ibyo watuye mu magambo ko Yesu ari Umwami wawe, wereka abantu ko atari Yesu uri hagati y’ubuzima bwawe, ko atari we ugenzura ibikorwa byawe n’ibyiyumvo byawe, menya ko wamwihakanye.
Muri uru rubanza, ube inyangamugayo, ntukizere ko azaguhamiriza imbere ya Se, mu Ijuru.

ISENGESHO:
Uwiteka Mwami Mana yacu, udufashe kutazigera duhakana umwana wawe imbere y’abantu.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu Kristo nyine tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

UBWO URASHINGIR’INTAHE YESU CANKE URAMWIHAKANA?

Abakirisitu benshi batura Yesu nk’Umwami n’Umukiza wabo ariko uravye neza, ugasanga mu buzima bwabo n’ibikorwa vyabo bihakana Yesu bagakorera Satani!

Yesu abivugako iki?
Avuga ati:
« Umuntu wese azonyaturira imbere y’abantu, nanje nzomwaturira imbere ya Data wo mw ijuru. Arik’ umuntu wese azonyihakanira imbere y’abantu, nanje nzomwihakanira imbere ya Data wo mw ijuru. »(Matayo 10:32-33)

None duhakana dute Yesu? Muvy’ukuri, ntibihagije kuvuga ko wemera Imana na Yesu Kristo kandi ko Mpwemu Yera aba muri wewe. Ubuzima bgawe mbere y’abantu butegerezwa kubishingira intahe.
Nimba ibikorwa vyawe, imyitwarire yawe n’ubuzima bgawe bidahuye n’amajambo watura, n’ubugombe bg’Imana n’ijambo ryayo, ayo majambo yawe n’ay’ubusa. Kandi muvy’ukuri, uba wihakanye uwo watuye mu majambo.
Erega, muvyukuri, ubishaka canke utabishaka, biciye mu ngendo yawe n’ubuzima bgawe, urerekana umwami wawe uwo ari we, ko ari Yesu canke Satani. Niba mbere y’abantu, ubuzima bgawe bushingir’intahe ko Yesu ari we ayobora ibikorwa vyawe, n’ivyiyumvo vyawe, uba watuye mu ngiro Yesu kandi nawe azokwatura imbere ya se.
Ariko nimba mu bundi buryo, n’aho watura mu majambo ko Yesu ari Umwami wawe, ariko wereka abantu ko atari Yesu ari hagati y’ubuzima bgawe, ko atari we ayobora ibikorwa vyawe n’ivyiyumviro vyawe, menya ko umwihakana.
Muri ico gihe, ubaye umunyakuri, ntiwokwizera ko nawe azokwaturira imbere ya Se, mw’Ijuru.

IGISABISHO:
Uhoraho Mwami Mana yacu, udufashe kutazigera twihakana umwana wawe imbere y’abantu.
Ni mw’izina ridasanzwe ry’umwana wawe Yesu Kristo nyene tubisavye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

GIVE, DON’T SAY: COME BACK TOMORROW !

Why to postpone until tomorrow a benefit that can be done today?
Don’t do it anymore if you’re used to doing it. The Bible forbids us from doing so.

« Do not say to your neighbor, « Come back later; I’ll give it tomorrow »–when you now have it with you. »(Proverbs 3:28)

When someone is in need, and you have the ability to meet that need, and that person is worthy of your support, do not hesitate, do not wait, do not withhold your help. Help him.
Do not delay your charity until « tomorrow », because perhaps tomorrow will not be available to you, like today. An obstacle may arise in the meantime. Your wealth may perish, or you or your neighbor, before tomorrow. You are wasting his time, prolonging his torture and making him ashamed to beg a second time.

PRAYER:
Lord our God, give us the courage to always give to others what they need if we have it.
It is in the precious name of your son Jesus Christ that we pray, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

DONNEZ, NE DITES PAS: REVIENS DEMAIN !

Pourquoi reporter à demain un bienfait qu’on peut faire aujourd’hui?
Ne le faites plus si vous avez l’habitude de le faire. La Bible nous en interdit.

« Ne dis pas à ton prochain: Va et reviens, Demain je donnerai! quand tu as de quoi donner. »(Proverbes 3:28)

Lorsqu’une personne est dans le besoin, que vous avez la capacité de subvenir à ce besoin et que cette personne est digne de votre soutien, n’hésitez pas, n’attendez pas, ne retenez pas votre aide. Aidez-la.
Ne retardez pas votre charité à «demain», car peut-être que demain ne sera pas à votre disposition, comme aujourd’hui. Un obstacle peut survenir entre-temps. Votre richesse peut périr, ou vous-même ou votre prochain, avant demain. Vous lui faites perdre son temps, vous prolongez sa torture et lui faites honte de mendier une seconde fois.

PRIÈRE:
Éternel notre Dieu, donnez-nous le courage de toujours donner aux autres ce dont ils ont besoin si nous en avons.
C’est dans le nom précieux de votre fils Jésus-Christ que nous prions, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA

TANGA, NTUVUGE NGO: UZAGARUKE EJO !

Kuberiki usubika kugeza ejo icyiza ushobora gukora uyu munsi?
Ntukongere kubikora, niba umenyereye kubikora, umenye ko ari bibi, ko na Bibiliya itubuza kubikora.

« Ntukarerege mugenzi wawe uti « Genda uzagaruke ejo mbiguhe » kandi ubifite iruhande rwawe. »(Imigani 3:28)

Iyo umuntu afite ibyo akeneye, kandi ufite ubushobozi bwo guhaza ibyo bikenewe, kandi koko uwo muntu akwiriye inkunga yawe, ntutindiganye, ntutegereze, ntukabure kumufasha. Mufashe.
Ntukarerege imfashanyo yawe kugeza « ejo », kuko, ahari ejo, ushobora kutazaboneka. Hashobora kuvuka Intambamyi hagati aho. Ubutunzi bwawe bushobora kurimbuka, cyangwa nawe ushobora kuba utazaba ukiriho, cyangwa n’uwo mugenzi wawe akaba atakiriho.
Ubwiye mugenzi wawe uti « Genda uzagaruke ejo mbiguhe » uba urimo guta igihe cye kuko ibyo agusaba ashobora kuba abikeneye muri uwo mwanya nyine, kandi uba umwishe mu mutima kuko agira isoni zo kuzongera gusabiriza ubugira kabiri.

ISENGESHO:
Uwiteka Mwami Mana yacu, duhe ubutwari bwo guhora duha abandi ibyo bakeneye niba tubifite.
Ni mu izina ry’agaciro ry’umwana wawe Yesu Kristo tubisabye, Amen.

THE LION OF JUDAH MINISTRY IN THE WORLD©
thelionofjudahmission@gmail.com
☎: +250 730 900 900
KIGALI – RWANDA